Football: Amavubi azakina umukino wa gicuti na Tuniziya

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero w’iminsi 10 muri Morocco izakina umukino wa gicuti n’iya Tuniziya y’abatarengeje imyaka 23, nyuma yo guhura na Burkina Faso y’abakina imbere mu gihugu kuwa gatanu. Kuri gahunda bavanye i Kigali, Amavubi ubu acumbitse mu Mujyi wa Rabat, kuri uyu wa kabiri arakora imyitozo […]Irambuye

France: Urukiko rwemeje ko rutazakurikirana Padiri Wenceslas Munyeshyaka

*Padiri Munyeshyaka ashinjwa guha Abatutsi Interahamwe ngo zibice, no kuzikangurira gufata abagore ku ngufu, *Ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa bwavuze ko nta bimenyetso bihagije bufite ku byo aregwa, *Urukiko rwemeje ko rutakimukurikiranye nubwo iki cyemezo gishobora kujuririrwa, *Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye yabwiye Umuseke ko icyemezo cy’U Bufaransa kidatunguranye, *”U Bufaransa buciye inzira no ku bandi bari […]Irambuye

Umushinga RTB uri mu bushakashatsi ku ndwara nshya z’ibirayi, urutoki

Mu gihe hirya no niho mu Rwanda no mu karere ruherereyemo hari indwara nshya zinafitanye isano n’imihindagurikire y’ikirere zirimo kwibasira ibhingwa by’ibirayi, imyumbati, intoki, ibijumba n’ibindi binyamafufu, umushinga mpuzamahanga RTB uri mu bushakashatsi buzafasha abahinzi na za Guverinoma guhangana n’izo ndwara. Mu Rwanda, umushinga RTB (Roots, Tubers, and Bananas) ukorera mu Turere tunyuranye duhingwamo cyane […]Irambuye

Kagame yahuye n’umuryango w’ubwami n’abashoramari b’Abaholandi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 05 Ukwakira, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahuye n’umwami w’Ubuholandi Willem-Alexander n’Umwamikazi Queen Máxima, nyuma anahura n’abashoramari b’Abaholandi. Perezida Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi mu Buholandi kuva mu mpera z’icyumweru gishize aho yari yagiye kwifatanya n’Abanyarwanda baba mu mahanga muri ‘Rwanda day’ yabereye Amsterdam. Kuri […]Irambuye

Abaminisitiri b’ubumenyingiro ba Angola na Botswana basuye ‘Tumba College of

Rulindo – Mu rwego rw’icyumweru cy’ubumenyingiro n’ikoranabuhanga mu Rwanda, kuri uyu wa mbere tariki 5 Ukwakira 2015, Ikigo kigisha Ikoranabuhanga n’Ubumenyingiro cya ‘Tumba College of Technology (TCT)’ cyakiriye abayobozi n’impuguke mu byerekeranye n’ikoranabuhanga n’ubumenyingiro barimo abanyamabanga ba Leta bashinzwe amashuri y’ubumenyingiro (TVET) mu bihugu bya Angola na Botswana n’abandi basuye ahanini ibikorwa ikigo cya Tumba […]Irambuye

Basketball: Nyuma yo gutangira neza, uyu munsi Espoir BC ifite

Imwe mu makipe ahagarariye u Rwanda mw’irushanwa ry’Akarere ka gatanu (Zone V) ry’umukino w’intoki wa Basketball, Espoir Basketball Club yatangiye neza irushanwa, dore ko ku munsi wa mbere yatsinze Ulinzi yo muri Kenya amanota 70-59. Mu mukino wabaye ku Cyumweru, agace ka mbere karangiye Espoir ifite amanota 23-8, aka kabiri igira amanota 15-12, akace ka […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu 6 byateye imbere mu miyoborere muri

Mu gihe igipimo rusange cy’imiyobore muri uyu mwaka wa 2015, ku mugabane wa Afurika cyasubiye inyuma cyane, ibihugu bitandatu birimo n’u Rwanda byo birashimirwa kuba aribyo byateye imbere mu byiciro byose bigenderwaho hakorwa Raporo y’umuryango Mo Ibrahim ku Miyoborere. Raporo ya cyenda, ‘2015 Ibrahim Index of African Governance’ yamuritswe kuri uyu mbere, igaragaza ko ibihugu […]Irambuye

Mugesera arashinja MINIJUST kwimana umugati, nayo ikamubwira ko yanze gukaraba

-Minisitiri ni we ufite umugati; -Mu Bwongereza, yatanze Miliyari ku rubanza rutaratangira; -Sinshaka iyo Miliyari, nampe n’utuvungukira tugwa munsi y’ameza; -Me Rudakemwa niwe wahanyanyaje , ariko nawe inda yafatanye n’Umugongo; -Ntaho babicikira; nibemere bayazane (amafaranga). Nk’uko byari biteganyijwe, kuri uyu wa mbere tariki 05 Ukwakira, Minisiteri y’Ubutabera yitabye mu rubanza rwa Dr Mugesera Leon Ubushinjacyaha […]Irambuye

Abacungamutungo babiri barakekwaho kunyereza imisoro ingana na Miliyoni 350

Kuri uyu wa gatanu, tariki 02 Ukwakira, Ikigo cy’Igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyagaragaje umugabo n’umugore bakora umurimo w’ubucungamutungo bakekwaho  ubufatanyacyaha n’abo bakorera ibaruramari mu kunyereza imisoro igera kuri Miliyoni 350 bakoresheje inyemezabwishyu z’impimbano. Dorcella Mukashyaka, Umuyobozi wa RRA wungirije ushinzwe Serivise z’abasora yavuze ko aba bafashwe bakoranaga na Kompanyi yitwa ‘Quincallerie des Anges’. Ati “Iyo […]Irambuye

en_USEnglish