Nyuma yo gutsinda Amagaju 2-1, Rubona yiteguye Young Africans

Nyuma yo gutsinda Amagaju FC ibitego 2-1 mu mukino wa Shampiyona, umutoza wa APR FC Rubona Emmanuel ngo birimo kumufasha kwitegura Young Africans bazakina mu mikino nyafurika “CAF Champions League”. APR FC yaraye itsinze Amagaju 2-1, ibitego bibiri byatinzwe na Ntamuhanga Tumaine ‘Tity’ ndetse na Nkinzingabo Fiston, mu gihe kimwe cy’Amagaju FA cyatsinzwe na Munezero […]Irambuye

Umuryango wa Rayon Sports ugiye kubona abayobozi bashya

Kuri iki cyumweru tariki 06 Werurwe 2016, hateganyijwe amatora y’ubuyobozi bw’umuryango wa Rayon Sports, uyu muryango ukaba ariwo uyobora Rayon Sports FC na Rayon Sports VC. Mu bazatorwa harimo Perezida, Visi-Perezida ushinzwe ubutegetsi n’amategeko, Visi-Perezida w’imari, Umunyamabanga n’Umubitsi, basimbura Komite yari isanzweho iyoborwa na Ngarambe Charles. Abayobozi bazatorwa, bazahabwa inshingano yo gushaka imibereho myiza kandi […]Irambuye

Airtel yatangiye gufasha ibigo mu kubonera igisubizo ibibazo bifite

Airtel-Rwanda yatangije gahunda yo kwegera ibigo binyuranye ikabifasha kubonera umuti ibibazo binyuranye bahura nabyo, cyane cyane mu byerekeranye n’itumanaho. Mu muhango wo gutangiza iyi gahunda yiswe “Airtel Business”, umuyobozi mukuru wa Airtel Rwanda Micheal Adjei yavuze ko kuba Airtel ari ikigo cy’itumanaho cya gatatu ku Isi n’abakiliya Miliyoni 353 muri Afurika na Asia bidakwiye kurekera […]Irambuye

89% by’Abanyarwanda basigaye bakoresha Serivise za Banki n’ibigo by’imari

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko kugeza muri Mutarama 2016, Abanyarwanda bagera kuri 89% bakoresha Serivise z’imari nk’amabanki n’ibigo by’imari, nubwo ngo hakiri ikibazo mu itangwa ry’inguzanyo. Ubushakashatsi ku buryo Abanyarwanda bakoresha Serivise z’imari zirimo amabanki, ibigo by’imari, Mobile Money, n’izindi “Finscope” bwakozwe habazwa abantu 12 480, muri bo 86% bakaba ari abahinzi borozi bo mu turere […]Irambuye

U Rwanda rwagumye ku mwanya wa 85 ku rutonde rwa

U Rwanda rwagumye ku mwanya wa 85 ku rutonde ngarukakwezi rw’Impuza-mashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi ‘FIFA’ rwasohotse kuri uyu wa kane tariki 03 Weruwe. Urutonde rwasohotse kuri uyu wa kabiri, ni urugaragaza uko ruhago yari ihagaze mu kwezi gushize kwa Gashyantare. U Rwanda nubwo rwagumye ku mwanya wa 85 rwariho no muri Mutarama, rwatakaje amanota […]Irambuye

Jacques Tuyisenge agiye kugaruka mu kibuga muri iyi weekend

Uwari Kapiteni w’Amavubi mu mikino ya CHAN2016, Jacques Tuyisenge agiye kugaruka mu kibuga akinira umukino wa mbere ikipe ye nshya ‘Gor Mahia FC’ yo muri Kenya nyuma y’imvune ye yari yarabyukijwe n’imyiteguro ya CHAN. Jacques Tuyisenge, agiye kugaruka mu kibuga nyuma yo kwitabwaho bidasanzwe n’abaganga bo muri Kenya. Uyu musore w’imyaka 25, agiye gukinira umukino […]Irambuye

Umutoza Mckinstry agiye gusura abakinnyi be bakina muri Tanzania na

Mbere yo guhamagara abakinnyi bazakina n’ibirwa bya Maurice mu mukino wo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika “AFCON 2017, umutoza w’Amavubi Johnny McKinstry agiye kujya kureba imikino y’abasore be bakina muri Tanzania na Kenya. Mu mpera z’uku kwezi kwa Werurwe, Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’ izakomeza imikino yo gushaka itike […]Irambuye

Abanyarwanda ntibaraha ubugeni agaciro bukwiye – Munyemana

Munyemana Albert, umuhanzi ushushanya ‘tableau’, za portrait  n’ibibumbano ‘status’ avuga ko nk’abahanzi bashyira imbaraga nyinshi mu kuzamura ubuhanzi bwabo ariko ngo ntabwo Abanyarwanda barabuha agaciro bukwiye.   Munyemana Albert ukora ‘tableau’ ziryoheye ijisho zizwi nka “tableau relief 3D”, akoresha ibikoresho Nyafurika cyane cyane ibikuze nk’ibiti, n’ibindi. Ibi, ngo abikoresha kugira ngo yerekane ko ibikoresho by’ibinyafurika, […]Irambuye

75% by’abatabona bafite uburwayi bw’ishaza

Nubwo nta mibare ifatika, mu Rwanda kimwe n’ahandi ku isi hagaragara abantu bafite ubumuga bwo kutabona buterwa ahanini n’indwara yibasira cyane cyane abageze muzabukuru yitwa ‘Ishaza’. Ubushakashatsi bunyuranye bugaragaza ko ngo 75% by’abatabona bafite uburwayi bw’ishaza, umubare munini ukaba uboneka muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara. Dr. David Muhire Karama, umuganga ushinzwe indwara z’amaso […]Irambuye

Mukura VS itsindiwe i Bugesera, Lomami afasha Kiyovu gutsinda Gicumbi

Mukura Victory Sports yari iyoboye urutonde rwa Shampiyona by’agateganyo, itsinzwe na Bugesera 1-0, mu gihe ku Mumena harumbutse ibitego, ubwo Kiyovu Sports yatsindaga Gicumbi ibitego 4-3. Mukura Victory Sports  yari imaze iminsi icumi ya Shampiyona yikurikiranya idatsindwa, itsikiriye mu Karere ka Bugesera. Uyu, wari umukino wo ku munsi wa 15 wa Shampiyona, usoza imikino ibanza […]Irambuye

en_USEnglish