UMUKINNYI W’UKWEZI: 4 bitwaye neza mu Ukuboza, TORA
Gutora umukinnyi w’ukwezi k’Ukuboza muri shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda byatangiye. Bizasozwa ku cyumweru saa sita z’ijoro maze Umuseke utangaze unahembe umukinnyi warushije abandi ku nshuro ya gatatu.
Uyu ni umushinga w’UM– USEKE IT Ltd, ugamije kurushaho kumenyakanisha umupira w’u Rwanda no guteza imbere impano z’abakinnyi bakina muri shampionat y’u Rwanda itegurwa na FERWAFA, igaterwa inkunga na AZAM TV.
Mu gutoranya abahize abandi Umuseke ufatanya n’abatekinisiye muri uyu mukino n’abandi banyamakuru b’imikino bakurukirana AZAM Rwanda Premier League buri munsi.
Hagenderwa ku mpamvu zitandukanye zagaragaye mu nkuru yasohotse ku Umuseke, tariki 14 Ukwakira 2016, hatatoranyijwe abakinnyi bane bahize abandi mu kwezi k’Ukuboza.
Abakinnyi bane batoranywamo umwe warushije abandi mu kwezi gushize ni:
Sebanani Emmanuel Crespo (AS Kigali)
Ni rutahizamun wamenyekanye cyane hagati ya 2008 na 2011 ubwo yari muri APR FC. Nyuma yaciye mu makipe atandukanye na Mukura VS, Police FC none ubu ari mu ikipe y’umujyi wa Kigali.
Uyu musore wakiniye ikipe y’igihugu Amavubi yagize ikibazo cy’imvune yatumye amara umwaka n’igice hanze y’ikibuga, ariko Eric Nshimiyimana yamuhaye ikizere none yasubiye mu bihe byiza.
Mu mikino itatu iheruka, AS Kigali akinira yatsinzemo ibiri inganya umwe. Sebanani yayitsinzemo ibitego bine anatangamo umupira wavuyemo igitego umwe. Byafashije ikipe ye kuzamuka ku rutonde rwa shampiyona, iba iya kane n’amanota 20.
Manishimwe Djabel (Rayon sports)
Ni umukinnyi wo hagati w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20. Avuka i Gatsibo Iburasirazuba. Yanyuze mu makipe menshi y’abato harimo SEC FC n’Isonga.
2016 wamubereye umwaka mwiza kuko yabonye umwanya uhoraho muri Rayon sports.
Imikino itatu isoza uwo mwaka, ikipe ye yatsinzemo ibiri inganya umwe. Yayitanzemo imipira itandatu (6) ivamo anatsinda igitego kimwe. Byafashije Rayon sports gukomeza kuyobora urutonde n’amanota 29.
Sibomana Patrick Papy (APR FC)
Ni umusore wazamukiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya FERWAFA, aca mu Isonga FC mbere yo kujya muri APR FC muri 2013. Yatangiye gukinira ikipe y’igihugu nkuru 2014 ariko kubona umwanya uhoraho kubera abamurusha inararibonye bari ku mwanya we nka Iranzi Jean Claude.
Ubu ni umwe mubo APR FC igenderaho.
Imikino itatu iheruka batsinzemo ibiri banganya umwe. Imikino yombi batsinze niwe watsinze ibitego bitanga amanota atatu.
Byafashije iyi kipe y’ingabo gukomeza kotsa igitutu Rayon sports ibari imbere ku rutonde ibarusha amanota abiri gusa.
Nahimana Shasir (Rayon sports)
Uyu murundi w’imyaka 23 yageze muri Rayon sports avuye muri Vital’O FC y’i Burundi. Niwe wahembwe nk’uwahize abandi mu Ukwakira. None no mu Ukuboza agarutse mu bahatana.
Mu mikino itatu iheruka ikipe ye yatsinzemo ibiri inganya umwe. Nahimana atsindamo ibitego bine anatanga umupira umwe wavuyemo igitego. Byafashije Rayon sports akinira gukomeza kuyobora urutonde n’amanota 29.
Mu kwemeza uwarushije abandi, abakunzi b’umupira w’amaguru batora ubu bagenerwa amajwi 40%, abatekinisiye n’abanyamakuru bakagira 60%.
Ku bufatanye bw’Umuseke IT Ltd, AZAM TV na FERWAFA iki gihembo cya gatatu kizatangwa kuri stade ku mukino w’umunsi wa 13 wa shampionat y’u Rwanda.
Roben NGABO
UM– USEKE
74 Comments
Ntoye shasir kko muri uku kwezi yaratinze meno ibitego birindwi(7) hatagiyemwo amarangamutima niciwe kabisa
Ngiye Nahimana Shassir
Nahamana shassir
patrick sibomana aragikwiye icyo gihembo
Nicye icyo gihembo
Crespo
Patrick sibomana ,Nukuri niwe ubikwiye
Nahimana Shassir.
sibomana patrick aragikwiye kuko yafashij apr cyn mur uku kwezi gushize
sebanani emmanuel crespo as kigali
Nahimana shassir the best prayer
sebanani emmanuel crespo as kigali
Nahimana shissir
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
emmanuel sebanani crespo
ni Nahimana umushingantahe arajyikwiye kabisa
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
Emmanuel sebanani crespo
sebanani emmanuel crespo
Emmanuel sebanani Crespo
Sebanani emmanuel Crespo
Yitwaraneza yafashije ikipeye y as Kigali
Nahimana shassir niwe ntoye arabikwiye
Nahimana Shassir akwiye icyo gihembo rwose!
jabely nge muhaye amahirwe
Sibomana Patrick
Nahimana Shassir
ni shasir kabisa
nahimana shasir
Nange ntoye Shassir NAHIMANA mu kuri ni umukinnyi wigaragaje cyane muri uku kwezi ndabona ari we ukwiye icyo gihembo.
sawa murakoze
Nahimana shassir
Nahimana Shassir
nahimana shasir
Sibomana Patrick Papy
Sibomana Patrick
Sibomana Patrick Pappy
nahimana chassir ndamutoye
Patrick sibomana
Ni Shasir kabisa atamaranga mutima agiyemwo
nahimana shassil
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
crespo sebanani emmanuel
Crespo nuwambere turamufana twese
Twese turamwemera crespo sebanani
Yego rwose sebananani emmauel yitwaye neza
Crespo sebanani
Yego rwose crespo sebananani emmauel yitwaye neza!!!
Crespo sebanani aragikwiye
Crespo sebanani
Yego rwose crespo sebananani emmauel yitwaye neza!!!
Crespo sebanani emamnuel aragikwiye
sebanani emamnuel Crespo aragikwiye
Sebanani emamanuel crespo yitwaye neza
sebanani emamnuel Crespo
Sebanani Emmanuel crespo aragikwiye
sebanani emamnuel Crespo yitwayeneza mukuboza
NI Shasir gose ivyo yakoze birivugira
Shasir
Shassir nahimana
sebanani emmanuel crespo aragikwiye
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
sebanani emmanuel crespo
Nahimana shassir
Sebanani crespo turamwemera
crespo
Comments are closed.