*Umuyobozi w’Akarere avuga ko mu minsi 19 bazaba bishyuwe Mu murenge wa Busanze abaturage bangirijwe imyaka n’indi mitungo hakorwa umuyoboro w’amazi Cyahafi-Busanze bavuga ko imyaka ibaye itandatu bategereje ingurane y’ibyabo byabazwe mbere yo kurandurwa ngo hubakwe uyu muyoboro. Umuyobozi w’Akarere yabwiye Umuseke ko mu gihe kitarenze iminsi 19 aba baturage bazishyurwa. Iyi miyoboro wakozwe hagamijwe […]Irambuye
UPDATED @9AM:Atangira kuwa gatatu saa mbili za mugitondo buri wese yumvaga ko amasaha 51 ari menshi ahagaze, Saa kumi n’ebyiri n’igice z’iki gitondo muri Petit Stade i Remera, Umuseke wasanze Eric Dusingizimana akiri gutera agapira ka Cricket yari amaze gukora amasaha 46, bigeze saa tatu yari amaze gukora amasaha 49 arabura abiri ngo umunyarwanda wa […]Irambuye
Abakozi 10 b’ibitaro bya Kirehe, Kibogora n’ibitaro bya Nyanza batawe muri yombi ku italiki ya 11 Gicurasi bakekwaho gukoresha nabi imitungo y’ibitaro bakoreraga aba bose hamwe baregwa kunyereza cyangwa gukoresha nabi agera kuri miliyoni 800 y’u Rwanda. Aba bose bakekwa, barimo abahoze bayobora cyangwa bakiyobora ibitaro, abacungamari, abashinzwe abakozi n’abagenzuzi. Batanu muri abo bafashwe bagikorwaho iperereza […]Irambuye
Inyubako y’ubucuruzi mu karere ka Ngoma Umurenge wa Kibungo mu kagali ka Karenge yafashwe n’inkongi y’umuriro kuva saa kumi n’ebyiri z’uyu mugoroba. Kugeza ubu (6h30 PM), saa moya n’igice (19h30) nibwo imodoka izimya umuriro ya Police yahageze ivuye i Rwamagana ibasha kuzimya iyi nzu. Imirimo yafashe iminota 30. Imiryango ine niyo yibasiwe n’inkongi muri iyi nzu […]Irambuye
Amajyaruguru – Micheal Froman, U.S. Trade Representative umwanya wagereranywa na Minisitiri w’Ubucuruzi mu Rwanda kuri uyu wa kane yasuye uruganda rwa Kate Spade Factory rukorera mu murenge wa Masoro mu karere ka Rulindo, uru ruganda rw’umushoramari Kate Spade rukora ibicuruzwa mu buryo bw’ubukorikori birimo ibikapu, imyambaro, inkweto…rukaba cyane cyane rukoresha abagore. Uru ruganda rufasha kandi […]Irambuye
Iyo turangaye hari ibitubaho bikarenga ibyo twibwira byari kubaho, tumenyereye ibyumvo (sense) bitanu umuntu akoresha cyane mu buzima bwe; gufata, kureba, guhumurirwa, kumva, kumvisha ururimi. Ariko hari icyumvo cya gatandatu abashakashatsi University of Houston bamaze kwemeza ko ibaho. Abashakashatsi kuri ‘6éme sens’ bitegereje ibiba mu gihe umuntu utwaye imodoka arangaye, agize igishyika, atekereje ibibazo bikomeye […]Irambuye
Umujyi wa Gicumbi uragenda utera imbere bigaragara kimwe n’imijyi nka Musanze, Rubavu, Huye na Muhanga. Ubuyobozi bwa Gicumbi burasaba ko abayituye n’abaza kuyitura bubahiriza igishushanyo mbonera kugira ngo mu gihe kizaza batazagira umujyi utuwe mu kajagari. Umaze nk’imyaka 10 atagera mu mujyi wa Byumba iyo ahinjiye abona ko hari kinini cyahindutse, amazu y’ubucuruzi yawuzamutsemo hamwe […]Irambuye
Muri Petit Stade i Remera Eric Dusingizimana aracyakubita (Cricket Batting) agapira, ubu amaze gukora amasaha 26 (ubwo twandikaga iyi nkuru) mu masaha 51 agomba kumara agaca umuhigo wa Guinness World Records ubu ufitwe n’umuhinde Virag Mare. Mu gitondo kuri uyu wa kane Umuseke wasubiyeyo, umunyamakuru wacu avuga ko ku maso ubona agifite imbaraga mu buryo […]Irambuye
Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko umunyemari Gaspard Milimo wari uzwi cyane mu bikorwa by’ubucuruzi muri Kigali n’amazu y’ubucuruzi yari afite Nyabugogo, yitabye Imana azize uburwayi mu bitaro i Nairobi muri Kenya. Gaspard Milimo, yari amaze iminsi aba muri Kenya, yamenyekanye cyane kubera ahanini inyubako ye y’ubucuruzi iherereye muri Nyabugogo Umujyi wa Kigali wari uyobowe na […]Irambuye
Camp Kigali – Mu nama mpuzamahanga ya World Economic Forum on Africa iri kubera i Kigali, uyu mugoroba habaye ikiganiro nyunguranabitekerezo cyari gifite intero ivuga ngo ‘Partnership and doing Business in Africa”. Cyari kiyobowe (Moderator) na Tony Blair naho abatanga ibitekerezo b’ibanze ari Perezida Paul Kagame n’umushoramari Howard Buffet washoye mu buhinzi mu Burasirazuba bw’u […]Irambuye