Mu muhango wo kwibuka abatutsi bishwe muri Jenoside mu murenge wa Karama mu karere ka Huye wabaye kuwa gatandatu tariki ya 23,hashyinguwe n’imibiri y’abantu 15 yabonetse ahantu hatandukanye muri uyu murenge harimo iyabonetse abo bakoraga amaterasi y’indinganire hamwe n’iyabonetse kubera ingurube zariho zishaka ibyo zirya. Aba 15 bashyinguwe mu cyubahiro babonetse mu Murenge wa Karama, […]Irambuye
Abaturage bo mu Mudugudu wa Kagarama, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo basenyewe n’amabuye mu bikorwa byo kubaka umuhanda Rusizi–Karongi–Rubavu wubatswe n’Ikompanyi y’Abashinwa yitwa ‘China Road Corporations’ ngo amaso yaheze mu kirere bategereje ubufasha bemerewe bwo kongera kubaka inzu zabo bakava mu bukode. Inzu z’abaturage banyuranye zasenywe n’amabuye mu gihe haturitswaga intambi, hashakwa inzira yo […]Irambuye
Mu ijoro ryo kuwa gatandatu (tariki 23 Mata) rishyira ku cyumweru kuri iki cyumweru tariki 24 Mata, icyamamare mu muzika wa Rumba, Umunye-Congo Jules Shungu Wembadio Pene Kikumba uzwi nka “Papa Wemba” yaguye ku rubyiniro “Stage” mu gitaramo cye cya nyuma ku Isi yakoreye i Abidjan muri Côte d’Ivoire. Papa Wemba wakunzwe mu ndirimbi nyinshi, […]Irambuye
UDAHEMUKA Aimable, umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi yatangaje ko hari inka 217 zagombaga kwiturwa muri gahunda ya Girinka zaburiwe irengero, kubera ko abaturage bagombaga kwitura bagenzi babo bazinyereje. Ibi umuyobozi UDAHEMUKA Aimable yabitangaje mu gikorwa cyo kuremera abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye 21 cyateguwe n’abakozi ba Banki ya Kigali, ku bufatanye na Station ya Kobil. Banki […]Irambuye
*Imibu ishobora kuza mu ndege, mu bwato no mu modoka – umuganga * Mu 2014: Abarwaye Malaria mu Rwanda ni miliyoni 1,3 ,Burundi miliyoni 1,4 ,DRC miliyoni 21 *Uyu mwaka uzarangira mu Rwanda hatanzwe inzitiramubu miliyoni eshanu I Kigali – Mu nama ihurije hamwe impuguke mu bya Malaria zo mu karere k’Afurika y’Uburasirazuba no ku […]Irambuye
Abantu/umuntu bataramenyakana mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuri uyu wa gatanu tariki 22 Mata 2016 bafashe igitambaro kiriho amagambo ajyanye n’ibihe byo kwibuka bakivana aho cyari kimanitse ku rwibutso rwa Ruhunda bakijyana ku itongo ry’uwarokotse Jenoside uherutse gutanga ubuhamya mu muhango wo gushyingura imibiri y’abantu batanu bishwe muri Jenoside aha mu murenge wa Gishari. […]Irambuye
*Mukamurenzi Louise wari igitambambumbuga muri Jenoside, nta muntu wa hafi, haba kwa se na nyina, wasigaye, yashimiye abamuhishe. Amateka y’u Rwanda rwo hambere atugaragariza ko Ubunyarwanda bwabaye ishingiro ry’ubutwari bwo kubaka igihugu no kukirinda. Isano Abanyarwanda bemeraga ko basangiye yabasangizaga urukundo n’ishema bari bafitiye u Rwanda. Ibi byaheshaga Abanyarwanda igitinyiro imbere y’amahanga kugeza ku mwaduko […]Irambuye
*Isoko ryo kubaka izo nzu ryatanzwe na MINISANTE mu 2012 *LATIGE Ltd yibakaga izo nzu yagiranye amasezerano Dr Ndagijimana Uziel ataranjya muri MINECOFIN Inyubako esheshatu zirimo inzu yo kubyarizamo yari yatangiye kubakwa ku Kigo Nderabuzima cya Mubuga, n’izindi eshanu zagenewe gukorerwamo n’abaganga bafasha abafite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA, muri gahunda ya VCT (Voluntary Counseling Treatment) […]Irambuye
Mu gitondo ahagana saa moya z’igitondo kuri uyu wa gatanu ikamyo ya ‘dix pneus’ yarekezaga i Rusizi ivuye i Kigali biravugwa ko yacitse feri maze igonga abanyegare batatu barapfa yitura hasi n’umushoferi wayo akahasiga ubuzima. Yabereye ahitwa mu cyapa mu murenge wa Mbazi. Iyi mpanuka yabereye hepfo gato y’amasangano y’umuhanda werekeza ku mashuri na Kiliziya […]Irambuye
*Umushahara fatizo (minimum wage) uzashyirwaho hagendewe ku mwuga umuntu akora, *Bizakemura ikibazo cy’abantu benshi bakoreraga intica ntikize. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku myiteguro y’Umunsi Mpuzamahanga w’Umurirmo wizihizwa tariki ya 1 Gicurasi, Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yavuze ko umushahara fatizo ku isoko ry’umurimo mu Rwanda, bikiri ku rwego rw’ibiganiro ariko ngo bidatinze ibiganiro bizaba birangiye, ushyirweho […]Irambuye