Digiqole ad

Uyu munsi mu mahanga bizihije umunsi wo kwambara amakariso

Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 14 Mutarama ahantu hatandukanye ku Isi bizihije umunsi wahariwe kwambara amakariso gusa. Ubundi uyu munsi wizihizwa mu byiciro bitandukanye aho bamwe bawizihiza muri  Mutarama naho abandi bakawizihiza  ku italiki ya mbere muri Werurwe buri mwaka.

Umunsi mukuru wo kwambara amakariso witabiriwe
Umunsi mukuru wo kwambara amakariso witabiriwe

Uyu munsi watangijwe ubwo umugabo umwe wo muri New york yibagirwaga kwambara ipantalo akajya gutega Gariyamoshi. Akigera muri Gariyamoshi abantu baramishungereye bakamureba ariko agashimishwa n’ukuntu bamwitayeho.

Umunsi wakurikiyeho, urubyiruko rwinshi rwifatanyije nawe maze bihinduka umunsi mukuru muri uriya mujyi.

Uyu munsi uzwi ku izina rya No Pants Day wizihirizwa muri za Gariyamoshi aho abantu bo mu mwaka itandukanye bahura biyambariye amakariso gusa kandi ukabona nta kibazo.

N'abasheshe akanguhe baba biyambariye amakariso nta kibazo
N”abasheshe akanguhe baba biyambariye amakariso kuri uyu munsi.
Baba bisomera ibinyamakuru nta kibazo
Baba bisomera ibinyamakuru nta kibazo
Uyu we yipfuye agasoni akingaho ishati ndende
Uyu we yipfuye agasoni akingaho ishati ndende n’amaburuteri ku masogisi
Aba  bagiye gukatisha matike ya Gariyamoshi
Aba bagiye gukatisha matike ya Gariyamoshi
Umwana na Nyina biyambariye amakariso
Umwana na Nyina biyambariye amakariso
Biyicariye muri Gariyamoshi n'amakariso nta kibazo namba
Biyicariye muri Gariyamoshi n’amakariso nta kibazo namba
Bashyikiranye na bagenzi babo
Bari kwiganirira nta kibazo rwose
Bategereje ko umuryango wa Gariyamoshi ukinguka bakinjira
Bategereje ko umuryango wa Gariyamoshi ukinguka bakinjira

Source:redpepper

ububiko.umusekehost.com

0 Comment

  • Imana yafashe icyemezo cyo kuzarangiza isi yari yumiwe koko. Muhungire muri YESU muzabeho iteka mw´isi nshya. Kandi nimumara kwakira YESU ntimwifantanye n´abiki gihe. Naho Abantu biki gihe nibitaribi bazabikora. None umuntu ufite umutima yakora uyu mwanda ko ntakundi nabyita.

  • Akanakumirooooooooooooo.com

  • Ndatangaye pee!!ariko se mu Rwanda ho bite uyu munsi ntabwo ubareba? aka ni agatangaza pee!!

  • ngiyo imico y’abazungu iba yuzuyemo umurengwe! ubwo natwe ejo ngo twatanzwe!!! shit.

  • BARANEZEREWE BAFITE BA ENJOYING UBUZIMA NI ISI, BAFITE IKIZERE, NAHO TWE NI UKWIRIRWA TWICANAAAA, TURI INYAMASWA GUSA NAGO INGUGE!!

  • isi igeze mugihe ca sodoma nagomora
    Yesu wenyi nyirimbabazi niwe wababarira abatuye isi.

  • isi igeze mugihe ca sodoma nagomora
    Yesu wenyi nyirimbabazi niwe wababarira abatuye isi.naho ubundi sodo iba yararenganye yuko ibikorerwa kwisi ubu ntaho bitaniye nibyo hambere.

  • ahahahah!!!!hari nabazajaya baizihiza umunsi mpuzamahanga wo kwambara urubindo…kuko arinawo mwambaro wa mbere abakurambere bakoreshaga , usibye ko nanubu muri kongo baracyawambara(umwenda uhisha igitsina gus aahandi hose ari nkuko adamu yavutse….

  • UHH! HASIGAYE UMUNSI WO KWAMBARA UBUSA

  • wowe ubaza niba mu rwanda natwe uyu munsi utahaba, wahaba ute se kandi nta gari ya moshi tugira!!!! ba uretse iyatangiye kubakwa Mombasa nigera hano ubwo umurengwe natwe uzadufata ubundi tugende imboro n’ibituba byanamije ku musozi daaaaa…

    ngaho nzaba mbarirwa njye ndisaziye da!!!

  • Aha nubusa bazabwambara abasenga mushireho umwete

  • j’aime vraiment.

    • Niba ubikunze se wowe wazabyambaye ukareba ibyo POLICE igukorera!!! Uzajye aho batagira umuco nibo babikunda nkawe, biriya nibyo bitera IMANA agahinda, bigatuma umuvumo utubaho akaramata, Mana we ujye ubabarira abantu turi inyamaswa koko!!!

  • Niko musigeho agahugu umuco akandi uwako.ningwa nabo kdi urabonako ntanumururumba bafite,kdi ntacyo bibatwaye,”human right”,buriwese agomba kwishyira akizana,akabona uburenganzira bwe mugihe atabangamiye abandi kdi urabibona nawe ko ifoto ibigaragaza ko ntawe ubangamiye undi,nicyo babarusha nyi,ibaze impamvu byabateye ururondogoro kdi ari ifoto ubwo abikoze kdi yumva ari uburenanzirabwe ntimwamwahuka,ngaho rero ni mwige.Uburenganzi bwumuntu nicyo bivuga.

  • Ariko iterambere riragwira koko,genda Satani waraminuje kabisa. Ikariso uko nyizi si umwenda wo kwambarwa ngo umuntu ajye ahabona ahubwo mutegereze byose bifite iherezo. Ntibishoboka ko abantu bakora ibidakorwa maze Imana ibareke gusa Imana irihangana. Bavandimwe nkunda dukwiye kuba maso tugasenga ubudatuza.

Comments are closed.

en_USEnglish