Month: <span>March 2011</span>

Top 10 : kubaka izina si umukino.

Nk’uko bigaragara ku mutwe w’iyi nkuru, kubaka izina si umukino kuko bisaba ibintu byinshi ndetse kandi n’ingufu nyinshi. Ni muri urwo rwego rero amwe mu makipe cyane cyane ku mugabane w’uburayi iyo ashaka kumenyekana abanza kwitabaza itangazamakuru cyane cyane agerageza gukora ibidashoboka mu mupira w’amaguru cyangwa se agashakisha uko yagura abakinnyi baba bakuze kuri uwo […]Irambuye

Amavubi U23 abakinnyi 18 berekeza Lusaka

Amavubi U23 abakinnyi 18 berekeza i Lusaka bamaze kumenyekana Ku mukino afitanye n’ikipe y’igihugu cya Zambia ku batarengeje imyaka 23 mu mpera z’iki cyumweru mu rwego rwo gushakisha itike yo kujya mu mikino olimpiki izabera i Londres mu 2012, umutoza Eric NSHIMIYIMANA amaze gushyira ahagaragara abakinnyi 18 bari buze guhaguruka i Kigali ku mu rukerera […]Irambuye

Sobanukirwa no gusinzira ku manywa

Gusinzira ku manywa cyane cyane mbere yo gusubira ku kazi ka nyuma ya saa sita bifite akamaro iyobikozwe ku gihe bigenewe. Bitewe n’imyaka hari amasaha buri muntu aba asabwa kuryamaho ku manywa yayarenza cyangwa ntayageze akamererwa nabi mu mubiri. Burya ngo gufata akanya ugasinziraho ni umuti ku kazi ka buri wese nyuma ya saa sita. […]Irambuye

Minisitiri w’Intebe yasuye Gatsibo

Abayobozi b’akarere ka Gatsibo bijeje Minisitiri w’intebe kuza imbere mu mihigo!! Mu ruzinduko yagiriye mu turere twa Gatsibo na nyagatare,ku wa 23 Werurwe, yagiranye inama n’abayobozi ku nzego zose bagize akarere ka Gatsibo maze bawizeza ko amateka mabi yo kuza inyuma mu mihigo atazasubira ukundi. Uru ruzinduko rwa minisitiri w’intebe aherekejwe na guverineri w’intara y’iburasirazuba […]Irambuye

Wakora iki ngo ube umugore ubereye urugo?

Umugore wese yagakwiye gutekereza uburyo yaba umugore mwiza kandi wishimirwa n’umutware we ibihe byose bamwe twita ba “Mutima w’urugo”. Ibi ntibyagakwiye kugaragazwa gusa no guhindura imyitwarire, ahubwo no kurema imikoranire myiza n’umutware we. Abahanga mu by’urukundo badushakiye ibintu bitandatu wakora ngo ube umugore ukundwa kandi wizerwa n’umutware we.   1. Ntuzagerageze guhindura umutware wawe Birashoboka […]Irambuye

Ibintu 7 bito bigaragaza urukundo rukomeye

Mu rukundo hari utumenyetso tworoheje umugabo ashobora gukorera umufasha we agahita abona kandi akemera ko amukunda by’ukuri bitamusabye kuvunika cyangwa kwigora.Twegereye abahanga mu by’urukundo babinyujije ku rubuga rwa Internet www.sheknows.com badushakira birindwi by’ibanze muri ibyo bimenyetso. 1.Kugutwaza agatwaro ufite Bijya bibaho ko ugura nk’utuntu cyangwa udukuye ahantu, ukumva turemereye ku buryo udashobora kutwitwaza. Umukunzi wawe […]Irambuye

Lady Gaga arimo gupfuka imisatsi

Umuhanzikazi w’umunyamerika Lady Gaga aratangaza ko imisatsi ye irimo gupfuka kubera gushyiramo ibirungo byinshi. Stephanie Germanotta nk’amazina ye bwite, w’imyaka 24 y’amavuko umunyerewe ku myambaro itangaje ndetse n’insokozo zitangaje aho akunze kugira imisatsi y’amabara atandukanye, ubu ngo imisatsi ye irimo gupfuka kubera ibirungo yakoresheje ubwo yahinduraga imisatsi ye ikigina (blonde) kandi akaba atangaza ko ababazwa […]Irambuye

Ubushakashatsi kugutera akabariro

Umugore umwe kuri babiri ngo yanga gutera urubariro kubera imiterere ye ! Ubushakashatsi bw’abongereza bwakozwe ku bantu 4000 bugaragaza ko 25% byabo banga gukorana imibonano mpuzabitsina kuko batiyumva neza mu mibiri yabo. 29% muri bo ngo bumva babyibushye naho 23% bakitwaza ko bumva badakunzwe bakanga gutera akabariro. Naho 8% na 11% by’abagabo nabo batanga ku […]Irambuye

AMAVUBI: Rwanda vs Burundi igice cya I

Amaso ahanze TETTEH witoratoranya ngo agane mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’AFRICA. Ikipe y’u Rwanda AMAVUBI mu kwitegura umukino wo kuri uyu wa gatandatu uzayihuza n’INTAMBA K’URUGAMBA (ikipe y’igihugu cy’u BURUNDI), irasabwa gukora ibishoboka byose ikegukana amanota atatu. Umutoza Sillas TETTEH, yatangarije abanyarwanda ko intego ye ari ugutsinda u BURUNDI; kugeza ubu yishimira ko abakinnyi […]Irambuye

Intambara ya Navio na Atlas Da Afrikan

Kampala – Kuwa Gatanu ushize mu masaha ya saa cyenda za mugitondo ahitwa Club Rouge I Bugande nibwo J.B ubarizwa mu itsinda rya Hip-Hop, Klear Kut, yakubise Atlas Da Afrikan ubwo Navio yerekanaga amashusho y’indirimbo ye “Keep moving” Aheruka gusohora ari kumwe na Benon. Nkuko tubikesha urubuga musicuganda.com, imirwano yaje nyuma y’aho J.B akubitiye Atlas […]Irambuye

en_USEnglish