Kuri uyu wa mbere, Banki y’isi yasinye amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 120 z’amadolari ya America na Leta y’u Rwanda azajya mu bikorwa byo kongerera ubushobozi urwego rw’uburezi n’abanyarwanda bajya ku isoko ry’umurimo. Iyi nguzanyo Leta izayihabwa mu gihe cy’imyaka itatu (3), ndetse ikaba izanyura mu Ngengo y’Imari ya Guverinoma. Ni inguzanyo ifite inyungu ya 0,7%, […]Irambuye
Kuri uyu wa 13 Nyakanga, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe imigabane 69 200 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 4 844 000. Iyi migabane yacurujwe ku giciro cy’amafaranga 70 Frw ku mugabane, ari nacyo giciro wariho ejo hashize. Ibiciro by’imigabane y’ibindi bigo birindwi (7) biri ku Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock […]Irambuye
Kuri uyu wa 13 Nyakanga, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wakomeje kuzamua, wageze ku mafaranga 107.24 Frw. Uyu mugabane wageze ku mafaranga 107.24 Frw, uvuye ku mafaranga 107.22 Frw wariho ejo kuwa gatatu, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0,02 Frw. Kuva iki kigega cyatangira mu mpera […]Irambuye
Kuri uyu wa 11 Nyakanga, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wakomeje kuzamua, wageze ku mafaranga 107.19 Frw. Uyu mugabane wageze ku mafaranga 107.19 Frw, mu gihe ejo kuwa mbere wari ku mafaranga 107.17 Frw, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0,02 Frw. Kuva iki kigega cyatangira mu […]Irambuye
Ibigo bishinzwe gutwara abantu byari bimaze iminsi bikorera imbere y’inzu z’ubucuruzi, kuri ubu byatangiye gukorera by’agateganyo muri Gare iri hafi ku kuzura. Hari hashize igihe iyi Gare nshya itegerejwe n’abacuruzi batari bake nubwo imirimo yo kuyubaka no kuyitaha yagiye yigizwa inyuma bitewe n’uko amafaranga yagendaga aboneka. Gutinda kuzura kandi kw’inyubako ya gare biri mu bintu […]Irambuye
Kuri uyu wa 10 Nyakanga, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe impapuro mvunjwagaciro z’umwenda wa Leta n’iz’abikorera (Treasury Bond) n’imigabane ya I&M Bank bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 25 019 000. Kuri uyu mbere hacurujwe ‘Treasury Bond’ zifite agaciro k’amafaranga 25 000 000 zacurujwe ku mafaranga ari hagati ya 102.7 – 103.69 Frw ku […]Irambuye
Kuri uyu wa 10 Nyakanga, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wakomeje kuzamua, wageze ku mafaranga 107.17 Frw. Uyu mugabane wageze ku mafaranga 107.17 Frw, mu gihe kuwa gatanu w’icyumweru gishize wari ku mafaranga 107.08 Frw, bivuze ko mu minsi itatu gusa uzamutseho amafaranga y’u Rwanda +0,09 Frw. […]Irambuye
Imibare yasohowe kuri uyu wa mbere n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare igaragaza uko ibiciro byari byifasha ku masoko y’u Rwanda muri Kamena 2017, irerekana ko ibiciro ku masoko byamanutseho -0.8% mu kwezi gushize. Ibiciro ku masoko yo mu mijyi ari nabyo bigenderwaho ugereranyije ukwezi kwa Kamena 2017 n’ukwezi kwa Gicurasi 2017, ibiciro byagabanutseho -0.8%, iri gabanuka ngo […]Irambuye
Uruganda rukora ibiryo by’amatungo birimo iby’amafi, inkoko n’ingurube, ruzatangira gukorerwa igerageza mu cyumweru gitaha, ruje gukemura ikibazo cy’ibiciro cy’ibiryo by’amatungo byari bihenze kuko byavaga kure. Ni uruganda ruzuzura rutwaye miliyari enye na miliyoni 300 z’amafaranga y’u Rwanda. Biteganijwe ko mu cyumweru gitaha ari bwo hazatangira gukorwa igeragezwa ryarwo. Nigwize Regine, umworozi w’inkoko avuga ko ibyo […]Irambuye
Kuri uyu wa 06 Nyakanga, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga 107.05 Frw. Uyu mugabane wageze ku mafaranga 107.05 Frw, uvuye ku mafaranga 107.03 Frw wariho kuri uyu wa gatatu, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.02 ugereranyije n’igiciro wariho ejo hashize. Kuva mu mpera […]Irambuye