Month: <span>September 2014</span>

Bitunguranye u Rwanda na Sierra-Leone byakuwe muri Big Brother Africa

Bitunguranye kuri uyu wa mbere tariki01 Nzeli, ishami rya Televiziyo M-Net ya AfricaMagic na Endemol SA, abategura irushanwa rya “Big Brother Afrca” batangaje ko u Rwanda na Sierra-Leone bitakitabiriye irushanwa ry’uyu mwaka rizatangira ku mugaragaro ku cyumweru tariki 07 Nzeli kubera impamvu zitandukanye zirimo iz’ibyangombwa. Abategura iri rushanwa batangaje ko igihe gisigaye ari gito kandi […]Irambuye

Uganda: Besigye yahuye n’uwo basa cyane

Kuri iki cyumweru umunyapolitiki Kizza Besigye wamenyekanye cyane kubera kutavuga rumwe na Leta ya Uganda yahuye n’umusore w’umunyakenya Jeff Ochieng basa cyane kugira ngo basuzume niba nta sano baba bafitanye n’uyu mwana ushakisha se, ariko basanga ntacyo bapfana. Mu ntangiro z’ukwezi gushize, ikinyamakuru New vision cyashyize hanze amateka y’umusore w’umunyamakuru ufata amafoto wo muri Kenya […]Irambuye

Data ntabwo yaryaga abantu – Jaffar Amin (umuhungu wa Idi

Idi Amin Dada yamaze imyaka umunani gusa ku butegetsi (1971 – 1979) ariko yavuzweho byinshi cyane kubera imiyoborere ye, bamwe bavuga ko yaryaga abantu. Jaffar Remo Amin umwe mu bana be 54 bazwi, mu cyumweru gishize Jaffar yaganiriye n’umunyamakuru Julian Rubavu wahaye Umuseke ikiganiro bagiranye. Ahakana cyane byinshi bibi byavuzwe kuri se.  Idi Amin Dada […]Irambuye

Airtel Rwanda yifatanyije n’abatuye umudugudu wa Kagara mu Umuganda

Ikigo cy’itumanaho cya Airtel Rwanda kuri uyu wa Gatandatu cyifatanyije n’abaturage bo mu mudugudu wa Kagara mu Murenge wa Remera, Akagali ka Nyabisindu bakora umuganda wo gusibura imiferege no gukura imyanda muri za ruhurura. Iki kigo kandi cyahaye abaturage ibikoresho by’ibanze byo kuzakoresha mu muganda utaha harimo amasuka, ibitiyo n’ibindi. Mu nama yabaye nyuma y’uyu […]Irambuye

Ubuyobozi bwa Tumba C.T. bwasabye abahize kubabera aba Ambasaderi

Mu nama yo guhuza abanyeshuri barangirije mu ishuri ry’ikoranabuhanga rya “Tumba College Of Technology (TCT)” yabaye kuwa gatandatu tariki 30 Kanama, umuyobozi w’iri shuri Eng. Pascal Gatabazi yasabye abaryizemo kuzababera aba Ambasaderi beza aho bari hose. Iyi nama ngaruka mwaka ihuza abize muri TCT n’ubuyobozi bw’ikigo iba igamije kongera guhuza no gusabanisha impande zombi, bareba […]Irambuye

“Jay Polly kuba yaregukanye PGGSS 4 si uko ari igitangaza

Ku wa 30 Kanama 2014 nibwo umuraperi Jay Polly yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya kane ryari ribaye, bikaba ku nshuro ye ya gatatu aryitabira. Nemeye Platini wo mu itsinda rya Dream Boys avuga ko atari ubundi buhanga bundi yabarushije ahubwo ari amahirwe yagize. Dream Boys ibarizwamo TMC na Platini, […]Irambuye

DRC : Maj Gen Lucien Bahuma watsinsuye M23 muri Kivu

Kuri iki cyumweru igisirikare cya Congo Kinshasa cyumvise inkuru ibabaje y’urupfu rwa Maj Gen Lucien Bahuma Ambamba, wari umugaba mukuru w’ingabo mu karere ka Kivu y’Amajyaruguru ihoramo imidugararo n’inyeshyamba, uyu Bahama ni we wanesheje M23 ndetse agaba n’ibitero byinshi ku zindi nyeshyamba. Iby’urupfu rw’uyu musirikare, byatangajwe ku cyumweru na Minisitiri w’ingabo muri DRC, Alexandre Luba […]Irambuye

Abakinnyi b’Amavubi barahabwa agahimbaza musyi nubwo basezerewe

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 03 Nzeli 2014 nibwo abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi bazabona agahimbaza musyi kabo ko ku umukino wabahuje n’ikipe y’igihugu ya Congo Brazaville Congo mu mukino wo kwishyura Amavubi agatsinda ibitego 2-0, n’ubwo batazakomeza mu mikino yo guhatanira itike yo kuzajya mu marushanwa y’igikombe cy’Afrika cya 2015 mu gihugu cya Maroc. Aba bakinnyi […]Irambuye

en_USEnglish