Amakuru dukesha Jeune Afrique aremeza ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, 29, Mutarama, 2015 ingabo za DRC zatangije ibitero kuri FDLR mu gace ka Beni. Ibi ngo byatangajwe na Gen Didier Etumba umugaba w’ingabo za DRC. Umukuru w’ingabo za MONUSCO, Gen Carlos Alberto dos Santos Cruz, yavuze ko ingabo ayoboye zitaratangira gufatanya na […]Irambuye
Mu ndirimbo yiswe “Nyampinga” ivuga ku bwiza, Ubuhanga n’Umuco by’umukobwa ukwiye kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2015, abahanzi nka Mariya Yohana, Tonzi, Aline Gahongayire na Ciney nibo bayumvikanamo. Tonzi yatangaje ko iyi ndirimbo ariwe wazanye iki gitekerezo cyo gukora iyi ndirimbo mu rwego rwo gukomeza gushyigikira indangagaciro y’umuco nyarwanda nka Nyampinga w’u Rwanda uhagarariye […]Irambuye
Imikoranire y’inzego z’umutekano z’ibihugu bya Uganda n’u Rwanda niyo yatumye abajura bakomoka i Burundi bafatirwa mu Rwanda bagerageza guhungana miliyoni ebyiri z’amashilingi ya Uganda bari bibye i Kampala nk’uko byasobanuwe na CSP Celestin Twahirwa kuri uyu wa 29 Mutarama 2015 ubwo polisi y’u Rwanda yasubizaga iya Uganda aya mafaranga ngo azashyikirizwe nyirayo. Shadrack Mugwaneza niwe […]Irambuye
Umuseke ntimutangaze e-mail nkoresheje. Muraho basomyi, mfite ikibazo cyantunguye bikomeye. Nabyaranye n’umusore muri 2007, maze kubyara uwo musore wanteye inda yihakanye umwana avuga ko atari uwe. Mbonye bimeze gutyo nitabaza Inkiko, umuhungu arakomeza arabihakana urukiko rutegeka ko hapimwa ibizamini by’amaraso y’umwana n’aya se hifashishijwe ubuhanga bugezweho bwa ADN. Ibizamini byagiye gukorerwa mu gihugu cy’Ububiligi, bije […]Irambuye
Ndamage Sylvain, utuye mu mudugudu wa Rutenga, akagali ka Gahogo, umurenge wa Nyamabuye, mu karere ka Muhanga, yabwiye Umuvunyi mukuru wungirije Kanzayire Bernadette ko akarere gakomeje kumuheza ku cyizere cyo kuzamuha indishyi z’inzu ye kasenye umwaka ushize kandi yari afite ibyangombwa byose bitangwa n’inzego zishinzwe iby’ubutaka n’imyubakire muri Muhanga. Mu rugendo Umuvunyi wungirije ushinzwe kurwanya […]Irambuye
Bamwe mu banyeshuri 143 baganiriye n’Umuseke bavuga ko barenganijwe n’ikigo cy’igihugu cy’uburezi REB, imyigire n’imibereho yabo ubu ngo imeze nabi nyuma yo gukurwa ku rutonde rw’abemerewe inguzanyo kuko ngo ababishinzwe basanzwe harabayeho kwibeshya. Gacinya Desire, uyobora ishami ryo gutanga inguzanyo muri REB, we asaba aba banyeshuri kongera kugirana amasezerano na kaminuza y’u Rwanda, REB ngo […]Irambuye
Perezida wa Sudan y’epfo Salva Kiir yajyanywe igitaraganya mu bitaro byo mu murwa mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa, nyuma yo gufatwa n’uburwayi nk’uko umwe mu bayobozi yabitangarije BBC. Salva Kiir yafashwe n’imyuna (kuva amaraso mu mazuru), nk’uko byatangajwe n’uwo muyobozi. Gusa ntabwo haramenyekana uko ubuzima bwe buhagaze magingo aya. Uko kujyanwa mu bitaro kwa Perezida […]Irambuye
Isosiyete y’itumanaho Airtel yashyizeho pack y’amafaranga 199 gusa kugira ngo abakiriya bayo babashe guhamagarana mu gihe kingana n’amasaha 24. Kugira ngo ubashe kugura iyi pack, ukanda akanyenyeri ugakurikizaho 456, ugakanda akandi kanyenyeri, ugashyiraho umubare 4 nyuma ugashyiraho urwego, ubundi ukemeza(*456*4#, Yes). Ukuriye Airtel Rwanda Mr Teddy Bhullar yavuze ko iyi gahunga yiswe Wiceceka igamije guha […]Irambuye
*Mu ishuri yabonaga amanota y’ikirenga *Ku myaka 15 yandikaga ku makayi ye ngo Prof Dr Rwigamba Balinda *ULK yayitangije yakira abanyeshuri 204 bakodesha kuri St Paul *Gukora cyane, gusenga cyane no kudacika intege nizo ntwaro ze *Akora siporo yo kuzamuka amadarage y’inyubako akoreramo ya niveau 6 *Akunda kurya imboga rwatsi no kunywa amazi menshi Prof […]Irambuye
Abahanga bo muri Institut Pasteur bari gukora ubushakashatsi bwimbitse bifashishishije amaraso bakuye ku bantu 22 000 barwaye Ebola ariko bakayikira. Ubu bushakashatsi byabafashije kubona ko agakoko gatera Ebola kari guhindura imikorere yako binyuze mu kwisuganya bityo ngo bikaba byazagafasha gufata abantu benshi, kava mu muntu umwe kajya ku wundi mu buryo bworoshye. Impuguke mu kwiga […]Irambuye