Month: <span>September 2016</span>

36 batahutse bava DRCongo, bishimiye kongera kugira igihugu

Abanyarwanda 36 biganjemo abana, nyuma y’imyaka 21 babayeho nk’impunzi muri Congo kuri uyu wa 1 Nzeri bakiriwe mu Rwanda mu nkambi ya Nyagatare iri mu karere ka Rusizi, bamwe muri bo bavuga ko bari babayeho nk’ingwate z’abarwanyi ba FDLR ndetse uhingukije iryo gutaha yicwaga kandi bakanabwirwa ko utashye yicwa. Aba bavuye mu duce tunyuranye turimo […]Irambuye

Kenya: Abazunguzayi bakoze imyigaragambyo ikomeye

Ahantu hakorerwaga n’abazunguzayi (hawkers) mu gace ka Eastleigh mu murwa mukuru wa Nairobi, wa Kenya, haraye hasenywe n’abapolisi mu gicuku. Abafite amaduka muri ako gace ka Eastleigh bamaze igihe binubira ko abazunguzayi babangamira kubera gutangirira abantu ku muryango w’isoko bakababuza kwinjira kandi ngo bo batanga imisoro. Abafite amaduka bari bafunze amaduka yabo bajya mu myigaragambyo. […]Irambuye

Uzbekistan: Islam Karimov wari Perezida w’igihugu yapfuye

Nubwo nta rwego rwa Leta muri Uzbekistan ruremeza urupfu rw’uwari Perezida w’icyo gihugu, Turukiya yatangaje ko Islam Karimov wari umaze kugeza ku myaka 78 y’amavuko yatabarutse. Karimov yajyanywe mu bitaro igitaraganya mu cyumweru gishize nyuma yo gufatwa n’indwara yo guturika imitsi yo mu bwonko, Leta ya Uzbekistan yatangaje ko arembye. Kuri uyu wa gatanu Minisitiri […]Irambuye

AMAFOTO: Amavubi agiye muri Ghana gushaka ishema ry’igihugu

Ikipe y’igihugu Amavubi igiye muri Ghana, gukina na Black Stars mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika, gusa ni ukurwanira ishema ry’igihugu kuko amahirwe yo kukijyamo yarangiye. Kuri uyu wa gatanu saa 13:25, nibwo abatoza batatu; Jimmy Mulisa, Mashami Vincent na Thomas Higiro, abaganga babiri; Rutamu Patrick na Hakizimana Moussa, Team Manager w’Amavubi Emery […]Irambuye

Amavubi: Abakinnyi 26 bitegura CECAFA y’abagore bahamagawe

Muri uku kwezi, i Jinja muri Uganda, hagiye kubera CECAFA y’abagore. Ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 26 bitegura iri rushanwa. Nyuma y’imyaka 30 abagore bo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba badahuzwa n’umupira w’amaguru, ‘The CECAFA Women’s Championship’ yaherukaga gukinwa muri 1986, yagarutse. Iri rushanwa rizabera kuri stade yo mu mujyi wa Jinja muri Uganda, kuva […]Irambuye

APR FC na AS Vita Club mu itsinda rimwe mu

AS Kigali yateguye irushanwa ‘pre season’ mpuzamahanga, rihuza amakipe yo mu Rwanda n’ayo muri DR Congo. Amatsinda yamenyekanye, APR FC na AS Vita Club bari mu itsinda rimwe. Mbere y’ukwezi ngo shampiyona y’u Rwanda itangire, mu Rwanda hagiye kubera  irushanwa mpuzamahanga rihuza ama clubs umunani (8) harimo ane yo mu Rwanda n’ane ayo muri DR […]Irambuye

U Rwanda rwabonye umushoramari w’ikibuga cy’indege cya Bugesera uzacyuzuza 2018

Leta y’u Rwanda kuri uyu wa kane nijoro yasohoye itangazo rimenyesha ko yasinye amasezerano n’umushoramari wo muri Portugal uzashora mu kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera. Aba ni abitwa Mota-Engil, Engenharia e Construção África, S.A Umushinga wabo wo kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera uzakenera imari y’ibanze ya miliyoni 418$, ikiciro cy’ibanze cy’ikibuga kikuzura mu 2018. Amasearano […]Irambuye

en_USEnglish