Month: <span>August 2015</span>

Umuganura uha abantu imbaraga zo kongera umusaruro – Min. Uwacu

Mu kiganiro n’abanyamakuru gitegura umunsi w’umuganura kuri uyu wa 3 Kanama 2015, Minisitiri w’Umuco na Siporo yavuze ko umuganura uhuza abantu bakarebera hamwe umusaruro bagezeho muri uwo mwaka ndetse bakiha n’izindi ntego z’uko banoza imikorere. Kimwe mu bigaragaza umusaruro uturuka ku muganura ngo ni uko mu Kigega Agaciro hagezemo amafaranga asaga miliyari 23 kandi zikaba […]Irambuye

Rucagu yasabye abiga mu mahanga kuba ijwi ry’ibyiza u Rwanda

Ubwo hasozwaga itorero Iicyiciro cya munani, ku itariki ya 1 Kanama 2015, umuyobozi w’Itorero  ry’Igihugu Rucagu Boniface yavuze ko intore zifite inshingano zo kuvuga ibyiza biri mu Rwanda uhereye ku muco wo kubaka ubunyarwanda ugakomera kandi ukabaranga iyo bari mu mahanga. Aba banyeshuri 183 biga mu bihugu 24 ku migabane itandukanye ku Isi bamaze igihe […]Irambuye

Goma: ‘Maji ya Rwanda’ ni imari ishyushye, ijerikani ni 1

Maji ya Rwanda, Maji ya Rwanda, Maji ya Rwanda!!! Niko muri iki gihe bamwe mu bacuruza amazi mu duce tw’amajyaruguru ya Goma baba bavuga babwira abantu ko bazanye amazi meza bashobora guhita banywa cyangwa bakoresha aho kujya kudaha mu Kivu. Muri iyi mpeshyi, nubwo mu mujyi wa Gisenyi naho amazi ahari adahagije, hakurya i Goma […]Irambuye

Senderi ngo afite amatsiko n’impungenge ku Itorero ry’abahanzi rigiye kuba

Senderi International Hit umuhanzi w’udushya twinshi muri muzika nyarwanda  avuga ko afite impungenge zikomeye ku bahanzi bazitabira Itorero ribateganyijwe mu mpera z’uku kwezi. Abivuga abishingiye ku mibereho ngo asanzwe azi y’aba bahanzi. Ku wa 25 Kanama 2015 nibwo hateganyijwe gutangira Itorero ry’igihugu ryagenewe abahanzi gusa. Rizamara iminsi irindwi risozwe kuwa 02 Nzeri 2015. N’ubwo benshi mu bahanzi biteganyijwe […]Irambuye

Ibikorwa byawe ni byo bigaragaza Umukristo uri we

Kugira ngo twitwe Abakristo ni uko tuba twarizeye Imana binyuze mu Mwami wacu Yesu Kristo kuko ni we uduha ubwo bushobozi [Yohana14:12] Abandi bantu bafite uburyo bizera Imana bitanyuze muri Yesu Kristo; ubwo na bo bafite uko bitwa. Ariko umuntu uwo ari we wese witwa Umukristo; ni uko aba yizera Imana binyuze mu mwami Yesu Kristo. […]Irambuye

Urugo rwawe ruri gusenyuka kubera kuba ‘busy’? Bigenze utya…

Hari ibintu byinshi muri iki gihe bikeneye ko ubirebaho ukabyitaho, kugera ku kureba kuri e mail ya nyuma bakoherereje ndetse kandi ugomba no gusimbukira muri sport nyuma y’akazi cyangwa kureba inshuti, hari igihe byanga neza neza ko byose ubishobora ugahora uri busy. Ariko hari ikintu gikomeye cyane ku buzima bwawe udahugiraho; urushako rwawe. Nyuma y’imyaka […]Irambuye

David na Anita baraca amarenga yo kuba basubirana

Producer David usanzwe akorera mu nzu itunganya ibihangano by’abahanzi nyarwanda izwi nka ‘Future Records’ ndetse na Mc Anita Pendo, baraca amarenga yo kuba bashobora gusubirana nyuma y’igihe batandukanye. Hashize hafi  umwaka umwe n’amezi iyi couple itandukanye. Nubwo batandukanye nta n’umwe ushinja undi icyaha cyangwa kuba yarabaye nyirabayazana mu gutandukana kwabo. Basa n’abatandukanye neza babyumvikanyeho. Kuva […]Irambuye

Abakozi ba MINISANTE n’Umuvugizi wayo bari bafunze barekuwe

Updates: Amakuru agera k’Umuseke ni uko aba bakozi ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere abandi bakozi babiri ba MINISANTE barekuwe barimo na Nathan Mugume umuvugizi wayo. Umwe ngo niwe usigaye ugikurikiranywe afunze. Bose hamwe bari abakozi icyenda bafunze, kuri uyu wa mbere Alain Mukurarinda Umuvugizi w’Ubushinjwacyaha bw’u Rwanda yabwiye Umuseke ko batandatu muri bo […]Irambuye

KWIKUBIRA, intandaro y’ubukene no gutindahara kwa Africa

Amateka yerekana ko kuva muntu yabaho, yaranzwe no guharanira inyungu ze gusa. Uretse kuba  aharanira inyungu ze, muntu yifitemo kamere yo kuvuga ngo: ‘Njye kandi Njyenyine”. Kubera uku kwikunda no gushaka kwikubira imitungo  byaranze amateka, byagiye bituma ibihugu bimwe bigaba ibitero ku bindi, bikica abantu byita abanzi babyo, bigasahura ndetse bikanigarurira imitungo yabyo. Ubwami bw’Abaromani […]Irambuye

Nigeria: Ingabo zabohoje 178 bari barafashwe bunyago na Boko Haram 

Mu bitero bitandukanye byagabwe n’ingabo z’igihugu kuri iki cyumweru ku birindiro bitandukanye by’abarwanyi ba Boko Haram mu majyaruguru ashyira Uburasirazuba mw’intara ya Borno, ingabo zibasha kubohora abagera ku 178 bari barafashwe bunyago muri bo abenshi ni abana 101, abagore 67 n’abagabo 10. Mu mirwano ikomeye yabaye kuri iki cyumweru yashenye amwe mu makambi y’abarwanyi ba […]Irambuye

en_USEnglish