Ibanga ryo kuramba ku bantu ngo rihishe muri ADN ya

Abahanga mu binyabuzima basanga kugira ngo bamenye icyakorwa ngo umuntu abeho imyaka myinshi cyane ari uko bakwiga ingirabuzima fatizo z’amafi y’inyamabere(yonsa) yitwa baleine afite ubushobozi bwo kuramba imyaka 200. Bakareba uko yafasha umubiri w’umuntu nawe akaramba atyo. Baleine niyo nyamaswa nini ku isi kandi niyo nyamabere iramba kurusha izindi kugeza ubu. Bakoresheje  ibyuma bireba mu ntimatima […]Irambuye

Rayon yimukiye i Muhanga kwitegura Police FC

Rayon Sports FC yaraye yimukiye i Muhanga mu rwego rwo kwitegura umukino wa shampiyona w’umunsi wa 13 uzayihuza na Police FC  kuri uyu wa kabiri tariki ya 06 Mutarama 2015 , uyu mukino uzabera kuri stade ya Muhanga, Rayon ikaba yifuje kuba iriyo ngo ihamenyere. Aime Niyomusabye umuvugizi wa Rayon Sports yabwiye Umuseke ko ikipe […]Irambuye

Rambo ku myaka 68 agiye gukora indi filimi ya Series

Umukinnyi wa filime njyarugamba Sylvester Stallone ukomoka  muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, wamenyekanye cyane ku izina rya Rambo yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter  ko yiteguye gutangira gukina filime z’uruhererekane yise The Final Blood Rambo. Uyu mugabo ubu amaze kugira imyaka 68 y’amavuko akaba ariwe mukinnyi wa filime nyarugamba wamenyekanye cyane mu myaka yaza 1980 […]Irambuye

Kubaka ikiraro hagati ya Bwishyura na Rubengera bimaze umwaka ntagihinduka

Karongi – Hashize umwaka n’igice imirimo yo kubaka ikiraro ku mugezi wa Mushogoro ihagaze, abaturage bo mu mirenge ya Rubengera na Rubengera cyane cyane abaca mu tugari twa Burunga na Kibirizi binubira uburyo bambuka uyu mugezi kuko hari n’umwe umaze kuhasiga ubuzima nk’uko abaturage babivuga. Ubuhahirane ntabwo bukorwa uko babyifuza, ubu bamukira ku gateme gato […]Irambuye

Polisi irakangurira abantu kwirinda gukora ku byuma batazi

Ushobora kuba udafite ubumenyi ku bwoko bw’ibisasu n’uko bisa ariko nanone birashoboka ko wabibona mu gihe uri mu bikorwa byawe bya buri munsi. Wabibona uragiye amatungo nk’uko wabitaburura uri guhinga cyangwa usiza ikibanza. Polisi y’u Rwanda irakangurira abaturarwanda kwirinda gukora ku kintu cyose bakeka ko ari igisasu, kugifataho, kukivana aho kiri, kugikinisha ndetse no kugikoresha ku […]Irambuye

U Rwanda ntirwumvikana na UN ku hagomba kubikwa inyandiko za

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye tariki ya 30 Ukuboza 2014, Minisitiri w’Ubutabera yagarutse ku mpaka z’urudaca ziri hagati y’u Rwanda n’Umuryango w’Abibumbye, UN ku bijyanye n’ahazashyingurwa inyandiko, ibimenyetso n’ibindi byose byifashishijwe n’Urukiko rwa Arusha (TPIR) mu guca imanza z’abakekwagwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, u Rwanda rwumva nta handi zaba uretse mu Rwanda. Johnston Busingye, Minisitiri […]Irambuye

1 vacancy at RUB – Professional Auditor (Deadline 05th January

Rwanda Union of the Blind (RUB) would like to hire professional auditor to audit the financial statements and accounts of its two projects titled ” Mobilization of blind people from the grass root and Reducing vulnerability of deaf blind people in Rwanda” managed in collaboration with MYRIGHTRwanda. The objective of the audit will be to […]Irambuye

Nyamitali arebeye kuri Byumvuhore asanga urugendo rukiri rurerure

Patrick Nyamitali uzwiho ubuhanga mu kuririmba muzika ya ‘Live’, nyuma yo kwitabira igitaramo cy’umuhanzi Byumvuhore Jean Baptiste akareba uko abantu bishimiye uwo muhanzi byatumye avuga ko abahanzi nka we bagifite urugendo rurerure mu kugera nk’aho. Nk’uko yabitangarije Umuseke, Patrick Nyamitali yavuze ko yatunguwe cyane no kubona uburyo Byumvuhore Jean Baptiste yeretswe ko akunzwe kandi ari umuhanzi […]Irambuye

Nigeria: Boko Haram yafashe ikigo cya gisirikare

Umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram muri week end ishize wafashe ikigo cya gisirikare ndetse n’utundi duce twinshi mu majyaruguru ya Nigeria hafi y’ikiyaga cya Tchad nk’uko bitangazwa na AFP. Mu duce dutuwe cyane n’abarobyi, aba barwanyi bahagabye ibitero bituma imiryango myinshi ihunga ikoresheje inzura y’amazi yerekeza mu gihugu cya Tchad. Hafi y’ahitwa Baga niho aba […]Irambuye

Gatsibo: Ruswa ‘yatswe’ abatishoboye muri gahunda yo guca Nyakatsi

Mu kuvana abantu mu nzu ya Nyakatsi bari batuyemo Leta yagiye igenera abaturage bamwe na bamwe batishoboye ubufasha burimo amabati kugira ngo bubake. Gusa bamwe mu baribayakwiye ngo kugira ngo bayahabwe bakwa ikitwa ‘Umusururu w’umuyobozi’ nk’uko byemezwa na bamwe mu batuye muri aka karere. Ibi byatumye hari bacye bakiri muri aya mazu ya nyakatsi. Umuturage […]Irambuye

en_USEnglish