Month: <span>August 2011</span>

Kamishi

Imitoma by Kamishi [stream flv=x:/umuseke.com/wp-content/uploads/2011/10/Imitoma by Kamishi – Umuseke.com.flv img=x:/umuseke.com/wp-content/uploads/2011/10/kamishi copy.jpg embed=false share=false width=640 height=360 dock=true controlbar=over bandwidth=high autostart=false /]Irambuye

Ibyamamare 12 bifite ibibuno bikurura abagabo cyane

Aba ni abahanzikazi, abakinnyi b’amafilm, abamurika imyanda mishya, mbese ibyamamare bizwiho kugira imiterere ikurura abagabo kurenza abandi;   1.Alcia Keys 2.Amber Rose 3.Serena William 4.Kim Kardashian 5.Rihanna 6.Jennifer Lopez 7.Janet Jackson 8.Beyonce Knowless 9.Coco 10.Nicki Minaj 11.Melysaa Savannah Ford 12.Lil Kim UM– USEKE.COMIrambuye

Yesu atanga impano yo guca bugufi

“Kandi ibimwuzuye akaba ari byo twahaweho twese, ni ubuntu bukurikira ubundi” (Yohana 1:16) Yesu niwe rugero rwuzuye rwo guca bugufi no gushyirwa hejuru. Iyo urebye aho yavukiye mu kiraro cy’inka kandi ari Umwami biragaragaza guca bugufi gukomeye. Muri 1 Petero 5:6 haravuga ngo: “Mwese mwicishe bugufi muri munsi y’ukuboko gukomeye kw’Imana nayo izabashyira hejuru mu gihe gikwiriye […]Irambuye

Inyenyeri isobanura Yesu

“Kandi ibimwuzuye akaba ari byo twahaweho twese, ni ubuntu bukurikira ubundi” (Yohana 1:16) Biragaragara ko muri Kristo harimo ibimwuzuye kandi natwe tukaba twarabihaweho twese, ikibazo, ni iki gituma bitagera ku babihawe? Kugirango tumenye ko ari ubutunzi bwahishwe birasaba umwete no kubishaka. Yesu yaravuze ngo “ubwami bumeze nka zahabu yahishwe umuntu wagiye agurisha ibyo afite byose […]Irambuye

ECOBANK ya muhanga, agashya mu kwakira abakiliya

Kuri  uyu wa gatanu, Ecobank ya Muhanga, hagaragaye  gahunda bise ECOBANK  Friday customer care, aho umuliya aza agafata akantu ko kwica isari ndetse agahabwa service imuzanye. Iyi gahunda iba kuwa gatanu wanyuma w’ukwezi ngo igamije gutuma abakiliya bamererwa neza mu gihe baje kwaka service muri Ecobank. Umukiliya abasha gufata ako kunywa (Amazi, Jus cyangwa ka […]Irambuye

Sibo Tuyishimire yagize amahirwe yo kujya USA kuvurwa Cancer

Ku myaka 13. Sibo Tuyishimire yagize amahirwe yo kwerekeza muri Leta z’unze ubumwe za America kuvurwa indwara ya Cancer afite. Uyu mwana w’umunyarwanda, agiye kuvurwa ku buntu mu bitaro by’abana bya Boston, muri leta ya Massachusetts. Mu gihe yari amaze igihe avurirwa mu bitaro bya Rwinkwavu byaranze. Dr Sara Stulac, uzavura Sibo, yamubonye mu gihe […]Irambuye

Joseph Habineza yatangiye imirimo mishya muri Nigeria

Uwahoze ari Ministre w’umuco na Sport mu Rwanda bwana Joseph Habineza, yatangiye imirimo mishya yo guhagararira igihugu cy’u Rwanda muri Nigeria. Ibiro by’uhagarariye leta y’u Rwanda muri Nigeria biri Abuja, ari naho Joseph Habineza azajya akorera, yahageze kuri uyu wa gatatu. Twamubajije iby’urugendo rwe, n’akazi gashya yiteguye gukorera i Abuja. Joseph Habineza yatubwiye ko yahagurutse I […]Irambuye

Igitsina gito ku mugabo ntigikwiye gutera ipfunwe

Ubushakashatsi bugaragaza ko abagabo bafite igitsina kigufi bibatera ipfunwe, kuburyo bamwe bibaviramo gutinya kubaka urugo bibaza ko bazananirwa gutera akabariro, ariko aba bashakashatsi bakaba bahumuriza umntu wese ufite icyo kibazo. Abagabo rimwe na rimwe bakunda kwitegereza igitsina cyabo, ngo bakagereranya n’ibya bagenzi babao bazi, bikabareta ipfunwe. Ariko burya ngo niyo cyaba gito gute ariko kiri […]Irambuye

U Rwanda rurasaba Union Africaine gufasha abarwanya Khadaffi

Kigali – kuri uyu wa gatanu, u Rwanda rwasabye umuryango wa Africa y’unze ubumwe gufasha Conseil national de transition (CNT) iri kurwanya ubutegetsi bwa Khadaffi kuko uyu atagishoboye kuyobora abaturage ba Libya. « birakwiye ko Union Africaine ifasha Conseil National de Transition » ni ibyatangajwe na Ministre ushinzwe ububanyi n’amahanga, Louise Mushikiwabo, kuri Radio Rwanda. I Addis […]Irambuye

Abakobwa b’amasugi barinda Khadaffi baba aribo bakimukomeyeho

Kugeza ubu Khadaffi ari gushakishwa n’abamurwanya ngo barangize burundu ubutegetsi bwe, ku munsi w’ejo, abamurwanya barasanye n’abarwanyi bakomeye aho bakekagako yihishe, kugeza n’ubu ngo ntibaramugeraho. Mu barindaga Khadaffi nkuko tubikesha Associated Press, ngo ni abagore bakomeye bivugwa ko ari amasugi. Aba ngo baba n’ubu ari bo bakimurwanaho. Aya masugi ngo yahawe imyitozo yo ku rwego […]Irambuye

en_USEnglish