Month: <span>August 2011</span>

90% by’ ibigo by’ubucuruzi mu gihugu bifite hagati y’ umukozi

Raporo y’ibarura ry’ibigo by’ubucuruzi mu gihugu igaragaza ko ibi bigo byiyongereye cyane mu myaka 2 ishize, ariko ibyinshi bikaba bigikora bitanditse ngo bikore mu buryo buzwi. Raporo yashyizwe ahagaragara na minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, yakozwe ku bufatanye n’ikigo cy’ibarurishamibare ndetse n’urugaga rw’abikorera igaragaza ko ibi bigo byinshi bigifite n’ibindi bibazo, nk’icyamafaranga  n’abakozi bajijutse. Iyi raporo ibarura […]Irambuye

Album 5 za Hip Hop zabaye nziza kurusha izindi zose

Hip-hop mugihe bagereranya ko yaba imaze imyaka igera kuri mirongo itatu,  the boombox yagaragaje urutonde rwa albums  zabaye izambere  mu bihe byose kuva  iyi njyana yabaho doreko  isigaye inakunzwe cyane na hano  mu Rwanda  . The boombox ivuga ko arirwo rugaragaza album zabaye nziza kurusha izindi, guhera igihe habagaho  icyitwaga back-pack rap kugera mugihe East […]Irambuye

Abagabo nibite ku bagore babo batwite bafite na SIDA

Abagabo barasabwa kugira uruhare mu kwita ku bagore babo batwite baranduye agakoko gatera SIDA kugirango hakumirwe ko umwana yazavukana ako gakoko. Ministre w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho yabisabye mu nama yo kureberahamwe uruhare abagabo bagira muri gahudna ya PMTCT (Preventing Mother-to-child Transmission of HIV) Muri iyi nama yabaye kuri uyu wa gatatu muri LEMIGO Hotel bagaragaje […]Irambuye

Men are asked to play a big role in caring

Men are asked to play a big role in caring for their infected wives in order to prevent the Mother-to-child transmission of HIV for their new born babies. In the meeting, Minister of health Dr.Agnes Binagwaho has asked to set out the role of the men in Preventing Mother To Child Transmission of HIV (PMTCT). […]Irambuye

Basketball: u Rwanda rwongeye gutsindwa na Egypt 76-66

Madagascar, Antananarivo – Ikipe y’igihugu ya Basket yongeye gutsindwa n’ikipe ya Misiri amanota 76 – 66, mu mukino wo gushakisha umwanya (classement) wabaye kuri uyu wa kane. Ni nyuma yuko rutsinzwe muri 1/8 (Round of 16) na Cote d’Ivoire ku manota 80 – 72 y’u Rwanda. Mu mukino u Rwanda rwakinnye na Cote d’Ivoire kuwa kabiri, […]Irambuye

Ubushinwa bushyigikiye inzibacyuho ihamye muri Libiya.

Igihugu cy’ubushinwa kuri uyu wa gatatu cyasabye ko muri libiya habaho inzibacyuho ihamye kandi igizwe n’abarwanya Kadhafi, kugeza ubu ngubu bigaragara ko benda kumuhirika burundu. Ibiro ntaramakuru by’abongereza Reuters dukesha iyi nkuru bivuga ko kuba igihugu cy’ubushinwa cyatangaje aya magambo ari ikimenyetso cy’uko igihugu cy’ubushinwa gifata abarwanya kadafi nk’aho aribo bahagarariye igihugu cya Libiya byemewe […]Irambuye

Inzira zo mukuzimu za Khadaffi zinjiwemo n’abamurwanya

Kuri uyu wa kane, abarwanya Khadaffi n’ubu bakimuhiga, bamaze kwinjira bwambere mu nzira zo munsi y’ubutaka zituruka munzu ye zerekeza mu bice bitandukanye bya Tripoli. kuri uyu wa kane kandi, abarwanya Khadaffi ngo biriwe barasana n’ingabo zikimukomeyeho kunzu imwe muri Tripoli bakeka ko ariho Khadaffi n’abahungu be bihishe. Ngo kuri iyi nyubako hari ingabo nyinshi […]Irambuye

Ubutegetsi bwa Kadhaffi bugeze ku ndunduro – Riadh Sidaoui

Abantu bakomeje kwibaza aho kadhafi ari buhungire mu gihe abarwanya ubutegetsi bwe bafashe umujyi wa Tripoli hafi ya wose. Abanyapolitiki bakurikiranira hafi ibibera muri Lybia bo baravuga ko ibya Kadhaffi bisa n’ibyarangiye, mugihe bivugwa ko inshuti ze zahafi, harimo n’abaministre be bamukuyeho amaboko. Kuri ubu ngo aranzwe bikomeye kandi asa nuwatereranywe. Baravuga ko yihitiyemo uburyo […]Irambuye

AVEGA Agahozo yashyikirijwe $500,000 y’igihembo yahawe

NAIROBI, Kenya – Kuri uyu wa kabiri, Umuryango wa AVEGA Agahozo washyikirijwe ibihumbi 500,000 by’amadorari by’igihembo yahawe na Gruber Foundation mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka. Aya mafaranga AVEGA Agahozo yashyikirijwe  aragera kuri Miliyoni  303,500,000 z’amanyarwanda. Uyu muryango w’abapfakazi ufasha abasizwe iheruheru na Genocide yakorewe abatutsi mu 1994, wahawe iki gihembo nyuma y’uko Gruber Foundation […]Irambuye

Will Smith yahakanye gutana na Pinkett. Jada yahakanye kuryamana na

Will Smith yatangaje ko we na Jada Pinkett bataratana. Yavuze ko ibiri kuvugwa mu bitangazamakuru ari ibihuha, urugo rwe na Jada Pinkett rugikomeye. Umuvuguzi wa Jada Pinkett yahakanye ko Jada atigeze aryamana na Marc Anthony bari gukorana ikiganiro gica kuma Television kitwa ‘Hawthorne’. Karynne Tencer uvugira Jada Pinkett ati: “Nta kintu cyabaye hagati ya Pinkett na […]Irambuye

en_USEnglish