Tags : UNHCR

MIDMAR yasabye kongererwa ingengo y’imari mu myaka itatu iri imbere

*Impunzi zose zigiye kujya zihabwa amafaranga aho guhabwa ibiryo, *MIDMAR yavuze ko igenamigambi ry’ibiza ari ibya buri wese. Kuri uyu wa gatatu komisiyo y’abadepite ishinzwe igenamigambi yasuzumye imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’imyaka itatu ya Minisiteri y’Imicungire y’Ibiza n’Impunzi (MIDMAR). Iyi Minisiteri yasabye kongererwa ingengo y’imari kuko abafatanyabikorwa bagabanyije imbaraga kandi ngo u Rwanda rushobora kuzakira Abanyarwanda […]Irambuye

Min. Mukantabana yabwiye abadepite uko ubuzima bw’impunzi buhagaze

Minisitiri ufite impunzi n’ibiza mu nshingano, Mukantabana Seraphine yitabye Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no kurwanya Jenoside, kuri uyu wa mbere taliki 7 Werurwe, kugira ngo avuge kuri Raporo y‘ibikorwa bya Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu y’umwaka wa 2014-2015, yabwiye abadepite ko ibibazo byinshi impunzi zari zifite byabonewe umuti. Abadepite babazaga ibibazo byinshi bijyanye […]Irambuye

Impunzi z’Abarundi zikeneye Miliyoni 175.1 $ muri 2016-UNHCR

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryatangaje kuri uyu wa gatanu ko kubura ubushobozi bwa Miliyoni 175.1 z’amadolari ya Amerika bari bateganyije mu mwaka wa 2016 ngo birimo kubangamira imibereho y’impunzi. Melissa Fleming, umuvugizi wa UNHCR yavuze ko muri ariya mafaranga bateganyaga, kugeza ubu imaze kubona Miliyoni 4.7 z’amadolari (3%) gusa. UNHCR yavuze ko […]Irambuye

Mahama: Nta cyizere ko impunzi z’Abarundi zizahindurirwa indyo y’igori n’ibishyimbo

Impunzi z’Abarundi zicumbikiwe mu nkambi iri i Mahama mu karere ka Kirehe ho muntara y’Uburasirazuba ziratangaza ko zibangamiwe bikomeye no kurya indyo imwe, bakavuga ko mu mezi arindwi bahamaze batunzwe n’ibigori gusa. Minisiteri ifite impunzi mu nshingano yo itangaza ko nta cyizere yatanga cyo gukemura iki kibazo gusa ngo bagiye kugerageza barebe ko haboneka ibindi […]Irambuye

Inkambi ya Kiziba niyo ibaye iya mbere ku isi kugira

Ikigo kitegamiye kuri Leta cya Kepler hamwe na UNHCR Rwanda ku bufatanye na Minisiteri yo gucyura impunzi no gukumira ibiza kuri uyu wa gatanu bafunguye kumugaragaro gahunda y’amasomo ya kamanuza mu nkambi y’impunzi ya Kiziba, gahunda yatewe inkunga na IKEA Foundation. Nibwo bwa mbere ku isi inkambi y’impunzi igiye gutangirwamo amasomo ku rwego rwa kaminuza. […]Irambuye

OXFAM igiye kwigisha impunzi z’Abarundi uburinganire mu ngo

Mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe, Intara y’Uburasizuba ndetse n’inkambi ihererye mu karere ka Bugesera, hombi habarirwa impunzi zisaga ibihumbi 31 hakunzwe kuvugwa ko abagore basuzugura abagabo babo kubera ubukene butuma batita ku rugo bityo bigakurura umwuka mubi mu muryango biviramo na bamwe ihohoterwa. Umuryango utegamiye kuri Leta wa OXFAM ushinzwe kurwanya ubukene […]Irambuye

Umurundi ubishatse arataha nta wagizwe ingwate n’u Rwanda – MIDIMAR

*U Burundi buvuga ko u Rwanda rwafashe bugwate Abarundi b’impunzi * Ngo u Rwanda ntirushaka kubareka ngo batahe kubera inyungu z’akazi *MIDIMAR ivuga ko ibyo bivugwa n’abayobozi mu Burundi ari ibihuha n’ibinyoma *U Burundi nibwo bugomba gutera intambwe bukaganira na UNHCR, n’u Rwanda ku byo gucyura abantu babwo Révérien Nzigamasabo Buramatari w’Intara ya Kirundo mu […]Irambuye

Mahama: Umubano w’impunzi z’Abarundi n’Abanyarwanda wifashe neza

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama iri mu karere ka Kirehe ntabwo zifunze zifite uburenganzira bwo gusohoka no gutembera hirya no hino mu gihugu nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’inkambi ya Mahama ngo ndetse n’umubano w’izi mpunzi n’Abanyarwanda baturanye n’iyi nkambi umeze neza. Ibi biranashimangirwa na bamwe mu mpunzi z’Abarundi bavuga ko icyo bakeneye gukura mu […]Irambuye

en_USEnglish