Abasore batatu n’umukobwa umwe bafatiwe mu karere ka Musanze nyuma yo kwiba ibintu by’agaciro kagera kuri miliyoni 10 bakoresheje gushukana ko ari abakozi ba CARITAS Rwanda. aba bafatatiwe i Musanze nyuma yo gukora ubu butekamutwe mu duce twa Musanze, Muhanga na Rubavu nk’uko bamwe mu bo bibye babibwiye Umuseke. Umwe mu bo bibye mu karere […]Irambuye
Ahagana saa cyenda kuri uyu wa gatanu mu karere ka Rusizi haguye imvura nyinshi maze mu abagore babiri bo mu mudugudu wa Gashari akagali ka Kizura umurenge wa Gikundamvura inkuba irabakubita bari ku nzira bajya ku isoko bahita bagwa aho, uwa gatatu wari kumwe nabo wo mu mu murenge wa Rwimbogo we yakomeretse bikomeye. Aba […]Irambuye
Mu rugendo rw’iminsi itatu arimo mu Ntara y’Amajyaruguru n’iy’Iburengerazuba, kuri uyu wa gatanu tariki 25 Werurwe, 2016, Perezida Paul Kagame yijeje abaturage umutekano usesuye abasaba gufatanya n’ubuyobozi avuga ko abashaka kubuza u Rwanda umutekano bagihari, ariko ngo “uzatwitambika imbere bizamugwa nabi.” Imbere y’imbaga y’abturage benshi bari bishimye, Perezida Kagame yatangiye ijambo rye akomoza ku byo […]Irambuye
*Mu mezi atatu babonye umuriro ingo 100 zahise ziwukurira *Ubuzima buri guhinduka vuba cyane ku rubyiruko Ni Umurenge uri mu cyaro cy’Akarere ka Karongi uhana imbibi n’Akarere ka Nyamagabe, ni umwe mu mirenge micye mu Rwanda yari isigaye itarageramo amashanyarazi kugeza mu mpera z’umwaka ushize. Ubu iyo winjiye muri centre ya Gahunduguru ari nayo iteye […]Irambuye
Umugabo witwa Mbarushimana utuye mu karere ka Gasabo araregwa n’ikigo cy’imisoro n’amahooro kuba amaze imyaka ine akoresha impapuro mpimbano anyereza imisoro ya leta akoresheje uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi bwa EBM kandi atari umuntu ukora ibikorwa by’ubucuruzi, ubu ari mu maboko ya polisi y’igihugu. Uyu mugabo ngo yagiye muri RDB yandikisha kampanyi ebyiri ze; imwe ayita […]Irambuye
*Imihanda bakora naje, ntabwo aribyo, *Abayobozi barya ibyagenewe gufasha abaturage turabahagurukira vuba, *Ivuriro rya Gatonde ryemerewe abaturage mu 1999 hari na bamwe muri mwe ryemewe mutaravuka, *Abayobozi mujye murangiza ibibazo igihe abo mwandikeye batabikemuye, nyuma na bo bazajya babibazwa. Kuri uyu wa kane, ibihumbi by’abaturage baturutse mu mirenge 11 y’Akarere ka Gakenke, n’imirenge y’uturere bihana […]Irambuye
*Mu gihembwe gitaha ngo company zose zizaba zifite ubu buryo bw’ikoranabuhanga *Smart Card umugenzi ategesha zizahuzwa na machines za Company zose * RURA iravuga ko transport muri Kigali yifashe neza kurusha ikindi gihe cyose mbere Nyuma ya KBS, Royal Express kuva mu ntangiriro z’uku kwezi nayo yatangiye uburyo bwo gukoresha ikoranabuhanga rya Smart Card mu […]Irambuye
*Muri Kaminuza y’u Rwanda haravugwa ibibazo byo kudahembera igihe abakozi bamwe; *Kaminuza ngo yagize ikibazo cy’amafaranga byatumye bimwe bitishyurwa ku gihe; *Gusa, Ubuyobozi bwa Kaminuza buti “Abo byagizeho ingaruka tubasabye imbabazi”. Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda (UR) buvuga ko ikibazo cyo kudahemba abakozi bamwe no kutishyurira igihe ibigo bimwe na bimwe bakorana byatewe n’uko aho […]Irambuye
*Abaryubatse ngo bagiye barita kandi hari amafaranga bishyuwe ngo bakore *Abaturage bubatse ibyumba by’aya mashuri barambuwe *Ubwo Perezida aheruka mu Birambo bagiye kumubaza iki kibazo abayobozi barakomakoma ngo bagiye kubishyura kugeza n’ubu Ishuri ribanza rya Musonagti riherereye mu kagali ka Rugobagoba mu murenge wa Gashari mu karere ka Karongi, ni urugero rw’imikorere mibi ya bamwe […]Irambuye
*Dr Niyitegeka yabwiye Umucamanza ko uwamufunze atigeze ashishoza *Avoka we ngo umukiliya we nafungurwe burundu kandi ngo nibiba ngombwa azaregera indishyi z’imyaka 8 amaze muri Gereza *Umuyobozi wa Gereza avuga ko icyemezo gifunga Dr Niyitegeka cyubahirije amategeko kandi ko adashobora kunyuranya nacyo,…Yatse Indishyi zo gusiragizwa *Uruhande rw’umuyobozi wa Gereza ruti “Hasigaye imyaka 7, Dr Niyitegeka […]Irambuye