Month: <span>March 2011</span>

Gatete yakatiwe gufungwa burundu

Igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’ibyaha aregwa Kigali- Uwari Burugemesitri w’icyahoze ari komini Murambi , Gatete J. Baptiste yahanishijwe gufungwa burundu n’urukiko rwa Arusha nyuma yo guhamwa n’icyaha cya genocide, ibyaha byibasiye inyokomuntu n’ ibyaha by’ intambara . Photo: internet: Jean Baptiste Gatete wakayiwe gufungwa burundu. Mu gihe cya genocide 1994, Gatete yari umuyobozi […]Irambuye

Kigali:Inama mpuzamahanga ku isuku

KIGALI– Inama nyunguranabitekerezo isuzuma isuku ikwiye kurangwa mu mijyi,yatangijwe ku mu garagaro hano I Kigali. Iyi nama iteraniyemo impuguke zitandukanye zituruka mu bihugu bigize umuryango w’afrika y’uburasirazuba. Atangiza ku mugaragaro iyi nama Ministre w’ubuzima dr Richard Sezibera yavuze ko nubwo u Rwanda rubarirwa mu bihugu byita ku isuku, ngo haracyagaragara ibibazo biterwa n’isuku nke, urugero […]Irambuye

Munyakazi arasabirwa gufungwa burundu

Arusha: Ubushinjacyaha burasabira Munyakazi igifungo cya burundu Kuwa mbere I Arusha muri Tanzaniya, urukiko rw’ubujurire mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, rwumvise ikirego cy’ ubucamanza, aho bwajuriraga busaba ko igihano cy’ igifungo cy’ imyaka 25 cyahawe Yussuf Munyakazi cyakurwaho agahanishwa igifungo cya burundu. Yussuf Munyakazi ukurikiranywe ho ibyaha bya jenoside (Photo internet) Ibiro ntaramakuru […]Irambuye

Inama mpuzamahanga ya Commonwealth

Rwanda:Inama mpuzamahanga ku ruhare itangazamakuru ryagira mu iterambere n’ubukungu ku isi Umunyamabanga mukuru wungirije w’Umuryango Commonwealth Madamu Mmasekgoa Masire Mwamba yageze I Kigali kuri uyu wa mbere. Umunyamabanga mukuru wungirije w’Umuryango Commonwealth Madamu Mmasekgoa Masire Mwamba (Photo internet) Kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Werurwe nibwo i Kigali hatangira inama mpuzamahanga ifite insanganyamatsiko, “Uruhare […]Irambuye

Lennon ntakina mukino na Ghana

Kuri uyu wa kabiri ikipe y’igihugu y’Ubwongereza Three Lions, igomba kuba iri kuri stade ya Wembley I saa tatu z’ijoro, ubwo iza kuba ikina umukino wa gishuti n’ikipe ya Ghana Black Stars. Umukinnyi AARON LENNON akaza kutagaragaramo kubera ikibazo cy’imvune. Uyu mukinnyi akaba yasubiye mu ikipe ye Tottenham asanzwe akinira mu bakina ku mpande (wingers) […]Irambuye

Allasan Ouattara yateye Laurent Gbagbo

Kuri uyu wambere mu mujyi wa Duékoué ingabo zishyigikiye Alassane Dramane Ouattara zateye ingabo za Laurent Gbagbo nkuko BBC yabitangarijwe n’abaturage batuye uwo mujyi, iyi mirwano ngo yaba yahitanye abasaga 15. Muri uyu mujyi ngo humvikanye iraswa ry’ama roquettes n’izindi ntwaro ziremereye mu bitero by’ingabo za Ouattara zagabye kuza Gbagbo ahagana mu ma saa kumi […]Irambuye

Daddy BIRORI yaba ari umujura?

FERWAFA yinjiye muri Dossier Dadi vs Kiyovu vs Lupopo Ikipe ya Kiyovu yaba ubu ifite ibyishomo by’uko FERWAFA igiye kwinjira mu kibazo cya Daddy Birori wacitse Kiyovu akigira muri Lupopo. Uyu mukinnyi Daddy BIRORi yavuye mu ikipe ya Kiyovu ku buryo butazwi yerekeza mu ikipe ya Saint Eloi Lupopo muri Kongo Kinshasa ndetse ahita ahindura […]Irambuye

Huye: Umugabo yivuganye muramu we

Umugabo witwa Macumu Anastase ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 26 Werurwe 2011 yivuganye muramu we witwa Ntirushwa Zayasi, nyuma yo gucyocyorana maze ntibumvikana ku byerekeranye n’akazi kabo k’ububaji bose bahuriye. Ni mu mudugudu wa Gasunzwe akagali ka Bukomeye umurenge wa Mukura akarere ka Huye intara y’amajyepfo. Aba bagabo bombi ngo kuri iki cyumweru […]Irambuye

Beckham na Tom Cruise i LA Lakers

David Beckham na Tom Cruise ku kibuga cya LA Lakers Umuryango wa Tom Cruise na Katie Holmes (bazwi mu ma filme) niwo wakiriye ushakira inzu ndetse unamenyereza umuryango wa David na Victoria Beckham i Beverely Hills agace kabaherwe mumugi wa Los Angels leta ya California. Ubu nubwo Victoria Beckham na Katie Holmes batacyumvikana, ariko David […]Irambuye

COOPEDU–Haracyakenewe gukora byinshi

COOPEDU – Hari byinshi bigikenewe nubwo bamaze gutera imbere Mu nama rusange ku nshuro ya 13 yahuje abayobozi ba koperative yo kuzigama no kuguriza DUTERIMBERE COOPEDU, ndetse n’abanyamuryango bayo bemeje ko nubwo bamaze gutera imbere bagereranyije n’ibihe byashije ndetse n’andi makoperative bakora akazi kamwe, hakiri ibyo bagomba gutunganya. Abari bayoboye inama rusange ya COOPEDU ku […]Irambuye

en_USEnglish