Mu ijoro ryo ku wa gatandatu tariki 26 Werurwe, Perezida Kagame aganiraga n’abavuga bakumvwa mu Ntara y’Iburengerazuba, ku iterambere ry’igihugu na zimwe mu nzitizi zihari, yakomoje no ku iterabwoba ryugarije Isi, yasezeranyije ingamba zikaze ku muntu wese ufitanye isano n’iterabwoba mu Rwanda. Nubwo hari ibikorwa byo gutera za garinade ahantu hanyuranye mu Mujyi wa Kigali […]Irambuye
Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 29 Werurwe 2016 mu byemezo yafashe harimo gusimbuza abari abayobozi bakuru b’urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa, iyi nama yasabye kandi ababyeyi n’abarezi mu mashuri ya Leta n’ayigenda kwirinda cyane imirimo ivunanye ikoreshwa abana no kurengera uburenganzira bw’umwana cyane cyane ubwo kwiga. Iyi nama yemeje ba abahagarariye ibihugu byabo […]Irambuye
Amavubi y’u Rwanda yakoze ibyo ataherukaga, bitanu ku busa bw’ibirwa bya Maurices biheruka kuyatsinda kimwe ku busa. Mu mukino wari ubuntu kwinjira kuri stade kugira ngo bongere kugarura abantu ku kibuga nyuma y’umusaruro mubi, Amavubi yabigezeho, ariko urugendo rwo kujya muri CAN 2017 ruracyakomeye… Amavubi yarushije cyane Iles Maurices, buri wese wabonye uyu mukino yibaza […]Irambuye
Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) Dr Rose Mukankomeje ufunze kuva tariki 20 Werurwe, tariki 24 Werurwe no kuri uyu wa mbere tariki 28 Werurwe 2016 yashyikirijwe Ubushinjacyaha amenyeshwa ibyaha aregwa ndetse arabazwa. Umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda yabwiye Umuseke ko yakiriwe bwa mbere n’Ubushinjacyaha kuwa kane ushize tariki 24 akamenyeshwa ibyaha akurikiranyweho akongera […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya mu nzego zinyuranye z’ingabo, ndetse na Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Aba bayobozi bose yabasabye gukomeza iterambere bafasha abaturage kugera ku ntego bafite. Abarahiye ni Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr Diane Gashumba, Major General Jacques Musemakweli umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Brig General Charles Karamba […]Irambuye
*Mutubwira ko mufite research centers, ko abazirimo babizi, babyumva,bajyayo bagasinzira? *Ikibazo cy’imbuto kitarangira cyarangira gite? Perezida Kagame abaza MINAGRI *RAB iti “Ikibazo cyaba giterwa no gushaka kwihuta vuba mu buhinzi n’ubworozi.” *Abashakashatsi mu buhinzi bamaze kuba 103 gusa, ariko ntibahabwa ubushobozi bwo gukora *Bwa mbere, ubushakashatsi mu buhinzi bigiye kubona budget ya miliyari irenga Urwego […]Irambuye
*Imibanire myiza hagati y’Abaturage iri kuri 96.1% muri rusange *Ubumwe n’ubwiyunge buri kuri 92.5%, *Abakirebera mu ndorerwamo z’amoko ngo biri kuri 27.9%… *Bishop Rucyahana ati “Mbere y’uko Abakolini baza abantu bari bakize kurusha ubu? Ko babanaga?” *Fidel Ndayisaba yemeza ko ‘Ndi Umunyarwanda’ hari byinshi yakemuye kandi izakomeza kubikemura. Hasuzumwa raporo y’ibikorwa bya komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge […]Irambuye
Mu ijoro ryakeye Cecile Kayirebwa yakoreye igitaramo muri Milles Collines, igitaramo gihebuje ubwiza bw’umuco w’u Rwanda mu ndirimbo. Yataramiye abantu babarirwa kuri 300 yari yateganyije benshi bagaragaza ko bishimiye cyane, wari umwanya kandi wo kubamurikira Album ye nshya. Kayirebwa ni umuhanzi mukuru mu bakiriho wamamaye cyane mu Rwanda kuva mu myaka 30 ishize, izina rye […]Irambuye
Ikiraro kiri ku mugezi wa Mukambazi hagati y’imirenge ya Gashari na Rugabano ugana kano no mu murenge wa Mutuntu kimaze imyaka ine cyaracitse, ubuhahirane hagati y’iyi mirenge bwajemo ibibazo, abanyeshuri iyo umugezi wuzuye ntibambuka, abayobozi ku murenge batanze raporo ku karere ariko kugeza ubu ntakirakorwa. Abatuye Akagali ka Birambo mu murenge wa Gashari n’abatuye mu […]Irambuye
Mu ijambo yabwiye abaturage bari bateraniye kuri Stade Umuganda i Rubavu, kuri uyu wa Gatandatu Perezida Paul Kagame, amaze gutera imikindo inyuma ya Stade no gusura ibikorwa ab’i Rubavu bagezeho, yanenze abayobozi b’inzego z’ibanze bakoresha ibigenewe abaturage mu nyungu zabo bigatuma abaturage baguma mu bukene, avuga ko bidatinze abayobozi nk’abo bazakurikiranwa bagashyirwa aho bagomba kuba […]Irambuye