Tags : WASAC

Ngoma: Mu kagari Kamuzingira bongeye kubona amazi meza baherukaga mbere

Abaturage bo mu kagari ka Muzingira mu murenge wa Mutenderi, babonye amazi meza nyuma y’igihe kinini Umuseke ubakorara ubuvugizi, ngo barwaraga indwara ziterwa no kunywa no gukoresha  amazi mabi. Umuryango nyarwanda utegamiye kuri Leta, uharanira guteza imbere uburezi, washora miliyoni eshehsatu (Frw 6 000 000) mu mushinga wo kwegereza abaturage amazi kugira ngo bagire ubuzima bwiza, […]Irambuye

Masaka: Abaturage bariruhutsa ko batazongera kuvoma amazi ya Nyabarongo

Abaturage bo mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Masaka, Akagali ka Mbabe barishimye kuko ngo batazongera kuvoma amazi yanduye yo mu mugezi wa Nyabarongo, bavomaga amazi yanduye kandi bakoze urugendo rurerure,  akenshi ijerekani yaguraga amafaranga 400. Ku bufatanye bw’Akarere ka Kicukiro, n’Umushinga Water for People na Coca Cola, bashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ivomo rusange […]Irambuye

Umushinga uzakemura burundu ikibazo cy’amazi muri Kigali ugeze kuri 80%

*Ngo umushinga wa Nzove I na Nzove II uzatuma Abanya-Kigali babona amazi arenze akenewe, *Igihombo cya miliyari 8.6 Frw cy’amazi atishyurwa cyatewe n’imiyoboro ishaje. Kuri uyu wa gatanu umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ibikorwa remezo ushinzwe ingufu n’amazi Kamayirese Germaine yasuye umushinga wo kongera amazi  mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo wa Nzove […]Irambuye

Ku munsi Kigali ikeneye amazi m³ 120 000 ahari ni

* WASAC iyungurura m3 230 000 ku munsi gusa andi make ayungururwa n’inganda nto, *Ngo bitarenze Kamena 2017 amazi muri Kigali aziyongeraho m3 55 000 Tariki ya 22 Werurwe buri mwaka Isi yahariye uwo munsi uw’amazi. Mu gihe amazi ari uburenganzira bw’ibanze bwa muntu, mu Rwanda haracyasabwa byinshi ngo buri muturage abone amazi mu rugo iwe, […]Irambuye

WASAC ngo uwayikoreraga ni ‘Umujura’ , Abadepite bati “Mugomba kumuha

* Baganizi Rutirengagiza Jean ashinja WASAC guhonyora ubunganzira bwe bagafatiira ibye *Abayobozi muri WASAC barabusanya, hari uvuga ko nta gufatira kwabayeho undi akabyemera *WASAC ishinja uyu mugabo kwiba miliyoni 3.7 Frw, na we ngo bamurimo miliyoni 2.1 Frw… Ikigo gishinzwe amazi n’isukura, WASAC Ltd cyemera ko cyafatiriye amafaranga cyagombaga guha umwe mu  bari abakozi bacyo kubera […]Irambuye

Gicumbi: Ubuyobozi n’abafatanyabikorwa bafatiye ingamba umwanda ukabije

Mu nama yo kwigira hamwe uko ikibazo cy’isuku nke igaragara mu karere ka Gicumbi cyavugutirwa umuti, kuri uyu wa 04 Ukwakira, ubuyobozi bw’akarere bwasabye abaturage kumenya ko isuku ari isoko y’Ubuzima, bubabwira ko butifuza guhatira umuturage gukaraba nk’uko bwakunze kubikora bubafata bukajya kubakarabiriza ku biro by’akarere. Ikibazo cy’isuku nke cyakunze kuvugwa muri aka karere ka […]Irambuye

EDCL yemereye PAC ko igiciro cy’amashanyarazi gishobora kuzagabanuka muri 2017

Mu biganiro byo gusobanura amwe mu makosa yagaragajwe n’Umugenzuzi w’Imari ya Leta mu micungire y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amashanyarazi (REG), n’icy’igishinzwe amazi (WASAC), Umuyobozi wa Sosiyete ishinzwe gukwirakwiza amashanyarazi (EDCL) yavuze ko hagendewe ku bimaze kugerwaho hari icyizere ko mu mwaka utaha amashanyarazi ashobora kuzagabanukaho nka 20% ku giciro. Abadepite barebaga aho REG igeze yishyuza amafaranga […]Irambuye

Muhanga: WASAC ishobora kuryoza Akarere igihombo cya Miliyoni 120 Frw

Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n’isukura (WASAC) kiratangaza ko hari igihombo cya Miliyoni ijana na makumyabiri z’amafaranga y’u Rwanda (120 000 000 Frw) Akarere ka Muhanga kazishyura, iki gihombo cyatewe n’isenywa ry’ibigega by’amazi WASAC yari yubatse mu Murenge wa Shyogwe na Cyeza. Ibi bigega by’amazi byubatswe na WASAC mu rwego rwo kongera ingano y’amazi ahabwa […]Irambuye

REG yahakanye ko abari abakozi ba EWSA birukanwe bitanyuze mu

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo kuri uyu wa gatanu tariki 4/12/2015, ikigo gishinzwe ingufu mu Rwanda (Rwanda Energy Group, REG), abayobozi bacyo bavuze ko amakuru avugwa n’abahoze ari abakozi bayo ko birukanwe bitanyuze mu mucyo atariyo. Ubuyobozi bwa REG buvuga ko kugeza ubu nta mukozi wirukanywe, gusa ngo icyabaye ni uguhagarika abakozi bagasubizwa Minisiteri y’abakozi (MIFOTRA), […]Irambuye

Afritech Energy igiye kubaka ingomero 4 za MW 11, abaturage

Ubwo Abayobozi ba Afritech Energy, ikigo cyo muri Canada kizobereye mu gukora ingomero z’amashanyarazi, bagiranaga amasezerano y’imikoranire n’abandi ba fatanyabikorwa, nka East African Power, Practical Action na Hydro Power Solutions, bavuze ko ingomero enye zizubakwa mu turere twa Rubavu na Rutsiro zizatwara asaga miliyoni 40 z’Amadolari. Kuri uyu wa kabiri tariki 3 Ugushyingo, hasinywaga amasezerano […]Irambuye

en_USEnglish