Mu bujurire Urukiko rwa Gitega kuri uyu wa mbere rwakatiye igifungo cya burundu abantu 21 bari mu bagerageje guhirika ubutegetsi i Burundi mu kwezi kwa gatanu umwaka ushize. Abantu batanu bakatiwe gufungwa imyaka ibiri, babiri bagizwe abere. Usibye ibi bihano ku bahamwe n’ibyaha, banaciwe miliyari esheshatu z’amafaranga y’amarundi z’indishyi. Aba bahamijwe ibyaha mu bujurire bakaba […]Irambuye
Mu mukino wo gusiganwa mu tumodoka duto tunyaruka cyane bita Formula 1 izina Michael Schumacher niryo ryamenyakanye cyane mu mateka y’uyu mukino kuko mu mibare niwe mushoferi ukomeye wabayeho muri uyu mukino, ubu ariko ubuzima bwe ngo burabarirwa mu gihe cy’amasaha, ubu kandi ngo arapima ibiro 45 gusa. Hashize imyaka ibiri akoze impanuka ikomeye ubwo […]Irambuye
*Padiri Ubald ngo hari abapadiri bitwaye nabi muri Jenoside ariko ntabasha kubigisha, *Avuga ko nyuma ya Jenoside yagize ihungabana akajya arara arira… *N’ubwo Gacaca zari zirangiye; Ubald avuga ko kuri Kiliziya Gatulika bitari kurangirira aho Padiri Ubald Rugirangoga uzwi cyane mu bikorwa by’isanamitima no gusengera indwara zidakira n’izabaye akarande, uzwi kandi mu gusakaza inyigisho zo […]Irambuye
Uyu mukandinda ku mwanya wa Perezida wa Congo Kinshasa mu matora ateganyijwe mu kwa 11 uyu mwaka kuri uyu wa mbere yagiye imbere ya Parike ya Lubumbashi nubwo bwose Ubushinjacyaha butatangaje impamvu yatumijwe. Birakekwako ari ibijyanye n’ibyo yashinjwe byo kwinjiza abarwanyi b’abacanshuro mu gihugu. Abantu benshi cyane baherekeje Moïse Katumbi ubwo yari agiye ku ngoro […]Irambuye
Iminsi ine nyuma yo kunyagira APR FC, Rayon Sports yatsinze Rwamagana City 4-1, bituma Masudi Djuma uyitoza avuga ko abona igikombe kibari mu biganza. Ni nyuma yo gutsinda ibitego 11 mu mikino itatu iheruka. Rayon sports muri iyi week end yatsinze Rwamagana City 4-1, byatsinzwe na Savio Nshuti Dominique, Manishimwe Djabel na bibiri bya Ismaila […]Irambuye
Imanizabayo Eric wasize abato muri Rwanda Cycling Cup ya mbere Rwamagana – Nyagatare (mu batarengeje imyaka 18), ngo yifuza kugeza imyaka 19 yaratwaye Tour du Rwanda. Bwa mbere muri Rwanda Cycling Cup hongewe mo isiganwa ry’abatarengeje imyaka 18, hagamijwe guha abato amarushanwa menshi. Mu gihe abakuru bahagurukaga i Kigali bajya i Nyagatare, Abataregeje imyaka 18 […]Irambuye
Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nta modoka iri kurenga ahazwi nko ku Giti cy’inyoni kubera kuzura bikibije k’umugezi wa Nyabugogo warenze ingobyi yawo ukinjira mu muhanda. Abandi bantu bagera kuri barindwi bapfuye bazize inkangu n’impamvu zivuye ku mvura nyinshi. Ibinyabiziga byerekeza mu Ntara y’Amajyepfo biturutse i Kigali byose nta kiri kurenga aha […]Irambuye
Minisiteri y’impunzi no guhangana n’ibiza yatangaje ko imvura yaguye kuwa gatandatu no kuri iki cyumweru yahitanye abantu 49, ikomeretsa 26, ndetse isenya ibikorwaremezo binyuranye mu Turere twa Gakenke, Ngororero, Rubavu na Muhanga; Ubutabazi ngo buracyakomeje kubarokotse. Akarere ka Gakenke niko kakozweho cyane n’iyi mvura ikaze, dore ko ubu habarurwa abantu bagera kuri 34 bo mu […]Irambuye
Rwanda Cycling Cup yatangiye kuri uyu wa gatandatu tariki 7 Gicurasi 2016. Areruya Joseph niwe watangiye atsinda isiganwa rya mbere Kigali – Nyagatare. Abasiganwa 46 bavuye mu makipe umunani bahagurutse kuri stade Amahoro saa 09:15. Basoreje i Nyagatare bayobowe na Areruya Joseph w’ikipe ya Les Amis Sportif y’i Rwamagana. Bahagurutse i Kigali hitezwe ihangana rikomeye […]Irambuye
Police y’u Rwanda iri gushakisha umugabo wibye Jean Michel Campion kuri sosiyete abereye umunyamigabane ikorera mu mujyi wa Huye nyuma y’uko uyu yibye shebuja miliyoni 23 z’amanyarwanda mu ijoro ryakeye agahita acika. Campion ubwo yavuganaga n’Umuseke mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu yari kuri Police yagiye gutanga ikirego cy’ubu bujura avuga ko bwakozwe n’uwitwa […]Irambuye