Month: <span>September 2016</span>

Itsinda rya ‘The Brothers’ rishobora gusubirana

Izina “The Brothers”, ryibutsa benshi indirimbo nka ‘Byabihe’, ‘Nyemerera’, ‘Yambi’, ‘Sawa sawa’ n’izindi. Hashize igihe kinini iri tsinda ritandukanye, gusa ubu bishoboka ko iri tsinda ryasubirana. Fikiri Nshimiyimana (Zigg 55), Victory Fidele Gatsinzi (Vicky) na Daniel Semivumbi (Danny Vumbi) nibo bahanzi bari bagize iryo tsinda. Nyuma baza gutana kubera impamvu zitandukanye,  byagiye bivugwa ko bashobora kuba barapfuye […]Irambuye

Ngoma: Umukozi w’ikigo nderabuzima yarashwe arapfa

Iburasirazuba – Umukozi w’ikigo nderabuzima cya Nyange mu murenge wa Mugesera mu karere ka Ngoma yaraye yishwe arashwe n’umuntu utaramenyekana mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira kuwa mbere. Jean Damascene Bizumuremyi Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugesera yabwiye Umuseke ko uwarashwe yitwa Christian Maniriho yari umukozi muri Laboratoire y’iki kigo nderabuzima. Uyu mukozi ngo yarashwe saa […]Irambuye

Haruna ati iki kuri murumuna we wishyuriye u Rwanda muri

Amavubi y’u Rwanda yanganhyije na Black Stars 1-1, i Accra muri Ghana. Igitego cy’u Rwanda cyatsinzwe na Muhadjiri Hakizimana. Kapiteni Haruna Niyonzima abona iki ari igihe cya murumuna we ngo atangire kugaragara kurushaho. Kuwa gatandatu tariki 3 Nzeri 2016 kuri Accra Sports Stadium, Ghana yafunguye amazamu ku munota wa 24 ku gitego cyatsinzwe na Samuel […]Irambuye

Amafoto: Abatsindiye Groove Awards 2015 bahembwe

Mu ijoro ryakeye nibwo abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana bari baratsindiye ibihembo bye Groove Awards 2015 babishyikirijwe nyuma y’amezi 10. Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru kandi nibwo banditse abahanzi bazahatanira ibi bihembo bya 2016. Ibi bihembo abatsindiye bahawe nyuma y’amezi 10, ubwo byazaga bwa mbere ngo byari byamenekeye mu ndege biva muri Kenya aho […]Irambuye

Byari ibyishimo ku Banyarwanda baba Ghana, nyuma yo kunganya n’u

Kuwa gatandatu – Mu mukino wo kwishyura usoza imikino y’amatsinda, mu guhatanira itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika (CAN) 2017 kizabera muri Gabon, u Rwanda rwanganyirije na Ghana iwayo igitego 1-1. Byari ibyishimo ku Banyarwanda baba muri Ghana. Uyu mukino wabaye ari uwo guharanira ishema gusa kuko Ghana yamaze kubona itike […]Irambuye

Abagore bifite bagiye gutangiza “Igiseke” cyizafasha bagenzi babo bakennye kuzamuka

Kuri uyu wa gatandatu, habaye Ihuriro ry’Abagore bahagarariye Inama y’Igihugu y’Amabagore (CNF) ku rwego rw’akarere no ku rwego rw’igihugu ndetse na Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Dr Diane Gashumba, abagore bakaba bariyemeje ko bagiye gukusanya amafaranga muri gahunda yiswe Igiseke izafasha abagore badakora ku ifaranga kuzamuka. Muri iri huriro, abagore baheruka gutorerwa kuyobora abandi muri Komite […]Irambuye

‘Abazunguzayi’ bashyizwe mu masoko basonewemo Imisoro n’ubukode mu mwaka

Kuri uyu wa Gatandatu, Ubuyobozi bw’Umugi wa Kigali bwatashye amasoko agezweho yubatswe hagamijwe gukemura ikibazo cy’abacururiza ku mihanda mu buryo butemewe n’amateko. Ubu buyobozi buvuga ko aba bari basanzwe bazwi nk’abazunguzayi bemerewe gucururiza muri aya masoko batabazwa amafaranga y’ubukode, imisoro n’amahooro mu gihe cy’umwaka. Aya masoko yubatswe n’andi ateganyijwe kubakwa mu turere tugize umugi wa Kigali, […]Irambuye

Ku bihuha by’uko yapfuye: R. Mugabe ati ‘Yego nari napfuye,

Kuri uyu wa Gatanu muri Zimbabwe hiriwe igihuha cyari cyatangajwe na kimwe mu binyamakuru byo muri iki gihugu ko Perezida Robert Mugabe yitabye. Uyu mukuru w’igihugu uzwiho gushyenga yabwiye Abanyamakuru ko ibyavuzwe byari ukuri nk’uko bikunze guhwihwiswa. Ati “ Yego ni byo nari napfuye ariko nazutse nk’uko nsanzwe mbigenza.” Kuri uyu wa Gatandatu kandi, Perezida […]Irambuye

MINIJUST irifuza ko impaka nyinshi zajya zikemuka zitagombye kujya mu

Mu muhango wo gusoza amahugurwa yahabwaga Abanyamategeko n’abajyanama mu by’amategeko mu nzego za Leta, umunyamabanga uhoraho muri Minisitri y’Ubutabera akaba n’intumwa Nkuru ya Leta yungirije, Isabelle Kalihangabo yavuze ko abantu bakwiye kumenya uko bajya bikemurira impaka batitabaje Inkiko. Muri aya mahugurwa y’iminsi ibiri, aba banyamategeko bahuguwe uko bafasha Abanyarwanda gusobanukirwa uko bajya bikemurira impaka n’amakimbirane batitabaje […]Irambuye

Nyaruguru: Abimuwe ahazubakwa uruganda rw’icyayi bahawe inzu 100 bubakiwe

*Uwimuwe azahabwa inzu ifite agaciro ka miliyoni 10, *Abaturage bazahabwa ibikorwa remezo n’amatungo yo korora. Inzu 100 zubakiwe abaturage bimuwe ahazubakwa uruganda rw’icyayi n’ahazahingwa icyayi mu mirenge ya Munini na Mata mu karere ka Nyaruguru zashyikirijwe abaturage muri gahunda yo kubatuza no kubazamurira imibereho mu rwego rwo kutajya kure y’iterambere riza ribasanga. Buri nzu ifite […]Irambuye

en_USEnglish