Amafoto: Kagame ati “RPF si amabara…” Abanyamuryango bati “Tuyifite ku

Umunsi wa gatandatu tariki 17 Kamena 2017 wari umunsi ukomeye ku banyamuryango ba RPF- Inkotanyi bari bwemeze uzabahagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba tariki 4 Kanama 2017 mu Rwanda. Kagame Paul ni we watowe nk’umukandida uzabahagararira. Perezida Kagame Paul akaba na Chairman w’Umuryango RPF-Inkotanyi, akimara gutorwa  yavuze ko abanyamuryango bagomba kurangwa n’ibikorwa aho kuba umwambaro […]Irambuye

Episode 134: Sacha na Daddy bavuye kuri Hotel bashwanye kubera

Nkimara kubwira Sacha ijambo rikomeye ari nabwo bwa mbere ryari rimaze kunsohokamo numvise umutima uruhutse, numva ndatuje nk’umuntu utuye umutwaro wari umuremereye. Intoki zanjye yari afashe yarazikomeje, arazirekura andambika ibiganza mu gituza anyitegerezanya imbabazi zivanze n’ubwuzu maze arambwira. Sacha – “Daddy! Amagambo umbwiye anyuze mu mutima wasaritswe n’intimba numva akayaga gahushye karema bundi bushya uko […]Irambuye

Mu mahame ya Islam nta kwica birimo, iterabwoba turaryitirirwa –

*Umuryango w’Abasilamu mu Rwanda wafashe ingamba nshya zo gukumira ikibi, *Nta we uzongera gutera inkunga ibikorwa mu rwego rwa Islam bitanyuze mu muryango wabo RMC. Mu kiganiro n’abanyamakuru abayobozi b’Idini ya Islam mu Rwanda (RMC) basobanueye ingamba nshya mu bijyanye no kujyana abayoboke mu Mutambagiro Mutagatifu, n’impamvu yo kubuza abantu gutanga imfashanyo bitanyuze muri uyu […]Irambuye

Episode 133: Daddy umunezero uramusaze bituma abwira Sacha ijambo rikomeye

Twageze kuri Hotel Sacha atari yatuza neza, maze turazamuka hejuru ha handi bari baduhaye ibyumba twinjira mu cye ahita yirambika ku buriri ariruhutsa nkomeza kumwitegereza hashira akanya katari gato mpagaze ngiye kubona mbona arahindukiye arandeba. Sacha – “Ahwiiiii! Daddy! Uracyari hano?” Njyewe – “Ndacyahari Sacha! Watuje se basi?” Sacha yahise aturika mbona arasetse nibaza ikibaye […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu bitifuza ko byakorerwamo ibyaha by’iyezandonke no

Abadepite kuri uyu wa kane batoye bemeza ko U Rwanda ruba umunyamuryango wuzuye mu bihugu birwanya iyezandonke muri Africa y’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, kuri Dr Uziel Ndagijimana, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Igenamigambo ngo bizafasha mu gukumira koi bi byaha byabera mu Rwanda. Mu nama y’Abaminisitiri yabereye yabereye i Luanda muri Angola ku wa 5 Nzeri 2014 […]Irambuye

Lesotho: Umugore wa Minisitiri w’Intebe yarashwe n’abantu arapfa

Umugore utari ukibana mu nzu imwe na Minisitiri w’Intebe, Thomas Thabane uheruka gutorwa muri Lesotho,  yarashwe mu ijoro ryakeye n’abantu habura iminsi ibiri gusa ngo umugabo we afate inshingano. Lipolelo Thabane, w’imyaka 58 yari kumwe mu modoka n’undi mugore bagenda nibwo umuntu utaramenyekana yabarasheho nk’uko byatangajwe na Polisi. Polisi yongeyeho ko impamvu zo kuraswa kw’aba bantu […]Irambuye

Uganda: Arakekwaho kwambura miliyoni 30 Shs urubyiruko arwizeza akazi muri

UBUTEKAMUTWE: Umugabo wamenyekanye ku mazina ya Yusuf Mukasa arakekwaho kwambura miliyoni 30 z’ama-Shillings ya Uganda urubyiruko abizeza ko bazabona imirimo muri Canada, ni nyuma ya ba Minisitiri n’Abadepite na bo batekewe umutwe bizezwa imyanya ikomeye muri Guverinoma batanga za miliyoni. Mukasa afungiye kuri Polisi i Kampala, yacaga buri wese mu rubyiruko yabeshye akazi miliyoni 2.3 […]Irambuye

Episode 132: Ibyishimo bya Daddy na Sacha ku Kivu bisojwe

Twarenze metero nkeya sinzi ukuntu nahindukiye ku ruhande rwanjye mpuza amaso na Sacha, ahita amwenyura arambwira. Sacha – “Daddy! Harya ngo ni iki cyari cyaguteye kutavuga?” Njyewe – “Sacha! Wambaye neza cyane, ntabwo ushobora kumva ukuntu umuntu uri kukureba ari kumva atahumbya, mbega ukuntu uberewe wee!” Sacha – “Hhh! Urakoze cyane Daddy! Gusa nanjye kuba […]Irambuye

Tour du Rwanda 2017 izagera mu Bugesera ku nshuro ya

Ishyirahamwe ry’Umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) n’abategura isiganwa rizenguruka u Rwand aku magare (Tour du Rwanda), bo mu Bufaransa bagiye gutangaza Inzira za Tour du Rwanda2017, mu hantu izanyura harimo no mu Bugesera izaca bwa mbere. Izo ni inzira isiganwa rizaberamo, aho ku nshuro ya mbere Bugesera yaje mu nzira za Tour du Rwanda 2017. […]Irambuye

Hon Mukayisenga yesezeweho bwa nyuma ngo yakundaga Imana, akubahiriza igihe

Mukayisenga Francoise witabye Imana ku cyumweru tariki 11 Kamena yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango we n’Abayobozi bakuru b’igihugu ndetse n’abo bakoranaga mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda. Umurambo wa nyakwigendera watangiye gusezerwa saa tatu n’igice za mu gitondo, mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda, nyuma umurambo ujyanwa ku rusengero rwa ADEPR Kacyiru ahabereye amasengesho yo kumusezeraho. […]Irambuye

en_USEnglish