Akarere ka Rubavu hamwe n’umuryango udaharanira inyungu ADEPE kugeza ubu bamaze guhugura abagore 171 basanzwe bakora ubucuruzi buciriritse bwambukiranya umupaka wa Goma (DRC) na Rubavu, bagasiga abana bato ku mupaka bagiye hakurya gushakisha. Aba bagore ikibazo cyabo ngo kirakomeye kuko bagenda biyongera umunsi ku munsi, haza abandi bavuye mu turere dutandukanye mu gihugu baje gukora […]Irambuye
Idini ni uburyo abantu bahitamo gusenga Imana cyangwa ikintu cyose bemera ko ari ikinyabubasha kubarusha. Muri uku gusenga, bamwe bahitamo izina runaka bita Imana basenga, imihango bazajya bakora ijyanye n’uko babyemera, aho bazajya babikorera n’uburyo bazabikoramo. Hari n’abandika ibitabo rukana birimo inyigisho runaka bemera ko arizo zigomba kugena imyemerere yabo, imitekerereze ndetse n’imigirire yabo kandi […]Irambuye
Ubumwe Community Center (UCC) ni ikigo gifasha abafite ubumuga kubasha kwigira, giherereye mu mudugudu wa Mbugangari, mu kagari k’Iyobokamana, mu murenge wa Gisenyi, mu karere ka Rubavu, mu bumenyi iki kigo giha abafite ubumuga harimo no kubigisha gukoresha ikoranabuhanga rya mudasobwa ndetse abafite ubumuga bakoresha imashini zigezweho mu kuboha imipira. Iki kigo cyashinzwe n’abagabo babiri, […]Irambuye
Inama yaguye y’umutekano y’Intara y’Amajyaruguru yateranye kuri uyu wa 09 Gashyantare 2015 mu karere ka Gicumbi iyobowe n’umuyobozi w’iyi Ntara, abayobozi b’ingabo na Polisi, ab’uturere n’imirenge yagarutse cyane ku kibazo cy’ibiyobyabwenge biva hakurya muri Uganda byinjizwa n’abitwa ‘Abarembetsi’. Iyi nama yihanangirije imirenge ikora ku gihugu cya Uganda kuba maso cyane no guhangana n’ikibazo cy’ibiyobyabwenge byinjizwa. […]Irambuye
09 Gashyantare 2015 nibwo hatangajwe ibikorwa n’imitegurire y’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro ya gatanu, iyi nshuro irimo impinduka ziritandukanya n’andi yabanje. Ubu hazongerwamo ibitaramo bibiri kandi nta muzika ya ‘Playback’ izongera gukoreshwa. Mu bikorwa iri rushanwa ritandukaniyeho n’andi marushanwa yagiye aribanzirizaharimo ibitaramo biziyongera, amatora ku bahanzi bazaryitabira ndetse n’ibitaramo uko […]Irambuye
Senateri Prof Laurent Nkusi, inzobere mu itangazamakuru, akaba yaranabaye Ministiri w’Itangazamakuru n’itumanaho mu bihe byashize, avuga ko ibitangazamakuru byose byo mu Rwanda,bikwiye gusenyera umugozi umwe ntibyirengagize inyungu rusange zo guteza imbere u Rwanda. Senateri Prof Laurent Nkusi avuga ko nubwo igitangazamakuru cyaba gifite umurongo ngenderwaho wita kuri politiki, iyobokamana n’ibindi bitandukanye, gikwiye gushyira imbere gahunda […]Irambuye
Muri gahunda yo gutangiza icyumweru cy’ubutaka, umukozi ushinzwe iyandikisha ry’ubutaka mu kigo gishinzwe umutungo kamere Marie Chantal Mukagashugi yatangaje ko leta igiye kwisubiza ubutaka bwayo abaturage biyandikishijeho igihe bahabwaga ibyangombwa bya burundu by’ubutaka. Iyi gahunda y’icyumweu cy’ubutaka, yabereye mu kagari ka Nyamirama mu murenge wa Muhanga mu Karere ka Muhanga kuwa 09 Gashyantare 2015 igamije […]Irambuye
Muri gahunda yo gusubiza mu buzima busanzwe Abanyarwanda bahoze ari impunzi mu bihugu bitandukanye, Leta y’u Rwanda hamwe n’umushinga IOM (International Organisation for Migration) bagiye gufatanya guhugura abatashye mu bijyanye no kwigarurira icyizere, no kubaha ubumenyi mu bucuruzi, kubaza, gusudira no kudoda, mu rwego rwo kubafasha kwiteza imbere. Nyuma yo kurangiza aya masomo bazahabwa n’amafaranga […]Irambuye
Kigali: Ku wa gatanu tariki 6 Gashyantare 2015, Sosiyete ikora ikanacuruza ibijyanye n’amarangi ‘Crown Paints Rwanda Ltd’ yatangije ku mugaragaro ibikorwa byayo mu Rwanda aho iyi sosiyete ivuga ko amaranyi yabo afite umwimerere, kandi ngo bizeye ko Abanyarwanda bazayakunda nk’uko byagiye bigenda mu bindi bihugu bakoreramo. Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’umuyobozi w’iyi sosiyete mu Rwanda, […]Irambuye
Basoza amahugurwa yateguwe n’umushinga GCS (Grobal Civic Sharing) ku bufatanye n’umuryango nterankunga w’Abanyakoreya (KOICA), abahagarariye ibimina by’ubwizigame mu midugudu yo mu murenge wa Nyarubaka, mu karere ka Kamonyi batangaje ko aya mahugurwa azababera umusemburo wo gukomeza gushimangira umuco wo kwibumbira mu bimina by’ubwizigame dore ko ngo bibafasha gushyira mu bikorwa gahunda za leta. Ni […]Irambuye