Month: <span>May 2017</span>

Sibomama Patrick wa APR FC agiye gusinyira AFC Tubize yo

Rutahizamu wa APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi, Sibomana Patrick bita Papy ari gukina umwaka wa nyuma muri shampiyona y’u Rwanda mbere yo kujya muri AFC Tubize yo mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi. Ushinzwe gushakira isoko uyu musore w’imyaka 21 yumvikanye n’amakipe ane atandukanye i Burayi arimo ayo mu Bubiligi no muri Kazakhstan. Gusa AFC […]Irambuye

Army-Week izamara amezi abiri, mu bizakorwa harimo kubaka ibiraro 18

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu cyateguwe n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, umuvugizi w’ingabo Lt Col Rene Ngendahimana yavuze ko hazakorwa byinshi mu cyumweru ngarukamwaka kitwa Army-Week birimo kuvura abarwayi, kubaka ibiraro 18, imihanda hirya no hino n’ibindi. Umwihariko wa Army-Week y’uyu mwaka ngo ni uko izamara igihe kirekire ugereranyije n’izayibanjirije kuko izatangizwa ejo ku […]Irambuye

WDA, UR, MINISANTE na RBC ku isonga mu kunyereza umutungo

Kuri uyu wa gatatu, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Obadia Biraro yagaragarije Inteko ishinga amategeko imitwe yombi uburyo ingengo y’imari y’umwaka wa 2015/2016, yagaragaje ko hari amafaranga agera kuri Miliyari 1.6 yasesaguwe, na miliyoni 906 yanyerejwe. Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta Obadiah Biraro yagaragaje ko muri rusange mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2015/16, hari Miliyari […]Irambuye

Jaff Ajay afite impamvu zifatika zatumye aririmba “Kagame wacu”

Jeff Ajay ni umuhanzi ukizamuka. Mu ndirimbo ye yise ‘Kagame wacu’ agaruka ku bintu Umukuru w’Igihugu yagejeje ku Banyarwanda harimo gutuma abari ‘aboro baba aborozi’ binyuze muri gahunda ya Girinka. Mu bindi biri muri iyi ndirimbo ni ukuba umuriro w’amashanyarazi umaze gukwira ahantu henshi mu gihugu bigafasha mu iterambere ry’icyaro no mu zindi gahunda zitandukanye. […]Irambuye

Muhanga: Dr Munyakazi yasohotse mu rukiko iburanisha ritarangiye

*Yavuze ko Me Evode na P. Celestin Rwigema bamushinjuye muri USA, *Ngo yarokoye abantu 52 bahigwaha muri Jenoside. Mu rubanza ruregwamo Dr Leopold Munyakazi ukekwaho gukora ibyaha bya Jenoside mu cyahoze ari komini Kayenzi (Kamonyi y’ubu) kuri uyu wa 03 Gicurasi yitabye Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga ariko aza gusohoka mu cyumba aburaniramo iburanisha ritarangiye ariko […]Irambuye

Imvururu, amakimbirane, iterabwoba,…ntibiba muri Afurika gusa- Min. Mushikiwabo

*Avuga ko icyo Abanyafurika bagomba guhurizaho ari ukurwanya ibibazo bibugarije… Atangiza umwiherere  w’iminsi itatu w’ibihugu bigize akanama gashinzwe amahoro n’umutekano mu muryango w’Ubumwe bw’Afurika watangiye kubera I Kigali kuri uyu wa 03 Gicurasi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yavaze ko muri Afurika atariho honyine harangwamo ibibazo bihungabanya umutekano w’abaturage. Muri uyu mwiherero wahuje […]Irambuye

Gahanga: Umurambo w’umusore watoraguwe mu gihuru

Mu gitondo kuri uyu wa Gatatu hari umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 29 watoraguwe mu gihuru giherereye mu mudugudu wa Kaboshya mu Kagali ka Rwabutenge mu Murenge wa Gahanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahanga Florence Ntakontagize yabwiye Umuseke ko ahagana sa tatu za mu gitondo ari bwo uwo murambo wabonetse. Umurambo wa nyakwigendera ngo […]Irambuye

Ngoma: Abaturage batanze Miliyoni eshanu mu kubaka “Post de Sante”

*Ngo ntibaremererwa kuhivuriza bakoresheje mutuelle de sante, *Baruhutse urugendo rw’amasaha abiri bajya kwivuza ahandi. Mu kagari ka Sakara, umurenge wa Murama mu karere ka Ngoma huzuye ivuriro ryo ku rwego rwa “Poste de santé” ryagizwemo uruhare n’abaturage mu iyubakwa ryayo, amafaranga milioni 25 yaryubatse, asaga milioni eshanu (Rfw 5 000 000) yari uruhare rw’abaturage. Abaturage bahamya […]Irambuye

Nigeria: Umugore wa Perezida Buhari yavuze ko uburwayi bw’umugabo we

Umugore wa Perezida wa Nigeria, Aisha Buhari  yavuze ko Perezida Buhari atarwaye cyane nk’uko abantu babyumva. Kuri twitter yanditse ko Perezida Muhammadu Buhari, w’imyaka 74, yakomeje inshingano ze kandi ngo yahuye n’Abaminisitiri. Hari itsinda ry’abantu bakomeye muri Nigeria basabye Perezida Buhari kuba yafata ikindi kiruhuko cya muganga mu gihe ubuzima bwe bukomeza kwibazwaho byinshi. Muri […]Irambuye

en_USEnglish