Eric na Kanyankore ‘banze’ gutoza Amavubi

Amakuru agera k’Umuseke aremeza neza ko abatoza Gilbert Kanyankore bita Yaounde na Eric Nshimiyimana banze gutoza Amavubi umukino umwe (Amavubi na Ghana) ngo bageragezwe nk’uko babisabwaga na Minisiteri y’imikino.  Kuri uyu wa kabiri nibwo byamenyekanye ko Gilbert Kanyankore bita Yaounde na Eric Nshimiyimana batagitoje Amavubi. Umuseke wagerageje kuvugisha abo bireba bose ariko kugeza ubu ntibirashoboka. Gusa umwe […]Irambuye

Nigeria: Abubakar Shekau uyobora Boko Haram yarashwe n’igitero cy’indege

Abubakar Shekau  umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram yakomerekeye bikomeye mu gitero cy’indege za gisirikare za Nigeria nk’uko izi ngabo zibyemeza. Amakuru atangwa n’ingabo aravuga ko iki gitero cyabaye mu cyumweru gishize mu ishyamba rya Sambisa muri leta ya Borno hafi y’umupaka na Cameroun, ahafatwa nk’indiri ya Boko Haram. Kuri uyu wa kabiri, mu itangazo […]Irambuye

Ku muhanda wa mbere wa kaburimbo ‘mu Rwanda’!

Site ya mbere y’Umujyi wa Kigali yabayeho yari ahitwaga mu Gakinjiro ku musozi wa Nyarugenge yashinzwe ahagana mu 106 kuko hari hafi y’ahatuye Rezida w’u Rwanda kugeza mu 1916 ubwo Ababiligi baje bakirukana Abadage. Kugeza mu 1962, Kigali yari ituwe n’abantu 5 640 umujyi uri ahantu hangana na 3Km² gusa nk’uko ibitabo by’amateka bibivuga. Muri […]Irambuye

Huye: Basanze umugabo yapfiriye muri Motel Gratia

Kuri uyu wa mbere, umugabo w’ikigero cy’imyaka 45 witwa Jean Paul Seruzamba bamusanze mu cyumba cya Motel Gratia yapfuye. Ubuyobozi bw’iyi Motel buvuga ko yari asanzwe ari umukiliya wabo. Ubuyobozi bwa Motel Gratia buvuga ko uyu mugabo yafashe icyumba kuwa gatanu w’icyumweru gishize ngo azamaramo iminsi ibiri nk’uko bivugwa na Hassan Nsengimana uyobora iyi Motel. […]Irambuye

Musabyemariya n’abana be batashye mu Rwanda bava Angola aho bari

Musabyenamariya Fratenata yapfushije umugabo we mu myaka itanu ishize, asigara agowe cyane no kubona amafaranga yo kurera abana batandatu wenyine yasigiwe n’umugabo we muri Angola aho babaga nk’impunzi kuva mu 1994, ubu ari mu nzira ataha n’abana nk’uko bivugwa n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR. Musabyenamariya Fratenata abana be bose bavukiye muri Angola, avuga […]Irambuye

Igiciro gishya cya ‘FANTA’ ni 350Frw

BRALIRWA Ltd yatangaje ko kuva kuri uyu wa mbere hari ibiciro bishya by’ibinyobwa bidasembuye ikora.  Ibi ni Fanta zo mu macupa ya 30Cl, izo mu macupa 50Cl (nka Coca nini) hamwe n’izo mu macupa ya plastic ya 30Cl. Fanta yo mu icupa rya 30Cl igiciro cyacyo gishya ni 350Frw aho kuba 300Frw nk’ibisanzwe, iyo mu […]Irambuye

John Kerry muri Kenya, araganira na Kenyatta ku mutekano mu

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa USA John Kerry ari muri Kenya aho yatangiriye urugendo rwe rwakazi ku mugabene w’Africa. Uyu munsi araganira na perezida Kenyatta ku kibazo cy’umutekano mu bihugu by’akarere cyane cyane Sudan y’epfo, Somalia ndetse no mu karere. John Kerry wageze muri Kenya ejo ku cyumweru kuri uyu wambere araganira na […]Irambuye

2015/16: RRA yinjije miliyari 1001,3. Intego yari miliyari 960,3

Kuri uyu munsi wahariwe umusoreshwa uri kwizihizwa ku nshuro ya 14 ku rwego rw’igihugu i Kigali, Komiseri mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro Richard Tusabe yatangaje ko mu mwaka w’imari wa 2015/2016 iki kigo cyakusanyije imisoro ingana na miliyari 1001 na miliyoni 300 mu gihe intego yari miliyari 960,3. Komiseri mukuru wa Rwanda Revenue Authority yavuze […]Irambuye

Usain Bolt mu gitanda n’umukobwa w’imyaka 20

Usain Bolt asanzwe afite umukobwa bakundana ndetse ngo bari kwitegura kugera ku rwego rw’abagiye kurushinga, gusa umukobwa wo muri Brasil w’imyaka 20 ashobora kuba yabibayemo kidobya kuko yerekanye amafoto bameranye neza mu buriri. Ni nyuma y’uko Bolt yari akoze ‘course’ ye ya nyuma maze akajya kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 30 kuwa gatandatu tariki 21/08. Amafoto […]Irambuye

Gael Faye yakoze ubukwe kuwa gatandatu i Rubavu

Mu bukwe bwabaye mu mwihariko w’umuryango gusa, umuraperi ukomoka mu Rwanda ariko wabaye cyane mu Bufaransa Gael Faye yaje mu Rwanda i Rubavu aba ariho akorera ubukwe n’umukunzi we Violaine. Gael Faye usa n’uri kuba mu Rwanda cyane muri ibi bihe ubukwe bwe bwabereye ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu. We n’umugore we bagaragaye bishimye bari […]Irambuye

en_USEnglish