Kigali- Kuri uyu wa 10 Mutarama 2015 mu kiganiro n’Abanyamakuru i Kibagabaga ku ishami rya MONUSCO mu Rwanda, Martin Kobler uyoboye ubutumwa bwa MONUSCO yavuze ko imyiteguro yo kugaba ibitero ku barwanyi b’umutwe wa FDLR yarangiye igisigaye ari uguhabwa uburenganzira, avuga ko hari ikibazo cya Politiki hagati ya y’imiryango ya SADC na ICGLR igatanga uburenganzira ibitero bigahita […]Irambuye
Ikiraro gishya kandi kigezweho cya 80m z’uburebure ndetse n’inyubako z’umupa umwe hagati ya Tanzania n’u Rwanda byubatswe ku nkunga y’Ubuyapani bikuzura mu mpera z’umwaka ushize, nibyo byafunguwe ku mugaragaro na Prof Akihiko Tanaka umuyobozi w’ikigo cy’ubufatanye mpuzamahanga cy’Ubuyapani JICA mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu. Abayobozi ku mpande za Kagera District muri Tanzania n’Akarere […]Irambuye
09 Mutarama 2015 – Bernard Kayumba wari umuyobozi w’Akarere ka Karongi yatawe muri yombi na Polisi i Karongi mu iperereza rikomeje gukorwa ku bibazo bivugwa ko biri inyuma yo kwegura kwe. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’uyu muyobozi yatangiye kumenyekana ahagana saa cyenda z’amanywa kuri uyu wa gatanu. Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba yirinze guhakana cyangwa ngo […]Irambuye
Ubwo urubyiruko rwaturutse muri Sudan y’Epfo, Tanzania, Kenya, Uganda, Burundi n’u Rwanda rwasuraga Sena y’u Rwanda, umwe muribo yabajije Visi Perezida wa Sena ushinzwe Imari n’Ubuyobozi, Mme Jeanne d’Arc Gakuba kugira icyo avuga ku iyegura ry’abayobozi b’uturere (Mayors) bimaze iminsi bivugwa, asubiza ko ‘umuyobo utuzuza inshingano agomba kubisa abandi.’ Uru rubyiruko rugera kuri 14 rwaturutse […]Irambuye
Gasabo, 09 Mutarama 2015 – Emmanuel Habumugisha afungiye kuri station ya Police ku Kimironko mu mujyi wa Kigali nyuma yo gufatanwa ibiro 33 by’urumogi avuga ko yivaniye mu karere ka Kirehe aje kubicuruza mu mujyi wa Kigali. Uyu mugabo w’imyaka 31 yari amaze amezi atatu avuye muri gereza Kimironko azira nanone gufatanwa urumogi. Ubwo Polisi […]Irambuye
Rwamagana, 08 Mutarama 2015 – Ministri w’umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fazil Harerimana ubwo yasuraga gereza ya Rwamagana kuri uyu wa kane yatangaje ko abayobozi b’amagereza bafunga abantu kandi nta dosiye y’ufunzwe bafite nabo ubwabo bakwiye gukurikiranwa bakabihanirwa. Ni nyuma y’uko bamwe mu bafunze muri iyi gereza bavugaga ko nta dosiye bafite. Abafungiye muri iyi gereza bahawe […]Irambuye
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki ya 8 Mutarama, Mininisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo n’abaminisitiri b’Ububiligi Didier Reynders w’Ububanyi n’Amahanga na Alexander De Croo w’Iterambere n’Ubutwererane, yavuze ko u Rwanda n’Ububiligi bifitanye umubano urenze kure inkunga ya miliyoni 40 z’ama Euro ndetse avuga ko n’iyo iyi nkunga yahagarara u Rwanda ruzakomeza […]Irambuye
Inama Njyanama z’uturere twa Karongi na Nyamasheke mu gutondo cyo kuri uyu wa 08 Mutarama 2015 zakiriye ubwegure bw’abayobozi b’utu turere Habyarimana Jean Baptiste wayoboraga aka Nyamasheke na Bernard Kayumba wayoboraga aka Karongi hose mu Burengerazuba. Mu kiganiro kigufi, umwe mu bayobozi bakuru mu karere ka Nyamasheke yagiranye n’Umuseke, yagize ati “Ibyo kwegura kwa Mayor tugiye […]Irambuye
Philippe Turatimana Umuyobozi w’ubwisungane mu kwivuza mu Karere ka Karongi amaze amajoro abiri mu maboko ya Polisi i Karongi. Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko na bamwe mu bayobozi bandi muri aka karere ndetse n’umuyobozi wako bamaze iminsi bategetswe kwitaba inzego z’umutekano buri gitondo. Nubwo iperereza rigikomeje, Turatimana kimwe n’abandi bayobozi barakorwaho iperereza ku kibazo cy’uburyo […]Irambuye
Imyanzu y’ibibazo bitatu niyo urwego rw’abanymakuru bigenzura (Rwanda Media Commission) kuri uyu wa 07 Mutarama2015 mu kinaganiro n’abanyamakuru yatanzwe harimo umwanzuro wa Munyankiko Frodouald, wareze City Radio kumusebya mu kazi ke, umwanzuro ku kibazo cya Gregoire Muramira umuyobozi w’ikipe y’ Isonga FC urega abanyamakuru bakora ikiganiro cy’imikino kuri Radio 10 kumubeshyera no kumusebya, hanatanzwe umwanzuro […]Irambuye