Tags : Urubyiruko

Ibiyobyabwenge mu rubyiruko ku Kamonyi nk’inzitizi yo kwiteza imbere

Ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu rubyiruko mu karere ka Kamonyi ngo ni imwe mu nzitizi ikomeye ku iterambere ry’uru rubyiruko nk’uko byatangajwe munteko  rusange y’urubyiruko  rwo mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa 20 Kamena 2014. Iyi nteko rusange yitabiriwe n’ubuyobozi ku rwego rw’Akarere, abahagarariye inama y’igihugu y’urubyiruko ndetse n’abajeune benshi yari igamije kurebera hamwe  uko urubyiruko […]Irambuye

Tigo na One UN bemeranyijwe guteza imbere urubyiruko n’abagore

Kuri uyu wa 18 Kamena 2014, Ikigo cy’itumanaho cya Tigo na One UN Rwanda basinye amasezerano y’Ubufatanye azamara imyaka ine afite agaciro ka miliyoni 5,4$ yo kuzamura imibereho myiza y’Abanyarwanda cyane mu byiciro by’urubyiruko mu guhanga imirimo no guteza imbere abagore. Aya masezerano azamara imyaka ine Tigo ikaba izashyiramo amafaranga agera ku bihumbi 400 by’amadorali […]Irambuye

“Igihugu gikeneye ingengabitekerezo yo gukora ibintu vuba,” Ndayisaba

Mu nteko y’urubyiruko ya 17 yateranye kuwa gatandatu tariki 7 Kamena, umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yatangaje ko u Rwanda aho rugeze rukeneye urubyiruko rukora rukora ibintu vuba bikarangira, urubyiruko kandi rwiyemeje gukorana ubwitange mu kugeza serivise ku bo ruhagarariye. Iyi nteko y’urubyiruko ihuza abahuzabikorwa b’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko mu turere n’abagize komite, iy’uyu mwaka ikaba yari […]Irambuye

Ibibazo 10 kuri Hon Eduard Bamporiki

Kideyo, inshuti ya Stephano mu ikinamico izwi cyane Urunana, Eduard  Bamporiki, depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, umugabo wubatse ku myaka 30 y’Amavuko. Yagiranye ikiganiro cyihariye n’Umuseke muri iyi week end. Intwaro ye ni igishushanyo,  ikimuca intege ni ukwibeshya ku muntu, kugambanira igihugu ni igihombo ku Rwanda, Amahoro niyo mahirwe ya mbere, kwamamara si […]Irambuye

Gisagara: Urubyiruko rwasabwe kwirinda abarushuka

Kuri uyu wa 2 Gicurasi mu Murenge wa Kansi, Akarere ka Gisagara hatangijwe ukwezi k’urubyiko ku rwego rw’igihugu. Umunyamabanga uhoraho muri Minisitiri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga  Rosemary Mbabazi yasabye urubyiruko gukangukira umurimo kandi rukirinda abarushuka ngo rujye mu bikorwa bibi. Yongeyeho ko bahisemo ko ukwezi k’urubyiruko mu Ntara y’epfo kwatangirira mu Karere ka Gisagara kuko kari mu […]Irambuye

Ntarama: Urubyiruko rwacitse ku icumu rwiyemeje kubyaza umusaruro igishanga bahawe

Abana batuye mu mudugudu wa Ntarama, mu Karere ka Bugesera bibumbiye ku ishyirahamwe ryiswe Ingenzi bashimiye Leta yabahaye igishanga cyo guhingamo ndetse n’umushinga Comfort My People Ministries wemeye kubaha inkunga ya Miliyoni icumi zo kwifashisha mu bikorwa byabo muri kiriya gishanga. Umuyobozi mukuru wa Comfort my People Ministries, Pastor Willy RUMENERA yabwiye Umuseke ko  imwe […]Irambuye

Millicom yatangirije mu Rwanda ikigo gishya yise "THINK"

Kuri uyu wa mbere tariki 31 Werurwe, Ikompanyi mpuzamahanga ya Millicom ifite ibigo by’itumanaho bya Tigo, yatangirije mu Rwanda ikigo mpuzamahanga yise “Think” kizafasha Abanyarwanda, Abanyafurika n’ahandi bantu bose muri rusange bafite ibitekerezo by’imishinga y’ikoranabuhanga ishobora guhindura ubuzima bw’abatuye Isi. Think ni ikindi kigo gishya Millicom yahisemo gutangiriza mu Rwanda kubera uburyo u Rwanda rukangurira […]Irambuye

Minisitiri w'Intebe arakangurira urubyiruko kwirinda ubukwe buhenze

Minisitiri w’intebe Dr Pierre Damien Habumuremyi arakangurira Abanyarwanda bose bakora ubukwe cyane cyane urubyiruko kugerageza kugabanya gusesagura imitungo. Kuri uyu wa mbere abinyujije kuri twitter Minisitiri w’Intebe Dr Habumuremyi yakanguriye Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko gucunga neza bicye bafite no kwizigamira kugira ngo bizere gutera imbere, bakanateza imbere igihugu cyabo. Yagize ati “Abanyarwanda cyane urubyiruko twirinde […]Irambuye

Ngoma: Urubyiruko rurakangurirwa kubyaza umusaruro amahirwe arukikije

Mu kiganiro cyahuje itsinda ry’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere “Rwanda Development Board (RDB)” n’urubyiruko rwo mu Karere ka Ngoma rw’ ingeri zitandukanye kuwa gatatu tariki 19 Werurwe, urubyiruko rwakanguriwe gukanguka rugakoresha amahirwe menshi arukikije rukiteza imbere. Iki kiganiro cyabereye ku kigo cy’Urubyiruko cya Ngoma, aho itsinda rigizwe n’abafatanyabikorwa ba RDB barimo abahagarariye DOT Rwanda, KEPLER, EDUCAT, INDIAFRICA […]Irambuye

en_USEnglish