Mupfasoni yatsindiye moto ya 11 muri Poromosiyo ya Tunga ya

Kuri uyu wa gatanu tariki 30 Ukwakira 2015, mu muhango wo gushyikiriza umunyamahirwe wa 11 watsindiye Moto ya 11 muri Poromosiyo ya “Tunga” ya Airtel-Rwanda, Mupfasoni Sonia wayegukanye yatangaje ko afite ibyishimo bidasanzwe kuko ariwe wegukanye iyi Moto. Nyuma yo gutangarizwa inkuru nziza na Airtel ko yatsindiye Moto,  Mupfasoni Sonia utuye mu Murenge wa Gatsata, Akarere […]Irambuye

Nyuma yo gutsinda Muhanga 3-1, Mukura VS iraye ku mwanya

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yakomeje kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Ukwakira 2015, hakinwa imikino y’umunsi wa 7 isize Mukura VS ku mwanya wa mbere w’agateganyo nyuma yo gutsinda Muhanga 3-1. Kuri uyu wa gatanu, habaye imikino ibiri gusa, aho kuri Stade ya Nyagisenyi yo mu Karere ka Nyamagabe, Amagaju […]Irambuye

Mu Mujyi wa Kayonza hagiye gusengwa inzu 30 zubatswe bitemewe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza, mu Ntara y’Iburasirazuba bwafashe umwanzuro wo gusenya inzu zigera kuri 30 zubatswe mu Mujyi w’Akarere mu buryo butemewe n’amategeko; ba nyiri izi nzu bavuga ko babajwe n’uyu mwanzuro kuko ngo bazubatse zibahenze kandi ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bubireba. Amakuru aturuka mu ishami ry’imiturire mu Karere ka Kayonza avuga ko inzu zubatse mu […]Irambuye

Africa na India twunge ubumwe duharanire impinduka muri UN- Murekezi

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Anastase Murekezi wahagarariye u Rwanda mu nama mpuzamahanga ihuza Afurika n’Ubuhinde (India Africa Summit), yashimangiye icyifuzo cy’Ubuhinde na Africa cyo guharanira impinduka mu Muryango w’Abibumbye ‘UN’, utwo turere twombi natwo tukabona abaduhagararira mu kanama gakuru k’umutekano n’ijambo ritari munsi y’iryabandi. Iyi nama ihuza Africa n’Ubuhinde iri kuba ku nshuro ya gatatu i New Delhi. […]Irambuye

Igituntu na SIDA nizo ndwara zandura zihitana benshi kw’Isi

Muri Raporo yawo y’umwaka wa 2015, Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima “World Health Organization (WHO/OMS)” uratangaza  ko indwara y’igituntu na SIDA arizo ndwara ziza ku isonga mu guhitana abantu benshi kw’Isi mu ndwara zandura. Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima uvuga ko mu mwaka wa 2014, igituntu cyahitanye ababarirwa muri Miliyoni 1,5 kw’Isi yose, barimo 400.000 babanaga […]Irambuye

40% bya ruswa igaragara mu mitangire y’akazi ka Leta ‘Ishingiye

Raporo y’imikorere y’urwego rw’umuvunyi y’umwaka w’ingengo 2014/2015 yagaragaje ko ruswa ishingiye ku gitsina ariyo iza imbere mu bwoko bwa ruswa zigaragara mu mitangire y’akazi ka Leta mu Rwanda, dore ko ngo iyi ruswa yiharira 40%, mu gihe ruswa y’amafaranga yo ari 39%. Raporo z’urwego rw’umuvunyi n’imiryango irwanya ruswa n’akarengane zigaragaza ko ruswa mu mitangire y’akazi […]Irambuye

Abaturage bakwiye gukurikirana uko Ingengo y’imari ishyirwa mu bikorwa-Min Gatete

Ubwo yashyiraga ahagaragara ibitabo bito bisobanura ingengo y’imari y’u Rwanda mu mwaka wa 2015/16, kuri uyu wa gatatu tariki 28 Ukwakira, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Claver Gatete yasabye abaturarwanda kujya bakurikirana uko ingengo y’imari ishyirwa mu bikorwa kuko ingengo yimari ari iyabo. Aka gatabo kashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Imari n’igenamigambi (MINECOFIN) kari mu Kinyarwanda, Igifaransa n’icyongereza […]Irambuye

Kigali: Abatuye mu kajagari bagiye gufashwa gutura mu nyubako zigezweho

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda y’Umujyi wa Kigali, impuguke mu bukungu ikomoka muri Sri Lanka, Dr Darim Gunesekera arimo gukora inyigo ku buryo bushya buzafasha abatuye nabi mu kajagari kandi bitajyanye n’icyerekezo cy’umujyi, kuba batura mu nzu zigezweho ziciriritse zizaba zubatse n’ubundi aho bari batuye. Dr Darim Gunesekera, abinyujije mucyo yise “Real Estate […]Irambuye

Leta igeze kure ivugurura igitabo cy’Amategeko ahana mu Rwanda

Komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko iratangaza ko igeze muri bibiri bya gatatu (2/3) ivugurura rusange ry’igitabo cy’amategeko ahana mu Rwanda, ngo kirimo kuvugururwa kugira ngo amategeko n’ibyaha bihuzwe n’igihe u Rwanda rugeraho. Mu kiganiro yahaye Umuseke, umuyobozi wa Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe kuvugurura amategeko (Law Reform Commission) John Gara, yavuze ko bari gukorana n’izindi nzego nka […]Irambuye

Nsengiyumva Albert wari umunyamabanga bwa Leta muri MINEDUC yahagaritswe

Nk’uko tubikesha itangazo ry’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, kuri uyu wa kabiri tariki 27 Ukwakira, uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, Eng Albert Nsengiyumva yahagaritswe ku mirimo ye bitunguranye. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi riragira riti “Ashingiye kubiteganywa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda nk’uko ryavuguruwe kugeza […]Irambuye

en_USEnglish