Month: <span>May 2017</span>

Kagame yashimiye Global Fund ku musanzu itanga mu kurwanya SIDA

Mu nama nyobozi ya 37 y’Umuryango ‘Global Fund’ yitabiriwe n’abanyamuryango 260, Perezida Paul Kagame yashimiye uyu muryango ku bufatanye bwiza ufitanye n’u Rwanda mu kurwanya ibyorezo nka SIDA n’Igituntu, n’ibindi. Perezida Kagame yavuze ko ‘Global Fund’ ari umufatanyabikorwa mwiza w’u Rwanda muri gahunda yo guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda. Ati “Kubera ubwo bufatanye, ubu Abanyarwanda benshi babona […]Irambuye

Gicumbi: Abarokotse i Nyamiyaga barasaba ko urwibutso rwaho rusakarwa rukanazitirwa

Abarokotse Jenoside basaba ko hanashyirwaho  uruzitiro rwujuje ubuziranenge mu rwego rwo kubaha imibiri ihashyinguwe. Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Nyamiyaga basaba ubuyobozi ko bwabafasha gusakara urwibutso rwa Jenoside rushyinguwemo Abatutsi bishwe mu 1994 mu murenge wa Nyamiyaga. Uru rwibutso runashyinguwemo abishwe muri Jenoside bakuwe mu mirenge ya Rutare na Rukomo bari […]Irambuye

Rubavu: Inzu zubakiwe Abanyarwanda birukanywe Tanzania zatangiye kugwa

Imiryango 24 y’Abanyarwanda birukanywe Tanzania mu 2013 batujwe mu Kagari ka Busigari, Umurenge wa Cyanzarwe, Akarere ka Rubavu baratabaza Leta kuko bamwe inzu bubakiwe zatangiye kubagwaho. Izi nzu zatangiye kubakwa mu 2014, kugeza ubu zose uko ari 24 zuzuye nta bwiherero, ndetse imirimo ya nyuma yo kuzitunganya ntirarangizwa. Kubera gutinda kuzikora neza, ubu inzu imwe […]Irambuye

Ishuri ryigisha kwita ku bidukikije ryatanze impamyabumenyi rinegurirwa MINEDUC

Kitabi College of Conservation and Environmental Management (KCCEM) ku nshuro ya kabiri ryatanze impamyabumenyi ku banyeshuri  59, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB) cyari kirifite mu nshingano  kiryegurira Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC). Abanyeshuri bigaga mu ishuri rya Kitabi College of Conservation and environmental management biga ibijyanye no kubungabunga ibidukikije, amashyamba kimeza n’aterwa n’abantu, kubungabunga inyamaswa zo ku […]Irambuye

Episode 90: Dovine asutse hanze ukuri kose…Brown arazanzamutse, abandi bibaye

Njyewe- “Ihangane Mama! Brown ntacyo aba, humura araza kumera neza!” Mama Brown- “Oya ndeka, ubu koko umwana wanjye natwise amezi icyenda nkamubyara nkamurera nkamukuza anciye mu myanya y’intoki!” Mama Dovine- “Ubu se koko Mana yanjye ndabigira nte? Iyaba ari icyohe cyanjye cyapfaga cyo kizize!” Njyewe- “Oya humura Dovine nawe nubwo yizize ariko nawe ntakwiye gupfa, […]Irambuye

RUBAVU:  Umugore uboha ibikapu agira inama bagenzi be yo guhaguruka

Umutoni Laurence umubyeyi ubyaye rimwe nyuma yo kubona ko bitoroshye kubaho usaba umugabo buri kimwe mu byo akeneye yagannye ishuri ryigisha kudoda ibikapu rya NEBO Church muri gahunda yo gufasha abagore kwifasha, Laurence yabwiye Umuseke akamaro byamugiriye. Avuga ko yumva buri mugore wese yakagize uruhare mu guteza urugo imbere adategereje ko byose abihabwa n’umugabo. Yavuze […]Irambuye

Diane Rwigara ngo aziyamamaza mu matora ya Perezida

*Diane Rwigara ni we mugore wa mbere weruye ko azahatanira kuba Perezida muri 2017, *Komisiyo y’Amatora izatangira kwakira kandidatire tariki ya 12-23 Kamena 2017, *Charles Munyaneza uyobora Komisiyo y’Amatora ati “Diane Rwigara nta we nzi, ni n’ubwa mbere mwumvise”. Diane Rwigara yatangaje ko agiye gutangira ibikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda mu matora […]Irambuye

Uwababyeyi yatangiye kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda ahereye ku mateka

Honorine Uwababyeyi, w’imyaka 32, yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, yiyemeje guhuza urubyiruko rutandukanye kugira ngo bafatanyirize hamwe komorana ibikomere batewe na Jenoside no gusobanukirwa kimwe amateka yaranze Abanyarwanda, yifuza ko amateka y’Abanyarwanda ataba inkota ibabaga, ahubwo bayabyazamo amatafari bubakisha igihugu kizira amacakubiri. Honorine ngo yashyize hamwe urubyiruko kugira ngo bashingire ku mateka yaranze u Rwanda abe […]Irambuye

Museveni ati “Niba ndi umunyagitugu ndi umunyagitugu mwiza”

Mu kiganiro yagiranye na Television y’Abarabu Aljazeera, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko abamwita ko ari umunyagitugu bakwiye kubanza kureba inshuro yiyamamarije kuyobora iki gihugu kandi agatsinda ku majwi yo hejuru. Mu mpera z’icyumweru gishize Umunyamakuru wa Aljazeera yagiranye ikiganiro na Museveni imubaza icyo atekere ku murage azaba asize nyuma yo kumara imyaka […]Irambuye

en_USEnglish