RSE: Hacurujwe imigabane ya BK ya miliyoni 12,3 Frw

Kuri uyu wa 19 Nyakanga, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe imigabane imigabane ya Banki ya Kigali n’iya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 12 392 000. Kuri uyu wa gatatu, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane 50 200 ya Banki ya Kigali (BK) ifite agaciro k’amafaranga 12 350 000 Frw yacurujwe muri […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 107.41

Kuri uyu wa 19 Nyakanga, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wakomeje kuzamua, wageze ku mafaranga 107.41 Frw. Uyu mugabane wageze ku mafaranga 107.41 Frw, uvuye ku mafaranga 107.38 Frw wariho ejo kuwa kabiri, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0,03 Frw. Kuva iki kigega cyatangira mu mpera […]Irambuye

Kenya: Odinga yasabye abayoboke be kutazatera akabariro bucya bajya gutora

Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’intebe wa Kenya ubu uhanganye na Perezida Uhuru Kenya ku mwaka w’umukuru w’igihugu yasabye abayoboke be kutazakora imibonano mpuzabitsina mu ijoro ribanziriza umunsi w’amatora, by’ukwihariko asaba abagore kutazabyemerera abagabo babo. Ibi yabikanguriye abayoboke b’ishyaka ahagarariye ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza, aho yasabye abayoboke be kutazahirahira batera akabariro mw’ijoro ryo […]Irambuye

Hari abatugiraga inama yo gukina umukino nk’uwa Poutine-Medvedev – Min.

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yatangaje ko inzira u Rwanda rwahisemo yo guhindura itegeko nshinga no kongera guha amahirwe Paul Kagame ngo akomeze kuyobora igihugu itashimishije bimwe mu bihugu byo mu burengerazuba bw’isi, ngo hari n’abagiriye inama ubuyobozi bw’u Rwanda gukina umukino nk’wa Poutine-Medvedev bayoboye Uburusiya. Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru JeuneAfrique, Minisitiri […]Irambuye

Episode 165: Kwa muganga Daddy ahawe amafaranga ngo aroge Clovis

MWARAMUTSE! Kwishyura iyi nkuru birarangirana no kuwa gatandatu tariki 22 Nyakanga. Kwishyura byakorerwa ku murongo wacu wa MTN (Mobile Money) kuri numero 0788 77 28 18 ya UM– USEKE INFORMATION TECHNOLOGY LTD. Ku bantu bari mu mahanga bakwifashisha abavandimwe cyangwa inshuti zabo mu Rwanda bakabafasha kuyohereza. Murakoze ===============================================================================   Clovis akikubita hasi nahise mfukama vuba […]Irambuye

Kirehe: Frank Habineza ntiyishimiye guhindurirwa aho yagombaga kwiyamamariza

Kuri uyu wa kabiri, Umukandida w’ishayaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) Frank Habineza yiyamamarizaga mu Karere ka Kirehe na Ngoma, gusa ngo yababajwe n’ukuntu aho yagombaga kwiyamamariza muri Kirehe hahindutse ku munota wa nyuma. Mu Karere ka Kirehe, Frank Habineza yari yarateganyije ko aziyamamariza mu mugi wa Nyakarambi, […]Irambuye

RSE: Hacurujwe Imigabane ya Crystal Telecom na BK ya miliyoni

Kuri uyu wa 18 Nyakanga, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe imigabane imigabane ya Banki ya Kigali n’iya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 5 191 000. Kuri uyu wa kabiri, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane 50 000 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga 3 500 000 Frw yacurujwe muri ‘Deal’ imwe, […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 107.38

Kuri uyu wa 18 Nyakanga, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wakomeje kuzamua, wageze ku mafaranga 107.38 Frw. Kuva iki kigega cyatangira mu mpera z’umwaka ushize wa 2016, agaciro k’umugabane w’ikigega ‘Iterambere Fund’ kamaze kuzamukaho amafaranga 7.38 Frw; Bivuze ko nk’uwaguze imigabane 1 000 ku mafaranga 100 000, […]Irambuye

Ngororero igiye kuzuza Stade ubu imaze gutwara asaga MILIYARI Frw

Akarere ka Ngorororero karimo gusoza ikiciro cya kabiri cyo kubaka Stade y’Akarere iherereye mu Kagari ka Kabagari, Umurenge wa Ngororero, aho igeze ngo ikaba imaze gutwara amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyari. Ni Stade yubatse hagati y’imisozi miremire, ahantu ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwemeza ko ari honyine hashobokaga kuba hakubakwa Stade muri aka Karere k’imisozi […]Irambuye

Oda Paccy yashyize kuri Instagram ye ifoto idasanzwe

Umurapirikazi Oda Paccy yaraye ashyize ifoto ku nkuta ze ku mbuga nkoranyambaga za Instagram na Facebook yavugishije benshi kubera ukuntu agaragara. Iyi foto igaragaza uburanga abenshi batazi kuri uyu muhanzi ugiye kumara hafi imyaka 10 muri Muzika yavugishije bamwe mu bamukurikira gusa batatunguwe kuko asa n’umaze kumenyereza abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga amafoto nk’aya. Amagambo Oda […]Irambuye

en_USEnglish