Month: <span>August 2011</span>

Cyamunara y’imwe mu mitungo ya Bruce Lee

Bruce Lee, bamwe mu bato bo mu gihe gitambutse wasangaga binaga hejuru batera utugeri ngo ni ba Bruce Lee, biganaga uyu mukinnyi w’amafilm wamenyekanye cyane  muri USA  no ku isi , ukomoka mu bushinwa. Imurikagurisha rya tumwe mu dukoresho Bruce Lee yakoreshaga ngo ryaba rizinjiza agera kuri $135,648, rikazaba ari naryo rinini ribaye ku dukoresho tumwe […]Irambuye

Huye: Inkangu imeze nabi i Maraba

Bamwe mu batuye akagari ka Shyembe mu murenge wa Maraba, baratangaza ko bakomeje guterwa  impungenge n’aho batuye nyuma yaho inkangu bavugako ikomeye yatangiye ku garagara mu kagari batuye hagati muri uku kwezi kwa Nyakanga. Bamwe mu baturage baganiriye n’umuseke.com bavugako mbere, aho batuye nta nkangu yaharangwaga gusa bo icyo  bavuga ngo ni uko hari imikuku […]Irambuye

Campus Initiative Promotion ntizongera gutegura Miss Campus

Amakuru dukesha uhagarariye Campus Initiative Promotion (CIP), itegura gutora Miss Campus muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda,  Jean de Dieu Rwirangira ( Bovich), ni uko CIP iri kureba uburyo yaha igikorwa cyo gutegura itorwa rya Nyampinga wa Kaminuza ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’abanyeshuri ba Kaminuza nkuru NURSU. Umuyobozi wa Kaminuza ushinzwe ibibazo by’abanyeshuri bwana Runyange Medard yatangarije ikiganiro […]Irambuye

Ikiciro kibanziriza icyanyuma kerekeje i Darfur, amafoto

Ku isaha ya 6h30 zo mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, nibwo ikiciro k’ingabo z’u Rwanda zisaga 267 zahagurutse n’indege ya Air Egypt zerekeza i Darfur mu butumwa bwo kugarura amahoro bwa African Union. Izi ngabo zigiye mu gace ka El Fashaa, abagiye ni abagize batayo ya  (Battallion)mu butumwa bahawe na Lt Gen. Cesar […]Irambuye

Yesu yadusezeranije umufasha, ariwe Mwuka Wera

 “Kandi ibimwuzuye akaba ari byo twahaweho twese, ni ubuntu bukurikira ubundi”(Yohana 1:16)  Abantu benshi bizera Yesu nibyo ariko uko bafata Yesu ntaho bihuriye n’ubimwuzuye kuko usanga dusaba Yesu ibiryo, imyambaro, akazi, ibingana n’ubuzima bwa hano ku isi gusa nabyo bitari iby’igihe kirekire; nkeka ko ahanini tubiterwa nuko nta hishurirwa dufite ko muri we ariho byose […]Irambuye

Muri Yesu harimo Ubugingo

” Kandi ibimwuzuye akaba ari byo twahaweho twese, ni ubuntu bukurikira ubundi” Yohana 1:16  Imana yafashe ibintu byose ibibumbira muri Kristo Yesu. Kuva kera abantu bakunda ibintu bifatika bareba ariko ibiri muri Kristo Yesu kugirango ubigereho bisaba kubanza guhishurirwa neza kugirango umenye ubwo butunzi bwahishwe muri kristo Yesu niyo mpamvu yagiriye inama itorero rya Lawodikiya ngo […]Irambuye

Rwanda&Ghana: ishuri rya mbere mu kwigisha kwihangira imirimo USA rizohereza

Babson College, rimwe mu mashuri akomeye cyane ku isi yigisha ibijyanye no kwihangira imirimo (entrepreneurship) ryatangije gahunda yihariye yo gusangira ubumenyi n’abanyeshuri bo mu mashuri yishumbuye mu bihugu bya Ghana n’u Rwanda gusa. Muri izi mpeshyi, iri shuri nibwo rizohereza abanyeshuri 100 kuri buri gihugu, baje gusangira ubumenyi n’abo mu Rwanda na Ghana mu gihe […]Irambuye

Gatsibo: Umugore yarokotse Grenade yatewe

Umugabo witwa Sam Makombe afungiye kuri station ya Police i Kabarore aho ashinjwa gutera grenade Madeleine Mukabadege ariko ku bw’amahirwe ntiturike. Ku wa gatanu ushize nibwo uyu mugabo ngo yayiteye Madeleine agamije kumwica nkuko byemezwa n’umwe mu bapolisi muri aka gace. Abaturiye aho batangarije Newtimes dukesha iyi nkuru ko uyu mugabo basanzwe bamukekaho gutunga intwaro […]Irambuye

Ingorane zo gushaka umunyayorudaniyakazi ni nyinshi cyane

N’ubwo umuntu wese afite uburenganzira ku bwenegihugu, mu gihugu cya Jordanie ho ngo ibintu siko bimeze kuko iyo umugore waho ashatse umugabo w’umunyamahanga, bigira ingaruka zikomeye ku bana babo kuko bimwa ubwenegihugu. Abagore muri Jordanie ngo iyo bashatse aba bagabo b’abanyamahanga, abana babo ndetse n’abagabo babo ntibagomba kugira uburenganzira ku bwenegihugu bwa Jordanie. Ngo n’ubwo […]Irambuye

en_USEnglish