Unilever yumvikanye n’u Rwanda gushora M40$ mu buhinzi bw’icyayi i

Kigali – Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri Leta y’u Rwanda ihagarariwe na Minisiteri y’ubuhinzi yagiranye amasezerano na Kompanyi yitwa Unilever Tea Rwanda Limited yo kubyaza umusaruro ubuhinzi bw’icyayi buherereye ku Munini na Kibeho mu karere ka Nyaruguru. Unilever Tea Rwanda Limited y’abashoramari b’abanyamahanga biyemeje gushora amadorari arenga miliyoni 40$ mu kubaka inganda ebyiri […]Irambuye

California: Ishusho ya Bikiramariya imaze iminsi isuka amarira!

Hashize imyaka icumi umugore witwa Maria Cardenas wo muri Leta ya California ahawe ishusho ya Bikirimariya nk’impano y’umunsi mukuru w’ababyeyi. Iyi shusho hashize iminsi itangiye gusuka amarira. Uyu mugore utuye mu gace ka Fresno muri California yabwiye KFSN-TV ko umuryango we ibi ubibona nk’igitangaza cy’Imana. Maria Cardenas avuga ko iyi shusho yatangiye kurira hashize umwaka […]Irambuye

Uganda: Inkangu zahitanye abantu 15 mu karere ka Bundibugyo

Abantu barenga 15 bamaze kwitaba Imana kubera kurindimuka kw’imisozi (inkangu) zaturutse ku mvura nyinshi mu gace ka Bundibugyo mu majyaruguru ya Uganda, izi nkangu ngo zashenye amaze agera kuri 200  abantu amagana nabo bakaba basigaye ntaho kwikinga bafite. Godfrey Mucunguzi umuyobozi w’akarere ka Bundibugyo yatangaje ko ibyangijwe ari byinshi cyane usibye ubuzima bw’abantu, ibiraro, imihanda, […]Irambuye

Hussein Minani ushinjwa Jenoside yafatiwe i Remera/Kigali yarihinduye UmuTanzania

Uyu mugabo yahoze ari umushoferi wa Minisitiri w’iterambere ry’abagore Paulina Nyiramasuhuko Police y’u Rwanda yamwerekanye kuri uyu wa 10 Gicurasi ku Kicukiro. Akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakoreye iwabo mu cyahoze ari Butare ndetse ngo n’impapuro zo kumuta muri yombi zari zarasohotse. Uyu Minani ariko avuga ko nta Jenoside yakoze ndetse ko ntacyo yishinjaga kuko yari […]Irambuye

U Rwanda rwahawe inkunga na EU ya Miliyari 157 Frw

*Mu 2015, EU yemereye u Rwanda inkunga izatangwa mu myaka 5 ya miliyoni 460 *Miliyoni 200 zizashyirwa mu buhinzi  butunze benshi mu Rwanda, *Mu ngufu (Energy) hagenewe miliyoni 200…Amb. Gatete avuga ko igiciro kizamanuka, *Intego yo kugera kuri MW 563 na 70% by’Abanyarwanda bafite amashanyarazi ngo  itahagaze. Kuri uyu wa kabiri, Minisiteri y’Imari n’igenamigambi yakiriye […]Irambuye

Rusizi: Umwanda urakabije mu isoko rya Rusizi ya I

Abacururiza muri iri soko rya Rusizi ya 1 riherereye mu kagali ka Gahinga mu murenge wa Mururu  baravuga ko babangamiwe cyane n’umwanda uri ahantu hose, ingarani/ikimoteri bamenamyo imyanda cyaruzuye kandi nyamara ngo batanga amafaranga y’isuku. Iri soko ni mpuzamahanga kuko riri ku mupaka w’u Rwanda na DRCongo. Ugeze muri iri soko arakirwa n’umunuko uva mu […]Irambuye

Abadepite basabye MINISANTE kutongera gutinza imishahara y’abaganga

Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’igihugu kuri uyu wa mbere yasabye Minisiteri y’Ubuzima kwerekana uko ibirarane bya Mutuel byishyuwe bitarenze icyumweru ndetse no kujya bihutisha imishahara y’abaganga, ni nyuma y’uko aba badepite bagaragaje ko hari ibibazo mu micungire y’ingengo y’imari ihabwa urwego rw’ubuzima. Muri gahunda y’igenzura ku mari ya Leta iyi Komisiyo iri gukora Minisiteri y’ubuzima […]Irambuye

Imihanda ya Kigali – Muhanga na Kigali – Musanze ubu

Minisiteri y’imicungire y’ibiza n’impunzi yatangaje kuri uyu wa 10 Gicurasi ko umuhanda wa Kigali – Muhanga, n’uwa Kigali – Muhanga yari imaze amasaha 24 ifunze, ubu yombi yongeye kuba nyabagendwa kuko amazi yagabanutse kuri Nyabarongo, ndetse n’inkangu zari zaguye mu muhanda zikaba zakuwe mu nzira muri Gakenke. Imihanda ya Kigali – Gakenke – Musanze na […]Irambuye

Rwanda 2014-15: Abagore 34% bahohotewe n’abo bashakanye, abagabo bahohotewe ni

Kuri uyu wa mbere mu kumurika ikiciro cya gatanu cy’ibyavuye mu bushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare ku baturage n’ubuzima (Demographoic and  health survey 2014/15), imibare yatangajwe igaragaza intambwe yagiye iterwa mu kurwanya impfu z’abana, ababyeyi batabyariraga kwa muganga, Malaria n’ibindi birimo ihohoterwa mu bashakanye…Abayobozi bavuze ko bigaragaza intambwe nziza yatewe mu mibereho y’Abanyarwanda. Ibyagaragajwe none […]Irambuye

IMPINDUKA: Bugesera FC izakirira Rayon Sports i Nyamirambo

Updates 5PM: Umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports uzabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuwa gatatu aho kuba kuri Stade Amahoro kuwa kabiri nk’uko byari byatangajwe mbere, ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera bwabwiye Umuseke ko izi mpinduka bazimenyeshejwe nyuma na FERWAFA ibabwiye ko ikibuga cya Stade Amahoro kigengwa na Minisiteri kitakibonetse kuri uyu wa […]Irambuye

en_USEnglish