Mu 1998 Umunyarwanda yanywaga 6L z’amata ku mwaka. Ubu ageze

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwakira inama nyafurica ya 12 y’abakora ubworozi bw’inka n’abatunganya amata izabera i Kigali kuva tariki 31/08/2016, u Rwanda ngo rurakomeza guharanira kongera umusaruro w’amata. Ku kigereranyo ngo mu 1998 Umunyarwanda umwe yanywaga litiro esheshatu z’amata ku mwaka, ubu ngo ageze kuri 59L ku mwaka, kandi intego nibura ngo ni uko […]Irambuye

Bizimana imitezi yamukozeho, amaranye sonde imyaka 3, yabuze uko yivuza

*Yarwaye imitezi yivuza Kinyarwanda bimera nabi cyane Innocent Bizimana w’imyaka 30 aribwa bikomeye n’umubiri iyo inkari ziyobye ntizinyure muri Sonde zigaca mu gitsina cye cyashengabaye cyane kubera uburwayi yavanye ku mitezi. Uyu musore avuga ko abura ubushobozi bw’amafaranga ngo abagwe yongere kuba muzima. Bizimana ubu acumbitse kwa benewabo mu murenge wa Rubengera mu kagali ka […]Irambuye

Valens Ndayisenga arashima cyane Team Rwanda

Valens Ndayisenga w’imyaka 22 wagize umwuga umukino wo gusiganwa ku magare avuga ko afite ishimwe rikomeye ku batangije umushinga wa Team Rwanda kuko yavuye kure ubu akaba hari aho ageze kandi hakiri aho yifuza kugera. Ndayisengaubu akina nk’uwabigize umwuga muri Team Dimension Data for Qhubeka yo muri Afurika y’epfo, yitoreza mu Butaliyani. Uyu musore uvuka […]Irambuye

Ngororero: Umuvunyi yakirijwe ibibazo bishingiye cyane ku byiciro by’Ubudehe

Muri gahunda y’icyumweru cy’ubutabera cyateguwe n’Urwego rw’Umuvunyi, kuri uyu wa kabiri Umuvunyi mukuru wungirije yagiye mu murenge wa Hindiro mu karere ka Ngororero aha umwanya abaturage ngo baganire ku bibazo bya ruswa n’akarengane, ibibazo byinshi yakiriye ni ibishingiye ku byiciro by’ubudehe abaturage bavuga ko bashyizwe mu byo badakwiye kubamo. Abaturage muri uyu murenge bagaragaje ibibazo […]Irambuye

Umuyobozi wa Toronto Raptors (NBA) yatashye ikibuga cya Basket i

Masai Ujiri umuyobozi mukuru wa Toronto Raptors yo muri shampiyona ya Basketball (NBA) yo muri USA, yafunguye ku mugaragaro ikibuga cyo kuri Club Rafiki i Nyamirambo yavuguruye. Masai Ujiri yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 23 Kanama 2016, yaje gufungura ku mugaragaro ibikorwa by’umushinga ayobora witwa ‘Giants of Africa’ uhuza […]Irambuye

Rusizi: Nyuma y’imyaka 5, umugore yasubijwe ubutaka bwe yari yarambuwe

Francine Uwera w’imyaka 28 kuri uyu wa kabiri yatahanye ibyishimo bikomeye ubwo yasubizwaga n’ubuyobozi bw’Akarere imirima ye iri mu gishanga cya Bugarama  mu murenge wa Bugarama yambuwe mu myaka itanu ishize ubwo habagaho gusaranganya imirima. Aho yari yambuwe niho hari hamubeshejeho. Kuri uyu wa kabiri ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwari bwamanutse kumva no kugerageza gukemura […]Irambuye

Gicumbi: Abamotari babishatse ngo ibiyobyabwenge byagabanuka

Akarere ka Gicumbi kari mu turere twinjiramo biiyobyabwenge byinshi biva muri Uganda, kuri uyu wa kabiri Police muri aka karere yagiranye kiganiro n’abamotari kigamije gushaka uko bafatanya guhashya ibiyobyabwenge byinjira muri Gicumbi kuko ngo abamotari babishatse byagabanuka cyane. Ibiyobyabwenge nibyo biri ku isonga y’imbarutso y’ibikorwa by’ubwicanyi n’urugomo bijya biba mu muryango nyarwanda. Muri byo habamo […]Irambuye

Huye: Batatu bagwiriwe n’ikirombe babiri barapfa

Mu kagari ka Bukomeye mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye ku cyumweru abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe aho bacukuraga Latelite mu buryo bwa rwihishwa babiri bahita bahasiga ubuzima undi akaba ari mu bitaro. Aba bagwiriwe n’iki kirombe ni Jean Baptiste Surwigano, Jean Bosco Karera na Jean Bosco Ndagijimana aho bakoraga ubucukuzi ahantu leta yacukuraga […]Irambuye

Umuyobozi wa Toronto Raptors yo muri NBA ageze i Kigali

Kuri aka gasusuruko ko kuwa kabiri umuyobozi mukuru w’ikipe ya Toronto Raptors yo muri NBA ageze mu Rwanda gukomeza gahunda zo guteza imbere Basketball mu bana biciye mu mushinga wa Giants of Africa. Giants of Africa ni umushinga ugamije gukoresha Basketball mu guha abana ba Africa uburezi no gutuma bazibeshaho neza mu gihe kizaza. Masai […]Irambuye

India: Umwana w’imyaka 4 agiye kwiga mu mashuri yisumbuye

Umukobwa w’imyaka ine yemerewe n’akanama gashiznwe uburezi kwiga mu ishuri ryisumbuye rya St Meera’s Inter College mu mwaka wa cyenda. Ikinyamakuru Pradesh cyo mu Buhinde kivuga ko uyu mwana avuka mu muryango udasanzwe kuko na musaza we yarangije Kaminuza afite imyaka 14 gusa. Uhagarariye amashuri mu gace batuyemo witwa Umesh Tripathi yavuze ko uyu mwana […]Irambuye

en_USEnglish