Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Emmanuel Nsanzumuhire Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera yatangaje ko Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Akagari 20 na ba SEDO (Social Economic & Development officer) bataramyenyekana neza, na ba Agronome 10 na ba Affaires Sociales batanu b’imirenge beguye, ngo abo bose babisabye ubwa bo. Uyu muyobozi w’Akarere yabitangarije City Radio avuga ko nta gikuba […]Irambuye
*Urubanza rwageze hagati rurahagarara kuko umwana yari akuriwe, adafite intege, *Ubu yamaze kubyara afite umwana w’amezi abiri…ngo ubuzima buragoye… Mu rubanza rumaze iminsi ruburanishwa n’Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, Kubahoniyesu Elia wari ukurikiranyweho gutera inda umwana w’imyaka 12 yamaze guhamwa n’iki cyaha akatirwa gufungwa burundu. Umuryango urera uyu mwana w’umubyeyi ubu ufite imyaka 13 uvuga ko […]Irambuye
Mr D ni umuhanzi nyarwanda uba muri USA. Uretse kuba aririmba nk’uwabigize umwuga, ubu yamaze no gushinga inzu ‘Studio’ itunganya umuziki yise More Records iyi ikaba yaranakorewemo na Producer Licklick. Uyu muhanzi avuga ko nyuma yo gusa n’uwisuganyije, agiye kuza mu Rwanda kuhamurikira album ye amaze hafi imyaka ibiri arimo gukoraho. Alpha Rwirangira n’umuraperi Sajou […]Irambuye
Episode 82……………… Ubwo Destine yahise akora mu isakoshi yari afite mbona akuyemo agacupa atangira kugafungura mbona ashyize ku munwa mpita ngakubita ndakamukomesha kikubita hasi ariko yari yasomyeho, muri ako kanya Kadogo n’umuzamu ndetse n’umu Mama wabaga mu gipangu twari dutuyemo baba barahageze, bakihagera Destine acika intege tumureba aryama hasi atangira gutaka munda! Ubwo bose bakomeje kumbaza […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri ikipe y’umukino w’amagare yo mu karere ka Rwamagana irimo Valens Ndayisenga watwaye Tour du Rwanda uyu mwaka na Adrien Niyonshuti wahagarariye u Rwanda mu marushanwa menshi mpuzamahanga yasuye urwibutso rwa Jenoside ruri ku Gisozi mu mujyi wa Kigali. Les Amis Sportifs ni umuryango mugari ugamije kuzamura impano z’abana bo mu karere […]Irambuye
Mu ntangiriro z’umwaka utaha biteganyijwe ko abantu 10 bafite ubumuga bwo kutabona bazahabwa amaso akozwe mu ikoranabuhanga azabafasha kungera kureba. Aya maso bise ‘Bionic Eyes’ akozwe mu ikoranabuhanga rihuza uturahure twabugenewe dufite cameras ntoya cyane zikurura amashusho ya videos zikayoherereza ka mudasobwa gato cyane, nako kahafata ya video kakayikuramo amakuru akenewe hanyuma akoherezwa mu gice […]Irambuye
*Itegeko rishya riha n’abagabo uburenganzira bwo kwitwa amazina y’abagore babo Ubwo hatangizwaga itorero ry’abagize Komite nyobozi z’imidugudu igize utugari two mu mirenge ine yo mu Karere ka Muhanga, Umunyamategeko muri aka Karere, Tuyizere Polycalpe yabwiye abagize iyi komite ko ijambo umutware w’urugo ryaharirwaga umugabo ryakuwe mu itegeko rishya agenga abantu n’umuryango ahubwo abagabo n’abagore bakaba […]Irambuye
Imiryaango 40 isanzwe ituye mu bice bishobora gushyira ubuzima bwayo mu kaga mu murenge wa Mutenderi, mu karere ka Ngoma igiye kubakirwa mu mudugudu w’ikitegererezo bazatuzwamo muri uyu murenge. Aba bagiye kubakirwa amazu 10 agatuzwamo imiryango 40 (Four in One/umuryaango umwe mu nzu imwe) bavuga ko ibi bizahindura ubuzima bwabo kuko muri aka gace bagiye […]Irambuye
Umwaka wa 2016 ntiwahiriye abakunzi b’imikino kubera umusaruro muke ku makipe yahagarariye u Rwanda mu mikino mpuzamahanga, ariko usojwe bamwenyura kubera intsinzi ya Valens Ndayisenga muri Tour du Rwanda. Nyuma y’akazi no gushaka imibereho, Abanyarwanda bagaragaje ko ari abakunzi b’imikino. Intsinzi ku bambaye ibendera ry’u Rwanda irabanyura bikagaragarira amaso, ariko bagira agahinda kenshi iyo umusaruro […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri muri Gereza Nkuru ya Nyarugenge izwi ku izina rya 1930 Minisiteri y’Ibiza n’Impunzi yahaye ibikoresho by’ibanze imfungwa zahuye n’ikibazo cy’inkongi y’umuriro bagera kuri 171. Masumbuko Idrissa Gitifu w’umurenge wa Nyarugenge muri Gereza ya Kigali 1930, yavuze ko ngo bishimiye cyane kuba babafashije kuri ibyo bikoresho dore ko umuriro wari watwitse ibintu […]Irambuye