RBC irahumuriza ibihumbi by’abaturage bacikanwe n’urukingo rwa Hepatite

Kuri uyu wa gatanu Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima cyasoje gahunda y’iminsi itanu yo gukingira no gusuzuma indwara y’umwijima izwi nka ‘Hepatite B na C’ mu Mujyi wa Kigali ku buntu, ariko nanone kigahumuriza ibihumbi byinshi by’abaturage batagezweho n’iyi Serivise ko hazashyirwa ubundi buryo bwo kubafasha kwikingiza. Iki gikorwa cyari kigenewe cyane cyane abaturage barenga miliyoni […]Irambuye

Ahantu hafatiwe abagore ku ngufu muri Jenoside hakwiye gusigasirwa –

Nyuma y’uko Filime ye “Miracle and the Family” yegukanye igihembo cya Filime mbarankuru mpamo (documentary film), Gasigwa Leopold arasaba ko ahantu hagiye hafatirwa abagore n’abakobwa muri Jenoside hasigasigwa nk’ikimenyetso cy’ayo marorerwa. Gasigwa Leopold aherutse gushyira hanze Filime yise “Miracle and the Family” bishatse kuvuga “Igitangaza n’Umuryango” igaragaza ukuntu ifatwa ku ngufu rishingiye ku gitsina ryakoreshejwe […]Irambuye

Icyo Abanyamideli basaba Perezida wa Repubulika uzatorerwa

Mu gihe u Rwanda rwitegura amatora ya Perezida wa Repubulika azaba mu ntangiro z’ukwezi gutaha, abamurika n’abahanga imideli batandukanye babwiye Umuseke ko bashima ibyagezweho mu myaka ishize, ariko ngo hari n’icyo bifuza kuri Perezida uzatorwa. Josephine Tumukunde umurika imideli, ashimira Perezida Paul Kagame ku ruhare rwe mu guteza imbere ubuhanzi n’ibibushamikiyeho. Ati ” Nubwo tutazi […]Irambuye

Amatora yararangiye ikizavamo kirazwi – Kagame

*”Ibizava mu matora birazwi nyine, uwo birya bimumene umutwe” Ruhango – Ubwo yatangiraga ibikorwa byo kwiyamamaza Paul Kagame yavuze ko agendeye ku baturage barenga miliyoni enye (4 000 000) basabye ko Itegeko Nshinga rihinduka ndetse bakanatora ‘Yego’ muri Kamarampaka, ngo bigaragaza ko ikizava mu matora kizwi, kandi ngo ‘uwo birya umutwe bimumene umutwe’. Perezida Paul […]Irambuye

Kwiyamamaza byatangiye, Kagame yakirwa n’ibihumbagiza, Mpayimana na Habineza bo byari

*Perezida Kagame yahereye ku ivuko Ruhango yakirwa n’abagera ku 100 000 *Mpayimana mu Bugesera yakiriwe n’abanyonzi n’abana *Habineza yageze i Rusizi asanga ikibuga kiramuhamagara Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Nyakanga, Abakandida bahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika batangiye ibikorwa byo kwiyamamaza bizamara ibyumweru bitatu. Mpayimana Philippe niwe wabimburiye abandi kugera ku baturage, aho yatangiriye […]Irambuye

RSE: Hacurujwe Imigabane ya Crystal Telecom ya miliyoni 4,8 Frw

Kuri uyu wa 13 Nyakanga, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe imigabane 69 200 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 4 844 000. Iyi migabane yacurujwe ku giciro cy’amafaranga 70 Frw ku mugabane, ari nacyo giciro wariho ejo hashize. Ibiciro by’imigabane y’ibindi bigo birindwi (7) biri ku Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 107.24

Kuri uyu wa 13 Nyakanga, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wakomeje kuzamua, wageze ku mafaranga 107.24 Frw. Uyu mugabane wageze ku mafaranga 107.24 Frw, uvuye ku mafaranga 107.22 Frw wariho ejo kuwa gatatu, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0,02 Frw. Kuva iki kigega cyatangira mu mpera […]Irambuye

Mu cyumweru cya 2 cyo kwiyamamaza, Abakandida bazahurira mu kiganiro

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane, Arthur Assimwe uyobora Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ‘RBA’ yatangaje ko kuri iyi nshuro Abakandida batatu bari guhatanira umwanya wa perezida wa Repubulika, Paul Kagame uhagarariye RPF-Inkotanyi, Frank Habineza uhagarariye ishya ‘Democratic Green Party of Rwanda’, n’Umukandida wigenga Philippe Mpayimana bazahurira mu kiganiro cya Televiziyo. Arthur Assimwe yavuze ko nta […]Irambuye

Mpayimana, umwanditsi w’ibitabo, umusizi,…arashaka no kuba Perezida

Mpayimana Philippe wiyamamariza kuba Perezida w’igihugu, yahoze ari impunzi nyuma yuko mu Rwanda habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yahunganye n’ababyeyi be mu cyahoze ari Zaïre, aho Se yapfiriye. Ni umugabo ufite urugo, n’abana bane, akaba afite n’impano y’ubuhanzi. Yize kaminuza muri Cameroun no mu Bufaransa. Afite impamyabushobozi nyinshi zo mu kiciro cya gatatu  cya […]Irambuye

Nta bwoba bw’amatora buhari, ubwaba buhari ni ubw’amateka – Prof

Mu cyumweru gushize Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa Muntu ″Amnesty International″ wasohoye Raporo ivuga ko mu Rwanda hari ″umwuka w’ubwoba″ muri ibi bihe by’amatora. Leta y’u Rwanda ibyamaganira kure ivuga nta shingiro bifite. Iyi raporo ivuga ahanini ko ubwoba buri mu Rwanda bushingiye ku ihohoterwa ryagiye rikorerwa abatavuga rumwe na Leta, bityo ngo bikaba bitera […]Irambuye

en_USEnglish