Month: <span>September 2016</span>

I Muhanga kuva ku rwego rw’umudugudu bakoze inama ku iterabwoba

Mu nama mpuzabikorwa yaguye yahuje inzego z’ibanze kuva ku bayobozi b’imidugudu, ab’utugari imirenge n’abayobozi b’Akarere ka Muhanga ndetse n’inzego z’umutekano hamwe n’abahagarariye idini ya Islam bakoze inama baganira ku bikorwa by’iterabwoba byiyitirira iri dini, abafashe umwanya bose bagaragaje ko idini ya Islam nyayo ntaho ihuriye n’iterabwoba. Abakuru b’imidugudu barenga 300 bari bahagari bavuze ko nta […]Irambuye

Igice cya 6: Eddy akigera muri secondaire aba ahuye n’abahungu

Episode 6 … Jyewe – Ni ukuri nanjye sinzahwema kubabera umwana mwiza, nzagerageza gukomeza kwibuka aho navuye bitume nkora cyane, kandi Imana izabampera umugisha! Sandra – “Waoow! Ntiwumva! Eddy, humura Imana yabonye ko bigomba kuba gutya izi impamvu!” Ubwo twamaze udufanta twari dufite, Sandra arishyura duhita dusohoka twerekeza mu rugo tugeze mu rugo Mama Sandra […]Irambuye

Dusobanukirwe n’amuga n’uburyo acurwamo

Amuga ni amagambo akoreshwa mu buhanga, mu bumenyi cyangwa mu mwuga runaka. Tuvuge nk’amagambo y’ubumenyi akoreshwa mu buhinzi ni amuga y’ubuhinzi, akoreshwa mu bucamanza ni amuga y’ubucamanza, akoreshwa mu buvumvu ni amuga y’ubuvumvu. Byumvikane rero ko hari amagambo asanzwe dukoresha n’amagambo kabuhariwe agenewe umwuga, akaba ari yo muga.   Ese amuga ahangwa ate ? Umukozi […]Irambuye

Miss Jolly yerekeje USA kuvuga k’ubukerarugendo bw’u Rwanda

Mutesi Jolly ufite ikamba rya Miss Rwanda 2016, kuri uyu wa kane yagiye muri Amerika mu imurikagurisha ryiswe ‘USA/AFRICA EXPO’ aho agomba kuvuga ku bukerarugendo mu Rwanda (Tourism in Rwanda) nka kimwe mu bihugu biri mu nzira y’iterambere muri Afurika. Saa 14h00’ zo kuri uyu kane nibwo yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe nyuma arahaguruka yerekeza i […]Irambuye

Bya gicuti, Rayon itsinze 4 – 1 Pépinière FC itozwa

Amakipe akomeje kwitegura shampiyona ya 2016-17 izatangira mu Ukwakira, amakipe ari gukina imikino ya gicuti. Kuri uyu wa kane Rayon sports yatsinze Pepiniere FC itozwa na Kayiranga Baptiste 4-1. Kuri stade de l’Amitie ku Mumena niho habereye uyu mukino wa gicuti wahuje Rayon sports na Pépinière FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’ikiciro cya kabiri. Iyi […]Irambuye

Ubukwe n’ubuki byarangiye!! Knwoless yasohoye indirimbo ya mbere

Butera Knowless kuri uyu wa kane nibwo indirimbo ye nshya yageze hanze, niyo ndirimbo ya mbere asohoye nyuma y’ubukwe n’igihe cy’ubuki. Iyi ndirimbo yayise ‘Ujumbe’. Iyi ndirimbo ya Knowless ikoze mu rurimi rw’igiswahili, bishimangira ubushake bwe bwo kutaba umu-star w’i Rwanda gusa no gushaka kugeza muzika y’u Rwanda ku rwego rw’akarere. Muri iyi ndirimbo y’Igiswahili, […]Irambuye

Ngoma: Ndayambaje atewe ubwoba n’abantu bishe ingurube ze bazisanze mu

Mu murenge wa Remera akarere ka Ngoma, mu Burasirazuba hari ikibazo cy’ubugizi bwa nabi bukorwa n’abantu bataramenyekana bitwikiriye ijoro bakajya kwica amatungo y’umuturage bayasanze mu kiraro, nyuma yo kuyica bakayasiga aho, abaturanyi baravuga ko ari ikimenyetso cy’uko na nyirayo bamwica, Ndayambaje byabaye iwe afite ubwoba. Ubuyobozi bw’ibanze muri uyu murenge wa Remera, buvuga ko amarondo […]Irambuye

Massamba,Kayirebwa,Kayiranga,Nyiranyamibwa, MariyaYohana…ni inde uzabahembera muzika bakoze?

Buri mwaka dushima ibigezweho ndetse iby’indashyikirwa bigahembwa ariko ubona kenshi abo muri muzika badasubiza amaso inyuma ngo barebe Kirushyu Thomas, ngo bahembe Byumvuhore, ngo bashime kandi bahembe amazina nka Massamba Intore, Kayirebwa,Ben Kayiranga, Samputu, Suzana Nyiranyamibwa, Mariya Yohana n’abandi benshi bahaye inzira umuziki w’u Rwanda. Abenshi muri aba bakoze indirimbo mu myaka ishize ariko n’ubu […]Irambuye

en_USEnglish