15 Mutarama 2015 – Mu kiganiro cya mbere n’abanyamakuru muri uyu mwaka wa 2015 Perezida Kagame yasubije ibibazo bitandukanye, ibya FDLR, iby’icyerekezo 2020, icy’iterabwoba riherutse mu Bufaransa, ndetse n’icyabayobozi b’uturere baherutse kwegura mu Rwanda ni bimwe mu byo yatinzeho. Kuri iki cyanyuma yavuze ko nta muyobozi wegura ku mapmvu ze bwite ahubwo hari ibibazo baba […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu Saa mbiri z’ijoro zirenzeho iminota mike Police Mpuzamahanga ibinyujije kuri Police ya Uganda yashyikirije ubutabera bw’u Rwanda Birindabagabo Jean Paul ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 mu cyahoze ari Komini Sake Segiteri ya Rukumberi muri Perefegitura ya Kibungo akaba yahise yoherezwa kuri Station ya Police ya Kicukiro. Uyu […]Irambuye
14 Mutarama 2015 – Mu kiganiro Komiseri mukuru w’Urwego rw’imfungwa n’abagororwa Gen Paul Rwarakabije yahaye abanyamakuru kuri uyu wa gatatu cyabereye ku kicaro gikuru cy’uru Rwego, yemeje ko muri uyu mwaka w’amashuri 2015 abagororwa bazakora ibizamini bya Leta nk’abandi banyeshuri bose bo mu Rwanda bujuje ibisabwa. Gen Rwarakabije yasobanuye ko mu myaka yashize bagiranye ibiganiro […]Irambuye
Mu rwego rwo gusuzumira hamwe ubushobozi bw’igihugu mu kwakira impunzi zibaye nyinshi, kuri uyu wa 14 Mutarama 2015 mu ishuri rikuru rya polisi mu karere ka Musanze hatangijwe umwitozo wiswe ‘Twitegurire hamwe’ witabiriwe na Minisiteri y’impunzi n’ibiza(MIDIMAR), Umuryango mpuza mahanga wita ku mpunzi(UNHCR),polisi ndetse n’abafatanyabikorwa mu kwita ku mpunzi batandukanye. Uyu mwitozo urimo ukorwa kuva […]Irambuye
14 Mutarama 2015 – Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yemereye ikinyamakuru Umuryango ko Habyarimana Jean Baptiste uherutse kwegura ku buyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ubu afungiye kuri station ya Polisi ku Kicukiro. Jean Baptiste Habyarimana yeguriye umunsi umwe na Bernard Kayumba, nawe ubu ufunze, ku itariki ya 08 Mutarama 2015. Habyarimana yeguye avuga ko yumvaga ananiwe, […]Irambuye
Umuturage w’umunyacongo utuye muri teritwari ya Walikare ahitwa Kitshanga ahegereye muri teritwari ya Masisi yaganiriye n’umunyamakuru w’Umuseke i Rubavu, amusaba kudatangaza amazina cyangwa ifoto bye kuko ikiganiro bagiranye cyamugiraho ingaruka mbi, yemeza ko we n’abaturanyi be ari bo bantu bibaza igihe n’uburyo FDLR izaranduka mu gihugu cyabo, akavuga ko ikizere bafite ari gike kuko aba […]Irambuye
Abayobozi bo mu karere ka Gatsibo bavuga ko gahunda ya girinka imaze guteza imbere mu buryo bugaragara abaturage bo muri ako karere ariko abaturage bo bakavuga ko igaragaramo ruswa ikabije bityo bigatuma inka zihabwa abakire, dore ko ngo kugira ngo umuturage ahabwe inka bisaba kuba nibura yatanze amafaranga 10 000 ndetse ngo hari abazihabwa bakazigurisha […]Irambuye
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere tariki 12 Mutarama 2015, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Agnes Binagwaho yavuze ko ubwiyongere bw’indwara ya Malaria muri iyi minsi bufitanye isano n’inzitaramibu miliyoni 3 zinjiye mu Rwanda zigahabwa abaturage ariko zidafite umuti uhagije, gusa ngo izisaga ibihumbi 800 zarasimbujwe hasigaye gusimbuzwa izindi miliyoni 2,1. Iki kiganiro ahanini cyari kigamije […]Irambuye
Kacyiru, 12 Mutarama 2015 – Minisiteri y’uburezi yatangaje ko muri rusange abitabiriye ibizamini bya Leta mu mashuri abanza ari 95.05% by’abari biyandikishije kubikora, mu mwaka ushize hakoze 94,04% by’abari biyandikishije. Naho mu mashuri yisumbuye ikiciro cya mbere uyu mwaka hitabiriye 97,77% by’abiyandikishije mu gihe mu mwaka ushize hari hitabiriye 97,32%. Minisiteri y’ubuzima ikaba ivuga ko […]Irambuye
Mu masengesho yo gusengera igihugu cy’u Rwanda yabereye i Kigali kuri uyu iki cyumweru, Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda gukora cyane, asaba abayobozi b’igihugu gukorera hamwe mu nyungu z’abaturage, agaya abakora bigwizaho umutungo ndetse n’abarenzwe bibagiwe ibihe bibi banyuzemo. Aya masengesho yitwa ‘Breakfast Prayer’, akaba ategurwa n’ihuriro ry’amatorera “Rwanda Leaders Fellowship” yari ayobowe na Pastori Antoine […]Irambuye