Gereza ya Guantanamo isigayemo abanyururu 61, abandi bimuwe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zimuye abanyururu 15 bari bafungiwe muri gereza ya Guantanamo Bay, bakaba bajyanywe muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu . Ibiro by’igisirikare cya Amerika (The Pentagon) byatangaje ko iyimurwa ry’abanya-Yemen 12, hamwe n’abanya-Afghanistan 3 ryagabanyije umubare w’abanyururu bafungiye muri gereza ya Guantanamo, muri Cuba. Muri Guantanamo, imwe mu magereza avugwaho […]Irambuye

Abanywa ibiyobyabwenge babibashakire ari byinshi mubinywe mubimare – Hon Bamporiki

*Yaganirizaga urubyiruko 260 rwasoje amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro mu kigo EMVTC-Remera, *Hon Bamporiki yasabye uru rubyiruko kugira inzozi n’icyerekezo, abasaba kwirinda ibiyobyabwenge, *Kubwe, ngo abanywa ibiyobyabwenge bari bakwiye kubihorera ntihagire ubingingira kubireka kuko aribo baba biyica. Depite Edouard Bamporiki ngo yaje guhishurirwa ko “Urubyiruko rudafite inzozi ari nk’ishyo ry’ibimasa”. Iryo shyo n’iyo wariha abashumba, ubwatsi n’ibindi […]Irambuye

Ireme ry’uburezi mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ntiriragera aho twifuza-WDA

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imyuga n’ubumenyingiro (WDA) kiravuga ko nubwo hari byinshi byakozwe kandi bigikorwa, ngo ireme ry’uburezi ritangwa n’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ntiriragera ku rwego baryifuzaho kubera ibikoresho n’izindi mpamvu zinyuranye. Hirya no hino mu gihugu, ubu hari ibigo by’amashuri bya Leta n’ibyigenga byinshi bitangirwamo amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro, gusa usanga bivugwamo ibibazo binyuranye bituma […]Irambuye

Abasoje amasomo muri EMVTC-Remera barashishikariza urubyirukako kugana amasomo y’imyuga

Mu mpera z’iki cyumweru gishize, abanyeshuri 260 basoje amasomo y’ubukanishi bw’imodoka mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro ‘EMVTC-Remera’ bemeza ko ubumenyi bahawe bugiye kubafasha guhindura imibereho yabo, kuko biziyeye guhita babona imirimo kubera ubumenyi bahawe. Nshimiye Jacques, umuyobozi wa EMVTC-Remera avuga ko aba banyeshuri basoje amasomo y’ubukanishi bw’imodoka mu kigo ayoboye bafite ubushobozi buhagije kuko bigishijwe neza. […]Irambuye

Karongi: Umugabo yaguye mu mugezi na Se yapfiriyemo

Karongi – Mu gitondo kuri uyu wa gatandatu, mu mudugudu wa Nyagahinga, Akagari ka Ruragwe, mu Murenge wa Rubengera, umugabo witwa Etienne Hanyurwimfura yitabye Imana aguye mu kagezi ka Kavungu. Aha niho na Se umubyara yaguye. Etienne Hanyurwimfura w’imyaka 58, nk’ibisanzwe ngo yari yagiye koga mu mazi y’aka kagezi kitwa Kavungu karamuherana. Abaturanyi b’uyu nyakwigendera […]Irambuye

“Un Sachet d’hosties pour cinq”, igitabo kuri Jenoside mu Iseminari

Ku bufatanye na Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), kuri uyu wa gatanu, Murangira César yamuritse igitabo yose ‘Un Sachet d’hosties pour cinq’, kigaruka ku kuntu yarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu Iseminari nto ya Ndera yigagamo. Igitabo “Un Sachet d’hosties pour cinq” bishatse kuvuga “Agapaki ka Hositiya ku bantu batanu” mu Kinyarwanda, cyanditswe n’umunyarwanda Murangira […]Irambuye

Abagororwa bakoze Jenoside bari kwandika ibitabo 3 bivuga ibyo bakoze

Umuyobozi wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside Dr Bizimana Jean Damascene yatangaje ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bafungiye muri gereza ya Kigali n’iya Muhanga batangiye kwandika ibitabo bavuga ibyo bakoze. Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko kwandika amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ubundi byakorwaga n’abayirokotse ndetse n’abanyamahanga, ariko ubu hari indi ntambwe irimo guterwa n’abayikoze […]Irambuye

Kagame na Kabila biyemeje kuvugurura ubucuruzi n’umubano w’ibihugu byombi

Kuri uyu wa gatanu, mu mujyi wa Gisenyi, Rubavu, Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagirana ibiganiro byanzuye biyemeje kuvugurura umubano mu bucuruzi na Politike, ndetse n’ubufatanye mu mishinga y’ingufu z’amashanyarazi. Soma inkuru: Nyuma y’imyaka 7, Perezida Kagame na Kabila wa DRC barahurira Gisenyi Itangazo ryashyizwe ahagaragara […]Irambuye

Nyuma y’imyaka 7, Perezida Kagame na Kabila wa DRC barahurira

Kuri uyu wa gatanu, tariki 12 Kanama 2016, Perezida Paul Kagame arakirira mu Mujyi wa Gisenyi, mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Joseph Kabila. Ibiro bya Perezida w’u Rwanda ‘Urugwiro’ byatangaje kuri Twitter ko muri ibi biganiro, ba Perezida bombi bibanda cyane ku mibanire y’ibihugu byombi, n’imikoranire y’akarere ibihugu byombi biherereyemo (regional cooperation). […]Irambuye

U Rwanda rwatangiye iperereza kuri “Project Sauron” imaze imyaka 5

Inzobere zo mu bigo mpuzamahanga bya Kaspersky Lab na Symantec bagaragaje umushinga w’ikoranabuhanga wiswe “Project Sauron” ukoresha ikoranabuhanga mu butasi bw’ibanga, ukaba ngo utata u Rwanda, Uburusiya, Irani, Ubushinwa n’Ubutaliyani. U Rwanda rwatangiye iperereza kuri uyu mushinga. Project Sauron, ni umushinga ukoresha ikoranabuhanga ryo kwinjira muri mudasobwa n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga by’abandi nta burenganzira ubifitiye ukaba […]Irambuye

en_USEnglish