Month: <span>February 2017</span>

Abahanzi bemereye Police kubafasha gukumira ibyaha

Kacyiru  – Kuri uyu wa gatanu ku kicaro gikuru cya Police y’u Rwanda, Police n’abahagarariye abahanzi banyuranye bumvikanye ko aba bagiye gufatanya na Police cyane mu kurwanya ibyaha no kubikumira. Mu bumvikanye na Police harimo abahagarariye abanyamuziki, abanyabugeni, abakina cinema, abakora byendagusetsa ndetse n’abahagarariye abanyamakuru muri ibi byiciro. Nyuma yo gusinya aya masezerano umuyobozi mukuru […]Irambuye

Irushanwa ry’Intwari muri Tennis rifasha urubyiruko-Ntageruka uyobora RTF

Ibyiciro bitandukanye by’abakinnyi ba Tennis bakomeje gukoresha ibibuga bya Stade Amahoro bakina irushanwa ry’Itwari. Umukino wa nyuma uteganyijwe kuri iki cyumweru. Amashyirahamwe y’imikino itandukanye yateguye amarushanwa agamije guha icyubahiro no kuzirikana intwari z’u Rwanda ziri mu byiciro bitatu; Imanzi, Imena n’Ingenzi. Mu ishyirahamwe ry’umukino wa Tennis mu Rwanda rifatanyije na BRD bateguye irushanwa ririmo ibyiciro […]Irambuye

MINEDUC yahagaritse amarushanwa yaba Miss mu mashuri abanza n’ayisumbuye

Minisiteri y’uburezi yasohoye itangazo imenyesha amashuri ya Leta, ayigenga n’amashuri mpuzamahanga akorera mu Rwanda ko bibujijwe gutegura ibikorwa n’amarushanwa yaba Nyampinga muri aya mashuri mu Rwanda. Muri iri tangazo ryasinyweho na Minisitiri w’Uburenzi, avuga ko ngo impamvu ari uko yamaze “Kubona ko  ayo marushanwa ashobora kugira ingaruka ku myigire n’imyigishirize y’abanyeshuri bakiri bato.” Bityo aya […]Irambuye

Havumbuwe Umugabane mushya mu nyanja y’Abahindi

Bishobora kumvikana nk’ibidashoboka ariko byemejwe ko mu nyanjya y’Abahindi hagaragaye umugabane mushya umaze imyaka ibarirwa muri miliyaridi utazwi. Ibi biratangazwa n’itsinda ry’abashakashatsi baturutse muri kaminuza yo muri Afurika y’Epfo ya Witwatersrand, bavuga ko uyu mugabane muto wavumbuwe munsi y’ibirwa bya Mauritius. Raporo yasohotse muri iki cyumweru mu kinyamakuru ‘the journal Nature Communications’, aba bashakashatsi bavuga […]Irambuye

Bulldogg arasaba ababishinzwe kuzatora Nyampinga uzakora ibikorwa nk’ibya Miss Jolly

Ndayishimiye Maric Bertrand cyangwa se ‘Jisho ry’Uruvu’ umuraperi ukoresha izina rya Bulldogg mu muziki, arasaba abashinzwe ibikorwa byo gutoranya nyampinga w’u Rwanda ko bazagira ubushishozi bwo gutora uzaza gukora nk’ibyo Miss Mutesi Jolly yakoze. Mu ndirimbo ye nshya yise ‘Mechamment’ yagarutse kuri Miss Jolly ufite ikamba rya nyampinga w’u Rwanda 2016 ubura iminsi mike ngo […]Irambuye

Umuryango wa Obama uvuye muri White House ugiye mu nzu

Nyuma y’uko bavuye mu kiruhuko mu kirwa cy’umukire w’inshuti ya Obama witwa Richard Branson, ubu uyu muryango wahoze uba mu nzu y’Umukuru w’igihugu cya USA, ugiye gutura mu nzu ya Miliyoni 4.3$. Abana ba Obama babaye abangavu baba muri White House bashobora kuzahakumbura cyane. Indege ikibageza ku kibuga, abaturanyi babo baje kubakirana ubwuzu kuko ngo […]Irambuye

Zimwe mu ndirimbo zakunzwe zanditswe na Danny Vumbi

Semivumbi Daniel niyo mazina ye. Mu muziki ni Danny Vumbi. Ni umwe mu bahanzi bamaze kugira izina rikomeye mu muziki nyarwanda no kumenywaho imyandikire myiza y’indirimbo ze. Mu Rwanda hari indirimbo nyinshi zagiye zikundwa n’abatari bake ariko zikitirirwa abaziririmbye kandi uwazanditse ahari. Ibi ahanini ngo bikaba biterwa n’imyumvikanire y’ibiganiro byabaye hagati yabo bombi izo ndirimbo […]Irambuye

Umurwa mukuru wa S. Sudan ugiye guhinduka ube Ramciel

Maroc na Sudan y’Epfo byamaze gutangiza umushinga wo kwimura umurwa mukuru wa Sudani y’epfo ukava Juba ukajya Ramciel. Igice cya mbere cy’uyu mushinga kizatwara miliyoni 5 z’amadolari  azatangwa n’ubwami bwa Maroc. Kuri uyu wa Kane ni bwo umwami wa Maroc, Mohammed VI yageze muri Juba, we na Perezida Salva Kiir basyize umukono ku masezerano ari […]Irambuye

Huye: Abayoboke ba ADEPR batemewe ku rusengero

Umuvugizi wa ADEPR mu Rwanda Rev Pasteur Jean Sibomana aravuga ko ahagana saa 10h00 z’ijoro ryakeye abantu bataramenyekana bateye urusengero rwa ADEPR ya Ngoma, Umudugudu wa Ngoma muri Paruwasi ya Taba mu Karere ka Huye bakubita umuzamu wari uharinze kugira ngo abareke binjire hanyuma abasengaga baje gutabara nabo barakubitwa ndetse bamwe barabatema. Uru rusengero ruherereye […]Irambuye

en_USEnglish