Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Mutuntu, Akagali ka Gasharu mu Mudugudu wa Gasharu umusaza Mariko Mugenzi basanze yapfiriye ku mukingo uri ku muhanda. Ibi byabaye kuri iki cyumweru, 03 Mutarama, 2016 ubwo yari avuye ku kiriyo cya mwene wabo witabye Imana. Uyu musaza w’imyaka 86 ngo yari yaje aturutse mu murenge wa Ruganda uhana […]Irambuye
Mu 2014 ubwo u Rwanda rwibukaga Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 20, Umuseke wegeranyije inkuru 20 zidasanzwe z’abantu 20 barokotse bonyine mu miryango (mu rugo) yabo, harimo Celestin Nizeyimana warokokeye mu mwobo w’ikinyogote. Jenoside yatumye asigara atishoboye kandi ahungabanye, icyo gihe yabwiye ariko Umuseke ko abonye moto ubuzima bwe bwagira icyerekezo kuko yari atunzwe […]Irambuye
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana yatangaje amatariki Tour du Rwanda y’uyu mwaka izaberaho, ndetse ko izagera no mu Karere ka Rusizi ubundi kadakunze kugerwamo n’ibikorwa byinshi by’imikino. Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) rivuga ko muri rusange umwaka ushize wa 2015 wagenze neza ku ikipe y’igihugu Team Rwanda, dore ko […]Irambuye
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku cyumweru tariki 03 Mutarama 2015 Moïse Katumbi yavuze ko yagiye mu ruhande rutavugwa rumwe na Leta ya Perezida Kabila rwitwa Front Citoyen 2016. Uyu mugabo wari Guverineri w’Intara ya Katanga akegura umwaka ushize ndetse mu kwezi kwa cyenda 2015 akava mu ishyaka PPRD riri ku butegetsi, kuva icyo gihe ntiyigeze […]Irambuye
Kuri iki cyumweru tariki 03 Mutarama 2016 Umuseke wasuye ikipe y’igihugu Amavubi, aho iri gukorera umwiherero mu karere ka Rubavu. Ni mu gihe habura iminsi 12 ngo igikombe cya Afurika gihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo, CHAN 2016 itangire mu Rwanda. Umutoza w’iyi kipe avuga ko afite abakinnyi beza benshi ku buryo guhitamo 23 azifashisha […]Irambuye
Keza Bagwire Joannah nyampinga w’Umuco 2015, kuri uyu wa mbere 04/01/2016yagizwe ambasaderi w’Umuco ku isi mu bakobwa 80 yari ahatanye nabo muri Afurika Y’Epfo mu irushanwa rya banyampinga b’Umuco ‘Miss Heritage World 2015’ ryabaye mu mpera z’umwaka ushize. Ku wa 15 Ugushyingo 2015 nibwo habaye gutora no kwambika ikamba nyampinga w’Umuco ku isi. Iryo kamba […]Irambuye
Uwiringiyimana Theogene bakunze kwita Bosebabireba umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana, ngo mbere y’uko aba Umukiristo yabanje kuba Umusilamu kubera gukunda umuceri nk’uko abyemeza. Impamvu yatumye aba umuyoboke wa Islam mu gihe cy’imyaka ibiri ngo ni uko yabonaga uburyo akundamo umuceri utetse mu buryo Abo muidini ya Islam bakunda kuwuteka ku minsi mikuru atari kujya awugeraho uko […]Irambuye
Komisiyo y’igihugu y’amatora iratangaza ko Abanyarwanda bose bafite imyka y’ubukure bifuza kuyobora uturere 30 tw’igihugu batangira gutanga ibyangombwa basaba kwiyamamaza guhera kuri uyu wa kabiri tariki 05 Mutarama 2016. Ubu uturere tuyobowe n’abayobozi bwatwe bari mu nzibacyuho. Komisiyo y’igihugu y’amatora iratangaza ko aya matora y’inzego z’ibanze, guhera ku rwego rw’umudugudu kugera ku karere n’umujyi wa […]Irambuye
*Amakimbirane ashingiye ku kuba igice kimwe cya Islam ari aba Sunni ikindi ari aba Shia *Iran ishyigikira aba Shia, Arabia Saudite (Saudi Arabia) ni Umubyeyi w’aba Sunni *Iyi ntambara y’Ubutita hagati ya Iran na Arabia Saudite yahindutsemo intambara y’umuriro w’amasasu ya Kalashnikov n’amabombe muri Yemen no muri Syria. Igihugu cya Saudi Arabia cyahaye amasaha 48 […]Irambuye
Itahiwacu Bruce umenyerewe cyane nka Bruce Melodie muri muzika nyarwanda, avuga ko amahirwe yagize mu myaka ibiri ishize yifuza gukomeza kuyakoresha nkuko abyerekwa n’umubare munini w’abafana agenda abona. Ni nyuma y’aho yitabiriye igitaramo cya East African Party akaba ariwe muhanzi w’umunyarwanda witwaye neza mu gushimisha abari aho nkuko byagiye bivugwa na bamwe mu bitabiriye icyo […]Irambuye