Month: <span>March 2011</span>

Igura n’igurisha ku bakinnyi

PNFL: Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi uko ryarangiye Nyuma y’imikino ibanza ya shampiona (Phase aller), amakipe yari ahugiye mu kongeramo amaraso mashya kugira ngo azabe ahagaze neza mu mikino yo kwishyura (Phase retour) igomba gutangira ku itariki 2 Mata. Mu gihe rero iri soko ry’abakinnyi ryarangiraga itariki ya 24 Werurwe saa sita z’ijoro,umuseke.com wagerageje kubakusanyiriza abakinnyi […]Irambuye

Ashley Cole n’umukunzi w’ibanga

Uyu mukunzi mushya w’ibanga wa Ashely Cole yitwa ANNIE COOPER, azwi cyane muri filme yitwa HOLLYOAKS. Iby’uyu munya Suedekazi w’imyaka 27 na Ashley Cole umukinnyi wa Chesea ngo byatangiye kumenyekana nyuma y’umukino ikipe ya Chelsea yatsinze Manchester City muri week-end ishize. Mu rwego rwo kwishimira iyi ntsinzi Ashley Cole ngo yibese bagenzi be ndetse nabashinzwe […]Irambuye

Abarwanya Gaddafi bafashe indi mijyi 4

Ingabo za Gaddafi nk’imbeba zishwe n’ubwoba Ingabo zirwanya Col. Muammar Gaddafi zimaze kwigarurira indi mijyi ine mu burasirazuba bwa Libya ndetse bakaba begereye umugi witwa uwa Gaddafi wa Sirte, nkuko BBC ibitangaza. Imijyi yongeye kwisubizwa n’abarwanya Gaddafi ni Ras Lanuf, Brega (ukungahaye kuri Petrole), Uqayla and Bin Jawad, bakaba ngo bayifashe nyuma y’uko ingabo zishyigikiye […]Irambuye

Umugoroba w’intsinzi Week-end iryoshye

Ntibyaherukaga! Ku bakunzi ba siporo muri rusange, baraye neza. Nyuma y’uko u Rwanda muri Volley rutsinze ikipe ya Kenya yasaga nikomeye mu marushanwa ya Zone V, ayo mavubi kandi muri ruhago i Nyamirambo yatsinze u Burundi 3-1, bidatinze muri Volley i Remera baba batwaye igikombe. Imana yiriwe aha, iranaharaye ntagushidikanya. Ntibyaherukaga ko abanyarwanda bagira week-end […]Irambuye

MEDSAR mu rugendo rwo kurwanya igituntu

Abanyeshuri biga iby’ubuvuzi mu Rwanda bibumbiye mu ihuriro MEDSAR baratangaza ko umuco wo gusangirira ku miheha ukigaragara hamwe na hamwe mu Rwanda ndetse no kuba hakiri umubare munini w’abanyarwanda batajijutse ari zimwe mu mbogamizi mu guca indwara y’ igituntu. Mu rugendo aba banyeshuri bakoreye mu karere ka Huye kuri uyu wa 26 Werurwe rugamije kuzamura […]Irambuye

Abarwanya Kaddafi bagiye gufata Ajdabiah

LIBYA: Nkuko tubikesha urubuga rwa internet www.20minutes.fr, ruratangaza ko mu ijoro ryakeye indege z’urugaga rw’ibihugu byishyize hamwe mu kurwanya Kaddafi, zarashe ndetse zikanasenya za burende za Mouammar Kaddafi mu burasirazuba bwa Libya kugira ngo bafungurire inzira abarwanyi ba Kaddafi bashakaga gufata ndetse no kugenzura umujyi wa Ajdabiah, umujyi ushobora kubafasha mu gufata iyindi mijyi. Twabibutsa […]Irambuye

Volleyball: u Rwanda rwiyunyuguje Kenya

Ku maseti atatu ku busa, u Rwanda rumaze gutsinda ikipe ya Kenya mu marushanwa y’akarere ka gatanu. Ikipe ya Kenya niyo urebye yagaragaraga nk’ikomeye mu makipe atatu yandi yitabiriye. Ni mu mukino wari ukomeye na mbere y’uko utangira, aya makipe yombi yari yabashije gutsinda umukino mu mikino yayo ibanza, Kenya yabashije gutsinda Uganda iyirusha, n’u […]Irambuye

Ese Karekezi Olivier abona ate Amavubi?

Ikipe nkuru y’AMAVUBI mu masaha make iracakirana n’INTAMBA KU RUGAMBA mu gushakisha itike y’imikino ya nyuma y’igikombe cy’AFRICA 2012 kizabera muri GUINEE na GABON. Umutoza Silas TETTEH yahamagaye abakinnyi batandukanye muri bo hari abakinnyi batari baherutse nka UZAMUKUNDA Elias wari warerekeje ku mugabane w’uburayi, ndetse na MAFISANGO MUTESA Patrick utari akigaragara kubera imyitwarire mibi. Ku […]Irambuye

Yémen-Perezida yemeye kuva ku butegetsi

Perezida w’igihugu cya Yemen, Ali abdallah Saleh, kuri uyu wa gatanu yatangaje ko yiteguye gutanga ubutegetsi mu maboko y’abo abona ko abizewe kandi bashoboye mu rwego rwo kwanga ko hameneka amaraso menshi .Ibi akaba aribyo yatangarije imbaga y’abigaragambya bari bateraniye mu gace ka Saana. Uyu muperezida amaze ku kubutegetsi imyaka 32, kuri ubu yibasiwe n’abigaragambya […]Irambuye

AMAVUBI: Rwanda vs Burundi igice cya II

Umutoza Sillas TETTEH arasabwa gushishoza agakina neza amakarita ye, uyu mukino ni ipfundo ritajegajega ry’umutego AMAVUBI agomba kwirinda. Ni amasaha make asigaye ngo rucakirane hagati y’u RWANDA n’u BURUNDI. Ntawe uyobewe ko amavubi agomba gutsinda ngo ashimangira ikizere cyo gukomeza guhigana n’amakipe abarizwa muri iri tsinda rya H, aho biteganyijwe ko ikipe ya mbere ariyo […]Irambuye

en_USEnglish