Month: <span>April 2015</span>

Rayon na APR FC zananiwe gutsinda imikino y’ibirarane

Kuri uyu wa gatatu Rayon Sports yanganyije na Sunrise i Muhanga naho APR FC inganya na Gicumbi FC i Byumba. Ni imikino y’ibirarane aya makipe atari yakinnye. Ibi ntacyo byahinduye ku rutonde rw’agateganyo rwa shampionat iri kugana ku musozo. APR FC i Gicumbi yahanganyirije igitego kimwe kuri kimwe na Gicumbi FC, igitego cya APR FC […]Irambuye

Umuhanzi Musabe agiye gusohora indirimbo 8 z’amashusho

Umuhanzi Musabe Dieudonné ukora indirimbo zihimbaza Imana arateganya kuzashyira hanze indirimbo umunani z’amashusho kuri DVD muri Kanama uyu mwaka. Avuga ko izi ndirimbo zirimo ubutumwa bwo kugarura abantu ku Mana bakongera bakayiyumvamo aho kugira ngo batwarwe n’ikoranabuhanga ry’iki gihe ritagituma basabana n’Uwiteka. Imwe mu ndirimbo ze yamenyekanye yitwa Network agira abantu inama yo kwirengagiza ibituma […]Irambuye

Twitter, Facebook na WhatsApp byahagaritswe i Burundi

Inzego z’umutekano mu Burundi zafunze imbuga nkoranyambaga za Twitter, Facebook na WhatApp mu rwego kubuza urubyiruko guhererekanya amakuru. Abayobozi b’i Bujumbura bavuga ko ibi babikoze mu rwego rwo kubuza urubyiruko gukomeza kubiba umwuka mubi no gutegura imyigaragambyo. Leta y’Uburundi imaze gufunda Radio ishatu harimo na Radio Publique Africaine(RPA) ndetse n’abanyamakuru bamwe barafunzwe abandi bamburwa ibikoresho byabo […]Irambuye

Mugesera ngo ntagikora Sport kubera aho urubanza rugeze

Mugesera ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye ku Kabaya ryashishikarizaga ubwicanyi ku batutsi, kuri uyu wa 29 Mata 2015 yakomeje umwanya we wo kunenga abatangabuhamya bamushinje. Avuga ko atari guhabwa umwanya uhagije wo kubavugaho kandi ngo ari umurimo ukomeye kuwutegura ku buryo atakibona akanya ko gukora siporo. Ngabikeye Ananias niwe mutangabuhamya wanenzwe na […]Irambuye

Niwo mukino uzaba uhenze kurusha iyindi mu mateka ya Boxe.

Kuri uyu wa gatandatu (ku cyumweru mu Rwanda) hazaba  umukino w’iteramakofe uzahuza Mayweather na Manny Pacquiao. Niwo mukino uzaba uhenze mu mateka y’imikino y’iteramakofe. Uzatsinda hagati ya bombi azegukana miliyoni 300$. Buri umwe ni igihangange. Manny Pacquiao niwe wa mbere mu mateka ya Boxe wegukanye umwanya wa mbere(Champion) mu byiciro umunani bya Boxe. Mayweather we […]Irambuye

Abahanzi 3 ku 10 nibo biyandikishijeho indirimbo zabo

Umunsi mpuzamahanga w’igihangano nyabwenge cy’umuntu (Intellectual Property) wizihizwa tariki 26 Mata, kuri uyu wa 29 Mata nibwo wizihijwe mu Rwanda. Ikigo cy’igihugu cy’iterambere gishishikariza abahanzi nyarwanda kwiyandikishaho ibihangano byabo kugira ngo byitwe ibyabo koko n’imbere y’amategeko y’u Rwanda. Umuseke wabajije abahanzi ba muzika 10 usanga batatu nibo biyandikishijeho zimwe mu ndirimbo zabo. Igihangano kiba icya […]Irambuye

Ibyumweru bibiri mu mahanga. Yagiye guhaha…

Mu Ugushyingo 2014 ubwo yari i Bweramvura mu murenge wa Jabana muri Gasabo, Perezida Kagame yavuze ko iyo yagiye mu mahanga ataba agiye gutembera ahubwo aba yagiye gushaka icyateza imbere u Rwanda, hari bamwe bibazaga kenshi ku ngendo ajya akorera mu mahanga. Kuva tariki 16 Mata 2015 kugeza ubu Perezida Kagame ari mu ngendo z’akazi […]Irambuye

Uganda, Kenya n’u Rwanda mu bufatanye mu guteza imbere ubukerarugendo

Kuri uyu wa kabiri , muri Serena Hotel habereye ibiganiro bisoza iminsi ibiri ibigo bishinzwe ubukerarugendo mu bihugu bihuriye ku muhora wa ruguru(Northern Corridor) aribyo u Rwanda, Kenya na Uganda byari bimaze bikangurira abikorera ku giti cyabo gufasha Leta kwamamaza ibikorwa by’ubukerarugendo muri ibi bihugu. Faustin Karasira, ushinzwe ubukerarugendo mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB) yabwiye […]Irambuye

Basabye ko MissRwanda2015 yakwitabira MissWord 2015

u Rwanda rushobora guhagararirwa na MissRwanda2015 mu marushanwa ya ba nyampinga ku isi (MissWord) niba ubusabe bwa Rwanda Inspiration BackUp, ku bategura MissWorld, ko u Rwanda rwazahabwa amahirwe yo guhagararirwa muri MissWorld2015 bwemewe. Hari byinshi bisabwa ku ruhande rw’u Rwanda kugira ngo rwitabire irushanwa rya Miss World harimo no kuba irushanwa ryo mu bihugu byitabira rigomba kuba ryogenga. Mu […]Irambuye

Kenya: Imyuzure yatumye imiryango 300 iva mu byayo

Amakuru aturuka muri Kenya aravuga ko iimvura nyinshi yatangiye kugwa kuri uyu wa mbere ubu imaze gutuma imiryango 300 yo mu duce twa Kisumi na dHoma yimuka ikava mu byayo ndetse ko iyi mvura yasenye amazu, ihirika imidoka ndetse n’ibindi byinshi birangirika. Kubera iyi mvura imigezi ya Maugo, Awach Tende, Rangwe na Riana yuzuye irarengerwa […]Irambuye

en_USEnglish