Month: <span>January 2017</span>

Evode Imena wari Minisitiri afungiye Itonesha yakoze akiri umuyobozi

Evode Imena wahoze ari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Minisiteri y’Umutungo Kamere (MINIRENA) ari mu maboko ya Police kuva kuwa gatanu akurikiranyweho icyaha cy’itonesha yakoze akiri muri izi nshingano. Umuvugizi wa Police y’u Rwanda,  ACP Theos Badege amaze gutangariza Umuseke ko uyu wari umuyobozi afunze kuva kuwa gatanu. ACP Theos Badege yabwiye […]Irambuye

IGITEKEREZO: Ni uwuhe muyobozi u Rwanda rwifuza kuva 2017?

Pacifique RURANGWA ni umwanditsi w’iki gitekerezo. Ni Umunyarwanda uba mu gihugu ukurikiranira hafi Politiki y’igihugu. Yahawe igihembo na Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda (NCHR) cy’uwanditse inyandiko yahize izindi ku bwisanzure bwo gusenga (article on freedom for worship) mu Rwanda (2016). Facebook: Rurangwa pacific Twitter :@prurangwa Amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda azaba tariki ya 3 Kanama […]Irambuye

Kami Kabange yafashije REG BBC kugera muri ½ cy’irushanwa ry’Intwari

Imikino y’amatsinda y’irushanwa ‘National Heroes Tournament 2017’ yasojwe kuri iki cyumweru. Amakipe ahabwa amahirwe yo kuryegukana; Espoir BBC, Patriots BBC na REG BBC ya Kami Kabange itaratsindwa yageze muri ½. Kuwa gatanu tariki 27 Mutarama 2017 hatangijwe irushanwa rihuza amakipe yo mu Rwanda muri Basketball rigamije kuzirikana intwari z’u Rwanda ziri mu byiciro bitatu; Imanzi, […]Irambuye

Episode 6: Brown agiye kubonana bwa mbere na Dovine

Brown amaze kumbwira gutyo, njye nari nageze kure nsa n’uwirebera film mu nzozi, mbega ntacyo nasimbutse ntabonye usibye amafoto! Ako kanya nahise nshiguka ndavuga. Njyewe-“Harya, urambajije ngo?” Brown-“Hhhh! wijya kure, byararangiye ahubwo nizere ko bigize icyo bigusigira, ahubwo, fungura ako ka message uryoherwe n’ubuzima bushya” Nahise mfata telephone nkuramo agafunguzo nirukira muri messages mfungura vuba […]Irambuye

Police FC itsinze Marines 2 – 0. Ishoje ku mwanya

Rubavu – Kuri stade Umuganda, ku mugoroba wo kuri iki cyumweru Police FC yabashije gutsinda Marines ibitego bibiri ku busa. Iyi kipe ya Police y’u Rwanda ikaba irangije ikiciro cy’imikino ibanza (phase aller) iri ku mwanya wa gatatu n’amanota 31 inyuma ya Rayon Sports (36Pts) na APR FC ya kabiri (34Pts). Police FC yarushije bigaragara […]Irambuye

Kujya muri USA ushobora kujya ubanza gusakwa muri telephone, Twitter,

Gahunda ziri guteza sakwe sakwe muri Amerika n’abakurikirana ibyayo ubu harimo n’imigambi mishya ku binjira muri USA hamwe n’abayihungiramo. Ubu hari n’ibindi bishya ngo bari gutekereza gukora. CNN yatangaje ko ifite amakuru ko Stephen Miller umuyobozi ushinzwe ibikorwa muri White House kuri uyu wa gatandatu yabwiye urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka ko Perezida Trump n’abandi bayobozi […]Irambuye

Gisagara: Abadepite n’abaturage bateye imbuto nshya y’imyumbati

Abaturage b’Akarere ka Gisagara mu murenge wa Kigembe bishimiye kubona imbuto nshya y’imyumbati, ndetse ngo bizeye ko izabaha umusaruro ntirware ngo ibatere gukena nk’iheruka. Mu gutera iyi mbuto nshya bari kumwe n’Abadepite mu gikorwa cy’umuganda rusange. Muri uyu muganda wabereye mu kagari ka Rutovu hatewe imbuto nshya y’imyumbati ku buso bungana na Hegitari eshanu. Biteganyijwe […]Irambuye

Video ‘Ruzakugarura’ ni ikimenyetso ko mu 2017 niteguye gukora byinshi

Umuhanzi Munyangango Audace ukoresha izina ry’ubuhanzi rya Auddy Kelly aravuga ko amashusho y’indirimbo ‘ruzakugarura’ aherutse gushyira hanze, ari ikimenyetso ko muri uyu mwaka wa 2017 ahari kandi yiteguye gukora byinshi bizanyura abakunzi be. Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke, Auddy Kelly gushyira hanze ariya mashusho ari indi ntambwe ateye, ndetse akemeza ko ari ikimenyetso ahaye abakunzi be […]Irambuye

en_USEnglish