Month: <span>March 2013</span>

Burundi: 6 baguye mu mirwano na Police bajya gusenga ku

Nibura abantu batandatu nibo baguye mu mvururu zashyamiranyije Police n’imbaga yajya ku musozi gusenga kuri uyu wa kabiri mu gitondo. Abandi 35 bakomeretse, bikaba byagereye mu Kayanza mu majyaruguru y’Uburundi. Athanase Mbonabuca Guverineri wa Province ya Kayanza yatangarije AFP dukesha iyi nkuru ko aba bantu baba bagiye gusengana n’umuhanuzi wabo witwa Zebiya. Ubwo ngo bari […]Irambuye

Victor Fidel (Koudou) aritegura kumurika album ye yambere

Umuhanzi Koudou uzwi cyane ku izina rya Victor Fidel yabwiye Umuseke.com ko ubu ari kwitegura kumurika Album ye yambere mu kwezi kwa gatanu cyangwa kwa gatandatu. Uyu muhanzi wahoze mu itsinda rya The Brothers ubu akaba asigaye aririmba wenyine (Solo), yavuze yamaze kwegera abaterankunga batandukanye ubu akaba ategereje igisubizo cyabo. Ati “ Hagati aho ariko […]Irambuye

Umugani: "Amagara aramirwa ntamerwa "

Uyu mugani Abanyarwanda bawuca bawukurije ku muntu wari warazambijwe n’akaga k’ubukene, hanyuma akagira amahirwe ubukire bukamudamaraza; ni bwo bavuga, ngo «Amagara aramirwa ntamerwa !» Wadutse ku ngoma ya Gahindiro, ukomotse kuri Migambi se wa Bisangwa, umutware w’lngangurarugo za Rwabugili; ahasaga umwaka wa 1800. Rimwe, Yuhi Gahindiro sekuru wa Rwabugili yarambagiye u Rwanda, ageze mu nzira […]Irambuye

Mugesera ageze aho yifashisha Bibiliya mu rukiko

Ubwo Dr. Leon Mugesera Leon yisobanuraga ku byaha aregwa n’ubushinjacyaha ku munsi w’ejo, yifashishije imwe mu mirongo ya Bibiliya, aho yavuze ko iyo usomye amagambo amwe n’amwe Yezu yakoreshaga, wakwibaza niba yarayavuganaga ubugome bwinshi ku buryo wanatekereza ko na we atacibwa urubanza. Muri ayo magambo yavuzwe na Yezu, yavuzemo aho yabwiraga abantu ngo ni abana […]Irambuye

Ruhango: Abana 107 692 barakingirwa Rubewole na measles

U Rwanda nicyo gihugu cya mbere muri Africa cyazaniye abana urukingo rw’indwara za Rubewole (na measles), mu gihugu ahatandukanye iki gikorwa cyatangijwe na Ministeri y’Ubuzima kuri uyu wa kabiri tariki 12 Werurwe. Mu karere ka Ruhango, abana 107 692 nibo bagomba gukingirwa. Abana bari gukingirwa ni abafite ku mezi 9 kugeza ku myaka 14 y’amavuko. […]Irambuye

Kigali: Restaurant zirimo isuku nke zafunzwe by’agateganyo

Restaurant ziri mu mujyi wa Kigali muri quartier commericial zafunzwe n’Umujyi wa Kigali mu mpera z’icyumweru gishize kuko zifite isuku nke nk’uko byemejwe n’abazifunganga babiherewe uburenganzira n’Umujyi. Isuku nke igaragara muri izo restaurant ni aho usanga amazi ava muri izo restaurant atabona aho aca bitewe n’ibyobo agomba gucamo byuzuyemo imyanda bigatuma amazi adendeza aho. Izi […]Irambuye

Kunywa Fanta cyane byangiza ubuzima

Abatanywa agasembuye bavuga ko ari kabi cyane ku buzima, ndetse ninabyo ku bakanywana inyota idashira. Ariko abanywa ibidasembuye usanga benshi banywa za Fanta nabo ngo ni bacye bazi ibibi by’ibi binyobwa bicurirwa mu nganda gusa ku buzima bwabo. Niba ushaka kumenya ukuntu Fanta ari mbi ku gifu, uzafate inyama uyishyire muri Fanta Coca, utegereze gato, […]Irambuye

Nta muturage wagize impanuka uzangirwa kuvurwa kuko nta bushobozi

Byatanagajwe n’umuyobozi w’Ikigega cy’Ingoboka (Special Guarantee Fund) mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo berekanaga ibyo bamaze kugeraho na gahunda nshya iki kigo gifite ku banyarwanda bakigana. Iki kigega cyita cyane cyane ku kubungabunga amagara y’abakoze impanuka ntibabone ubwishyu cyangwa ngo bavurwe kuko nta bushobozi bafite, cyangwa abangirijwe n’inyamaswa ntibabone uwishyura. Ndashimye Bernaldin uyobora iki kigo yavuze ko […]Irambuye

Birashoboka ko ku cyumweru twaba twamenye Papa mushya

Kuri uyu wa kabiri mu gitondo abakaridinali 115 nibwo batangiye kugenda binjira muri Hotel Santa Martha y’i Vatican ngo biherere batore Papa mushya. Nta mwiherero uramara iminsi irenze itanu mu gutora Papa, bityo birashoboka cyane ko bitarenze ku cyumweru imbaga ya miliyari 1.2 izaba yamenye umuyobozi mushya wa Kiliziya Gatorika. Abakaridinali babishoboye bumvanye misa ya […]Irambuye

Batahanye ishema nyuma yo guha u Rwanda ticket y’igikombe cy’Isi

Abasore b’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 21 bakina umukino wa Volleyball baraye bakiriwe ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Werurwe nyuma y’uko mu marushanwa nyafrica barangije barushijwe gusa na Misiri na Tunisia. Aba basore kuza ku mwanya wa gatatu byatumye babona ticket yo gukina igikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 21 aho bazahagararira Africa. Ticket bavanye mu […]Irambuye

en_USEnglish