Abarangije amasomo y’ubumenyingiro mu kigo cya Eden Business Center giherereye mu murenge wa Ruyenzi mu Karere ka Kamonyi bavuga ko amasomo bahakuye ubu ari guhindura ubuzima bwabo kandi batangiye kwihangira imirimo iciriritse bahereye ku byo bize. Ikizere cy’ubuzima bwiza imbere bakaba ngo bagifite cyose. Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira ingufu mu gushishikariza abantu gukurikirana amasomo […]Irambuye
Mazimpaka Rafiki umuhanzi wamenyekanye cyane mu njyana ya ‘Coga Style’ ndetse nawe akaza gufata akazina ka “Coga”, arasaba itangazamakuru ngo kuba ryatekereza ku kazi yakoze muri muzika nyarwanda bityo bakamuha amahirwe yo kongera kwigaragaza. Ni nyuma y’aho mu minsi ishize Rafiki, Mano Nikoshwa na Ssgt Robert batangaje ko impamvu ibihangano byabo bitakivugwa cyane ari uko […]Irambuye
Abafatabuguzi ba Tigo Rwanda bari gusubizwa amafaranga bari baguze serivisi zitandukanye. Tigo Rwanda yatangaje kuri uyu wa gatatu ko abakiliya bayo bongera guhamagara no gukoresha Internet kuko ikibazo byari byagize cyakemutse kuva saa tatu z’ijoro kuri uyu wa gatatu. Kuwa mbere w’iki cyumweru abafatabuguzi ba Tigo batangiye kugira ikibazo mu guhamagara no gukoresha Internet kubera […]Irambuye
[youtube url=”https://www.youtube.com/watch?v=uWLwflpiigo&feature=youtu.be” width=”560″ height=”315″] Irambuye
Muhanga – Kuri uyu wa gatatu nimugoroba mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyka 25 Seminari nkuru ya Kabgayi( Grand Seminaire Philosophicum de Kabgayi) imaze itangiye, Padiri Kayisabe Védaste Umuyobozi w’iri shuri gatulika, yavuze ko batazibagirwa ibihe bibi abarimu bayo n’abanyeshuri banyuzemo mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994. Mu ijambo rye Padiri Védaste […]Irambuye
28 Mutarama 2015 -Umunsi wa 14 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere ari nawo munsi ufungura agace ka kabiri ka shampiyona (Phase retour) amakipe y’ibigugu ndetse n’ane ya mbere ku rutonde rw’agateganyo yatunguriwe rimwe arangiza imikino y’umunsi wa 14 nta nimwe ibonye amanota atatu. APR FC, ya mbere, yatsindiwe i Musanze. Rayon sport yatangiye agace ka […]Irambuye
Itangazo ryasohowe n’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa kuri uyu wa 28 Mutarama 2015 ntirivuga byimbitse iby’ibiganiro hagati ya Perezida François Holalnde na Jakaya Kikwete wa Tanzania uri mu ruzinduko mu Bufaransa. Gusa rivuga ko baganiriye no ku mitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa Congo. FDLR uri mu igarukwaho cyane kuko na Tanzania iherutse gutungwa agatoki n’impuguke’ za Loni […]Irambuye
Urukiko rusesa imanza mu rwemeje ko Abanyarwanda, Tito Barahira na Octavien Ngenzi bombi basimburanye ku mwanya wa Bourgmestre mu cyahoze ari Komine Kabarondo, ko bazaburanira mu rukiko rw’ibanze mu Bufaransa ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bakekwaho nk’uko amakuru ava mu butabera bw’Ubufaransa abivuga. Iki cyemezo gishobora kuba ari inzira y’uko mu Bufaransa hagiye gutangira […]Irambuye
U Rwanda rumaze amezi make rutangije uburyo bwa interineti yihuta cyane ya 4GLTE gusa abayikeneye bavuga ko iri ku giciro gihanitse cyane ndetse kugeza ubu abayikoresha ari bake. Kuri uyu wa 28 Mutarama 2015 mu kiganiro n’abanyamakuru Min. Jean Philbert Nsengimana avuga ko izo mpungenge abanyarwanda bafite zizagenda zirangira uko abitabira gukoresha interineti ya 4GLTE […]Irambuye