Amahirwe si kenshi aza mu buzima, ariko nanone abo amahirwe asekeye siko bose bayabyaza umusaruro nk’uko umusore Nsengiyamye Jean Claude amaze kubyaza umusaruro amahirwe yagize yo kuragwa na Sekuru umurage munini. Uyu mwana w’umusore afite imyaka 21 gusa, yiga mu ishuri ryisumbuye Nderabarezi mu karere ka Ruhango mu mwaka wa gatandatu. Araganirira Umuseke.rw uko yagize […]Irambuye
Kuri uyu wa mbere, inkongi y’umuriro yibasiye inzu nini yororerwamo ikanabagirwamo inkoko mu ntara ya Jilin mu majyaruguru y’Ubushinwa abantu barenga 112 bahasiga ubuzima. Abatabazi bazimya umuriro bahageze wabaye mwinshi cyane ndetse abari muri iryo bagiro rinini cyane bari bamaze kwitaba Imana ari benshi. Amakuru aravuga ko iyi nkongi yavuye ku bintu bitatu ngo byabanje […]Irambuye
Rory Carroll ni Umunyamakuru w’Ikinyamakuru “The Guardian” cyo mu Bwongereza, mu nkuru yatangaje yavuze ko hari inyandiko zigaragaraza neza ko Bill Clinton yari azi neza ko hari umugambi wo kurimbura Abatutsi mu 1994 ariko akaryumaho. Perezida Clinton wari uyoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu mwaka w’1994 ubwo habaga Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse na […]Irambuye
Abantu benshi banywa ibiyobyabwenge usanga bavuga ngo; Ariko ubundi ndabirekera iki ko abantu ‘bose’ babinywa? Ariko akongera nanone ngo ‘sha icyamvana kuri ibi bitundi rwose nashima Imana’. Mu bihugu bikize, ndetse no mu bihugu byacu ubu bitangiye gusaakaara usanga urubyiruko rwinshi cyane rwishora mu kunywa ibiyobyabwenge n’ubwo bwose amategeko y’ibyo buhugu aba atabyemera . Uko […]Irambuye
Ubwo yari mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa 2 Kamena 2013; Minisitiri w’Iterambere w’igihugu cy’Ubudage yavuze ko yishimira uburyo u Rwanda rukoresha neza inkunga ruhabwa n’amahanga. Ibi yabitangaje ubwo yari amaze gusura bimwe mu bikorwa igihugu cy’Ubudage cyateyemo inkunga, biri muri aka karere kahoze karibasiwe n’inzara ariko ubu ikaba yarabaye amateka. Ubwo yageraga mu Murenge […]Irambuye
Ishuri ry’ubumenyi rya Byimana rimaze gushya inshuro eshatu mu gihembwe kimwe, abize kuri iki kigo basanga ibikomeje kuba kukibaho ari agahomera munwa dore ko ryongeye no gushya baraye bavuye kurisura ari benshi ndetse bagasaba ko byakurkiranwa neza ibirimo gutera izi nkongi. Ubwo iri shuri ryashyaga kuri iki cyumweru, byari ku ncuro ya gatatu ariko kandi […]Irambuye
Urebwe imibare y’abantu bamaze kugwa ku ntambara iri kubera muri Siriya ariko ukita cyane ku mibare y’abasivire barimo abana, abagore abageze mu zabukuru n’abandi, ushobora kwibaza impamvu Leta z’Ubumwe z’Amerika zidashyira intege mu gutabara. Kugeza ubu imibare itangwa ingana n’abantu 120.000 bamaze kugwa muri iriya ntambara muri Siriya . Muri iyi minsi ishize havuzwe ko […]Irambuye
Nyuma y’uko inkongi z’umuriro zimaze kwibasira ikigo cya Ecole de Science de Byimana incuro eshatu, zigatwaka inzu zo kurararamo ebyiri, inzu y’uburiro n’aho basengeraga ubuyobozi bw’iki kigo buratangaza ko bugiye gutangira imirimo yo kubaka ibyangijwe hakazi bandwa cyane ku nyubako zikenewe byihuse. Frere Alphonse Gahima yatangarije umuseke.rw ko guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Uburezi […]Irambuye
Bwa mbere mu mateka ya Republique Czech igihugu cyo mu Uburayi umugore w’imyaka 23 yabyaye abana batanu. Alexandra Kinova yibarutse abahungu bane bazanye na gashiki kabo kamwe nyuma yo kubyara abazwe kuri iki cyumweru. Abaganga bo mu bitaro bya Institute for the Care of Mother and Child biri i Prague bavuga ko Alexandra yabyaye nta […]Irambuye
Mu nama yahuzaga Ubuyapani n’ibihugu bya Afurika i Yokohama, leta y’Ubuyapani yijeje Afurika inkunga y’amadolari miliyari 32 zizayifasha ibihugu bya Africa mu bikorwa by’Iterambere. Iyi nama yateguwe ku bufatanye bw’Umuryango wa Africa y’unze ubumwe, Banki y’Isi, Banki nyafrika itsura amajyambere, ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe amajyambere (UNDP) ndetse na geverinoma y’Ubuyapani. Amafaranga yemewe n’Ubuyapani azatangwa mu […]Irambuye