U Rwanda rwahisemo kwifata ku bibazo by’u Burundi – Mushikiwabo

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 22 Ukwakira, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yavuze ko ikibazo kiri kuvugwa i Burundi gikomeye kurenza uburyo abantu babitekereza, bityo ngo u Rwanda rwahisemo kubyitondera kugera igihe u Burundi bubonye ubuyobozi bwiteguye kuganira n’abaturanyi babwo. Ubutsegetsi bwa Bujumbura bushinja ubwa Kigali ibirego […]Irambuye

Umunyeshuri gutunga Telefone imufasha kwiga nta kibazo – Kagame

Inama mpuzamahanga yamaze iminsi itatu ibera mu Mujyi wa Kigali (Transform Africa) yagaragaje ko kuzamura uburezi n’imyumvire y’Abanyafurika ku ikoranabuhanga, bihujwe n’ishoramari mu bikorwaremezo byarushaho guhindura Afurika binyuze mu ikoranabuhanga. Imwe mu nzira zo kuzamura ubumenyi n’uburezi mu ikoranabuhanga ni iyo guha abaturage ibikoresho by’ikoranabuhanga, cyane cyane abana bakiri bato mu rugo iwabo no kumashuri. […]Irambuye

Turasabwa guhindura imyumvire kugira ngo ikoranabuhanga rihindure ubuzima bwacu-Kagame

Mu ijambo yagejeje ku bantu basaga ibihumbi bibiri, barimo abayobozi ku rwego rwa za Guverinoma baturutse mu bihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika bitabiriye inama ya”Transform Africa 2015″, Perezida Paul Kagame yasabye Abanyafurika ko n’ubwo barimo gukora ibishoboka byose ngo bateze imbere ibikorwaremezo, bagomba no guhindura imyumvire kuko kugira ikoranabuhanga bitavuze ko bihita byikora rigahindura […]Irambuye

Politike idaheza niyo izakuraho ubusumbane mu ikoranabuhanga- Jeannette Kagame

Kuri uyu wa kabiri tariki 20 Ukwakira, Madame Jeannette Kagame yagejeje ijambo ku mpuguke mu ikoranabuhanga zaturutse hirya no ku Isi, nk’umwe mu bantu bafasha abakobwa kwitabira uburezi by’umwihariko mu masomo akunze kwiharirwa n’abahungu nk’ikoranabuhanga n’ubumenyingiro, yagaragaje ko hakiri icyuho ariko gishobora gikemuka mu gihe hariho Politiki iha amahirwe angana ibitsina byombi. Ikiganiro cyareberaga hamwe uko […]Irambuye

Abafite imishinga ya ICT bazajya bafashwa kubona amafaranga-Nsengiyumva

Mu kiganiro ku guteza imbere impano n’ibitekerezo by’ikoranabuhanga by’abana b’Abanyafurika, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe guteza imbere imyuga, Eng Albert Nsengiyumva yagaragarije abahanga mu ikoranabuhanga baturutse mu mpande zose z’Isi bitabiriye Transform Africa 2015 aho u Rwanda rugeze mu gufasha abafite imishinga y’ikoranabuhanga kuyishyira mu bikorwa, ndetse atangaza ko n’ikibazo cy’ubushobozi bw’amafaranga bahuraga […]Irambuye

Tigo yatangiye guha abafatabuguzi bayo internet ya 4G kuri Telefone

Mu nama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga ‘Transform Africa’ ubuyobozi bwa bw’ikigo ‘Millicom’, n’abayobozi batandukanye mu nzego z’umubuyobozi mu Rwanda batangije ku mugaragaro gahunda y’ikigo cy’itumanaho cya Tigo-Rwanda igamije guha abafatabuguzi bayo bose babyifuza Serivise za Internet yihuta ya 4G kuri Telefone zigendanwa. Umuhango wo gutangiza iyi gahunda wari wanitabiriwe na Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana; […]Irambuye

TransformAfrica2015: Africa iratera imbere muri ICT nubwo imbogamizi zikiri nyinshi

Ku munsi wa mbere w’inama mpuzamahanga ku guteza imbere Africa binyuze mu ikoranabuhanga (Transform Africa), inzobere zinyuranye mu ikoranabuhanga zagaragaje ko hari intembwe imaze guterwa ku mugabane wa Afurika, gusa ko hakiri ibibazo birimo ishoramari, ubumenyi, ibikorwaremezo n’ibindi. Ihuriro ku Ikoranabuhanga ‘Transform Africa Summit’ ririmo kubera mu Rwanda ku nshuro ya kabiri, uyu mwaka ryitabirabiriwe […]Irambuye

Rwanda: Urubyiruko 53% bakoresha rimwe cyangwa kenshi ibiyobyabwenge

Nibura   53% by’urubyiruko bagerageje gukoresha rimwe cyangwa kenshi ibiyobyabwenge nk’uko bitangazwa n’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC mu bukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko kirimo gukora gifatanije n’ Umuryango w’Abagide mu Rwanda (AGR). Ni muri urwo rwego Ikigo cy’ubuzima RBC na Assosiation des Guides au Rwanda (AGR) bakomeje gushishikariza urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge n’ibisindisha bakaba barahereye mu […]Irambuye

Amagare: Bosco Nsengimana yegukanye isiganwa rya Rwamagana-Huye

Mu isiganwa rya ‘Rwanda Cycling Cup’ ryitabirwa n’abakinnyi b’imbere mu gihugu, Bosco Nsengimana yegukanye isiganwa rya kabiri ryabaga mu mpera z’iki cyumweru. Kuri iki cyumweru tariki 18 Ukwakira, abasiganwa bahagurutse i Rwamagana bagera i Huye Bosco Nsengimana ari we ubayoboye akoresheje amasaha 5 iminota 9 n’amasegonda 41. Ku ntera ya km 166, abasiganwa bahagurutse i […]Irambuye

Abanyamategeko ba Leta biyemeje kuyirinda igihombo

Kuri uyu wa gatanu tariki 16 Ukwakira 2015, mu gusohoza amahugurwa y’iminsi itanu y’Abanyamategeko 38 ba za Minisiteri n’ibigo bya Leta yabereye mu ishuri rikuru rya ILDP, aba banyamategeko biyemeje gucunga neza amasezerano Leta igirana n’ibigo byigenga ndetse no kuyirinda ibihombo iterwa n’imanza zitateguwe neza. Ndayisaba Daniel, umuyobozi ushinzwe amahugurwa n’ubushakshatsi mu ishuri rikuru rya […]Irambuye

en_USEnglish