Mu rwego rwo gutera akanyabugabo ikipe y’igihugu cye, President Joseph Kabila yasuye ikipe The Leopards i Malabo muri Equatorial Guinea aho iri mu marushanwa ya CAN. Ikipe y’igihiugu ya DRC iherutse gutsinda ita Congo Brazza ibitego bine kuri bibiri, ubu iri kwitegura umukino uzayihuza na Ivory Coast muri kimwe cya kabiri. Ushinzwe itumanaho mu biro […]Irambuye
Iyo ukihagera, wakirwanwa urugwiro n’abakobwa bakagusobanurira ibihakorerwa ugahitamo service ukurikije ibikunogeye. Hotel Greenwich ifite ibyumba byiza, binini kandi bifite umutekano n’isuku byo ku rwego rwo hejuru. Tuyishime Innocent ushinzwe imicungire y’abakozi n’ibikorwa muri Greenwich Hotel yasobanuriyeUM– USEKE uko ibyumba byaho byishyurwa n’izindi serivisi. Tuyishime yatubwiye ko icyumba cy’umuntu umwe (Single room) kishyurwa amadolari 55 $ […]Irambuye
Kina Music ni imwe mu mazu ‘Lebels’ zikomeye mu Rwanda zifasha abahanzi mu bikorwa byabo bya muzika bya buri munsi. Mu minsi ishize hagiye hatangazwa amakuru ku muhanzi Gisa Cy’Inganzo ko yaba ari mu igeragezwa muri iyo label, gusa kuri ubu ngo yaba yaramaze kwerekwa umuryango. Amakuru agera ku Umuseke avuga ko Gisa Cy’Inganzo yaba […]Irambuye
Kuva mu kagari ka Nyabugogo mu murenge wa Muhima muri Nyarugenge ugana mu murenge wa Gisozi abaturage benshi bo mu rwego ruciriritse batega ubwato bwa Ibrahim Mbarushimana, bityo ntibazunguruke n’imodoka cyangwa n’amaguru ngo bace ku Kinamba-Kacyiru bongere bagaruke iya Gisozi iwabo. Uyu utwara abantu mu bwato mu gishanga cya Nyabugogo avuga ko nubwo akibikora ariko […]Irambuye
Mu 1968 Samson Bizimungu nibwo avuga ko yazanye ku Gisenyi umunzani upima ibiro by’abantu awuvanye muri Kenya, abantu bakuru bo mu mujyi wa Rubavu bavuga ko koko ariwe bazi wabitangije, icyo gihe ngo bamwitaga umusazi. Ubu biramutunze we n’abana be icyenda, ndetse nibyo agikora magingo aya. We n’umuryango we bahungiye muri Congo mu 1959, yari […]Irambuye
Tuyisenge Jean de Dieu uzwi nka “Intore Tuyisenge” muri muzika. Ni umwe mu bahanzi bakunze kumvikana mu ndirimbo zivuga ku mihigo n’imigambi y’ Imirenge cyangwa Uturere. Ngo ku ruhande rwe asanga nta kazi ashobora kwita ko gasuzuguritse ku buryo umuntu yakwinuba kugakora. Abinyujije mu ndirimbo yise “Akimuhana”, Intore Tuyisenge avuga ko umuntu wese ufite amahirwe […]Irambuye
Bujyakera Jean Paul uzwi kuri Radio Isango Star nka Gutterman Gutter aravuga ko agiye gufasha abana batishoboye ku nshuro ya kabiri abinyujije mu muryango we utegamiye kuri Leta, witwa ‘Nufashwa yafasha’. Mu kiganiro yagiranye na Umuseke, Gutter yatangaje ko igitekerezo cyo gufasha abana batishoboye yakigize ubwo yari yagiye mu kazi mu Karere ka Gatsibo. Yagize […]Irambuye
Jean Marie Ntagwabira wamenyekanye cyane mu mupira w’u Rwanda kuva mu 2004 yitabye Imana mu gicuku cyo kuwa 03 Gashyantare 2015 azize indwara mu bitaro bya Kanombe nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’ikipe ya Sunrise FC yari amaze umwaka abereye ‘Directeur technique’. Ntawabira yanyuze mu makipe ya APR FC nk’umukinnyi n’umutoza, yatoje kandi amakipe ya Rayon Sports, […]Irambuye
Mu gihe habura iminsi ibiri ngo amatora yo kuri SMS ahagarare, umunsi ku munsi niko hagenda hagaragara impinduka ku majwi y’abakobwa 25 bagomba gutoranywamo 10 basezererwa kuri uyu wa 7 Gashyantare 2015 kuri Petit Stade i Remera. Mukunde Belinda wo mu Ntara y’Amajyepfo niwe wazaga ku mwanya wa mbere n’amanota 38815 kuri uyu wa kabiri […]Irambuye
Kuri uyu wa Kabiri mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Nyankenke mu kagari ka Rwagihura mu mudugudu wa Gacaca umuturage witwa Ndikuyeze Fabien bamusanze iwe yiyahuje umugozi. Nk’uko abaturanyi ba nyakwigendera babitangazaga, ngo Ndikuyeze yari amaze iminsi atandukanye n’umugore we ku mpamvu z’amakimbirane bityo bagakeka ko yaba yihahuye kubera guta umutwe n’agahinda n’ubwo nyirubwite […]Irambuye