I Kibeho mu Karere ka Nyaruguru niho hatangirijwe ku rwego rw’igihugu icyumweru cyo gukingira iseru na rubewole, muri uyu muhango wabaye kuwa 12 Werurwe, Charlie Whethan uhagarariye umushinga wa GAVI (Global Alliance for Vaccines and Immunisation) muri uyu muhango yavuze ko ubushobozi u Rwanda rushyira mu gushakira ubuzima bwiza abaturage barwo n’abana barwo aribo baturage […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri, Umujyi wa Kigali ufatanyije n’imiryango itandukanye n’abikorera bamuritse ibikorwa bafite muri gahunda yo guteza imbere imibereho myiza no kuzamura ubuzima bw’abaturage. Muri uyu muhango wo kumurika ibi bikorwa umunyamabanga uhoraho muri Minisitiri y’Ubutegetsi bw’Igihugu Munyeshyaka Vincent yashimye ibikorwa bitandukanya byamuritswe anatangaza ko bitanga ikizere ko u Rwanda riri mu nzira nziza […]Irambuye
Minisitiri w’uburezi Dr Vincent Biruta aratangaza ko umushinga w’itegeko rizagenga Kaminuza y’u Rwanda ugisuzumwa n’Inteko ishinga amategeko, ariko ngo muri Gicurasi uzaba wamaze gutunganywa ku buryo mu ntangirizo z’amashuri y’umwaka utaha (Nzeli 2013) iyi kaminuza izaba yatangiye gukora. Ibi Dr Vincent Biruta yabitangaje kuri uyu wa 13 Werurwe 2013 mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, aho yavuze […]Irambuye
Uburaya mu Mujyi wa Kigali bugenda bwivigurura haza abakobwa bashya uko abandi bagenda basaza. Uru ruhererekane rugaragaza ko uburaya butazashira i Kigali kimwe n’ahandei. Ese ubundi buva he? I Kigali imwe mu ndaya zishaje yaganiriye n’Umuseke.com ku buzima bwazo inatubwira uko uburaya bwivugurura. Ubusanzwe ngo udukobwa tw’utwangavu n’abakobwa b’inkumi nibo abakiliya baza bashaka, aba bakiliya […]Irambuye
Mu rwego rwo guteza imbere gospel yo mu Rwanda abahanzi batanu bari mu cyiciro cya Gospel muri Salax Awards 2013 bazahembwa amafaranga ibihumbi 35,000 y’u Rwanda. Nkuko twabitangarijwe na KANOBANA R. Judo umuyobozi wa Positive Production Events, ngo nk’abantu bafasha ubuhanzi mu Rwanda kandi bakunda Gospel music, bishyize hamwe ku nshuro ya kabiri bashaka ibindi […]Irambuye
Aba ni bamwe mu ba star, biganjemo abo mu mahanga ya kure bagiye bafungwa kubera imyitwarire mibi. Ku bw’amahirwe ariko impano zabo zigakomeza kubasha kubateza imbere. 50 Cent Curtis Jackson III wavukiye muri Jamaica, ku myaka gusa 16 yafungiwe gucuruza ibiyobyabwenge mu ishuri ryisumbuye, aha ni naho yavanye izina rya 50 cent arivanye kuri Kelvin […]Irambuye
Muri iki cyumweru Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho ari mu rugendo rw’akazi. Muri uru rugendo Umukuru w’Igihugu yaganiriye n’abo muri Kaminuza ya Hartford ndetse n’abo mu Ishuri ry’Imari rya Kaminuza ya Harvard. Ubwo yaganiraga n’abanyeshuri biga mu Ishuri ry’Imari rya Kaminuza ya Harvard, Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda […]Irambuye
Ijambo mbwirwaruhame rya mbere nk’umukuru w’igihugu ry’iminota 19 ryavuzwe na Uhuru Kenyatta ryari ryanditswe na Julliet Wangeci Wang’ombe, umukobwa w’imyaka 22 gusa. Uyu mukobwa ubu ari mu ikipe ishinzwe ako kazi kuri President Kenyatta. Ku myaka 18 nibwo yamenye ko afite impano yo gusiga no kwandika, abifashijwemo n’umuryango we yahise agana muri Leta z’Unze ubumwe […]Irambuye
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Milutin Mico aravuga ko ikipe y’igihugu izakina na Mali mu mukino wo gushaka tike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi igomba kuzaba yihariye. Ku itariki ya 24 uku kwezi, u Rwanda ruzakira ikipe y’igihugu ya Mali (Les Aigles du Mali) i Kigali. Ni umukino wa gatatu wo gushakisha tike y’igikombe cy’isi […]Irambuye
Umunsi wo kuya 13 Werurwe 2013 Photos/Niyoneza Didier Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE, ubona ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’UM– USEKE.COM yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.COMIrambuye